• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba “umugati” w’ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

  • AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon   |   13 Jun 2026

  • AMAFOTO – Ikipe y’igihugu ya Mexique yakiriye igikombe cy’Isi 2026 na Koreya y’Epfo zatangiye zitsinda imikino yayo   |   12 Jun 2026

  • Nyuma y’imyaka 12 y’ubufatanye, Amasezerano ya Rayon Sports na SKOL yageze ku musozo   |   09 Jun 2026

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Diamond Platnumz yatangiye gucuruza ubunyobwa mu Rwanda

Diamond Platnumz yatangiye gucuruza ubunyobwa mu Rwanda

Ubwanditsi 29 Nov 2017 SHOWBIZ

Umuhanzi wubatse izina Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzaniya yatangije umushinga wo gucuruza ubunyobwa mu Rwanda.Kuri uyu wa mbere ubu bunyobwa bukaba bwageze mu magaruriro akomeye azwi nka ‘Super Market’.

Diamond w’abana babiri yanditse ku rukuta rwa instagram avuga ko yamaze kunoza neza umushinga wo gucuruza ubunyobwa mu Rwanda bwamwitiriwe buhabwa izina rya ‘Diamond Peanuts’. Yagize ati “Muraho! Ndabasubuje banyarwanda.Nejejwe no kubamenyesha ko namaze gutangira ubucuruzi bw’ubuyonyabwa mu Rwanda.”

Mu kiganiro na Frolient Marara ukuriye kompanyi Smart Agency Ltd ihagarariye ubucuruzi bw’ubunyobwa bwa Diamond, yatangaje ko we na Diamond baganiriye kuri ubu bucuruzi bwamaze gutangirizwa muri Tanzaniya bakumvikana ko bwakaguka bukagera mu Rwanda aho yavuze ko ubunyobwa bwa mbere bwageze mu Rwanda kuri iki cyumweru.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Ugushyingo 2017 nibwo ubunyobwa bwageze ku isoko.Yagize ati “Kugeza ubu iza mbere zingiye muri Weekend ariko hari izindi zirimo ziraza.Kugeza ubu dufite iduka I Nyamata mu Karere ka Bugesera.”

Yakomeje avuga ko kugeza ubu arigushaka inzu yagutse muri Kigali nko muri CHIC ndetse n’ahandi kuburyo ushaka kurangura yajya aba ariho abasanga.Ati “Kugeza ubu igiciro cyo kurangura ni ibihumbi 10 ku ikarito.Umuguzi wa nyuma azajya akagura ku isoko ku mafaranga 150.”

Diamond yinjiye mu bucuruzi bw’ubunyobwa

Avuga ko mu biganiro yagiranye na Diamond harimo no kwagura ubucuruzi bw’ubunyobwa bukagera mu gihugu hose.Ku bijyanye n’ubuziranenge avuga ko ari ntamakemwa kuko RSB yamaze kubigenzura bakanabihererwa uburenganzira bwo gukora ubucuruzi mu Rwanda.

Amakarito arenga 25 arimo udupaki turenga ibihumbi 5, niyo yabanje kwinjira.Agapaki kamwe gahagaze amafaranga 150 y’amanyarwanda.Kugeza ubu,uwashaka ubu bunyobwa arabusanga mu magariro yagutse ‘Super Market’ nka Simba ndetse na Sawa City.

Marara yavuze ko ubu bunyobwa bufite ubushobozi bwo kumara amezi icyenda ku isoko.Bufunze mu buryo bwihariye byahawe umugisha n’ikigo TBS gishinzwe ubuziranenge muri Tanzania.

Diamond arakataje mu bucuruzi dore ko nyuma yo gutangiza urubuga rwa interineti rucuririzwaho indirimbo yise wasafi.com yamaze no gushyira hanze amavuta yo mu bwoko bw’umubavu yise ‘Chibu Parfume’.

Icyo gihe Diamond yahise yinjira mu mubare w’ibindi byamamare bikomeye ku isi bikora ubucuruzi bw’amavuta yo kwisiga na Parfum nka Nick Minaj, Beyonce, Diddy, David Beckam n’abandi, gusa akaba ariwe muhanzi wa mbere utangiye gucuruza imibavu muri Afurika y’uburasirazuba.

Chibu Perfume niwo mubavu Diamond Plutnumz yashyize ku isoko mu minsi ishize

 

2017-11-29
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Koffi Olomide arashinjwa kurongora ababyinnyi be ku gahato

Koffi Olomide arashinjwa kurongora ababyinnyi be ku gahato

Ubwanditsi 02 Jun 2018
Nyuma y’u Bubiligi, Charly & Nina na Makanyaga bagiye gutaramira i Lille

Nyuma y’u Bubiligi, Charly & Nina na Makanyaga bagiye gutaramira i Lille

Ubwanditsi 10 May 2018
Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada

RUSHYASHYA 15 Jun 2026
Zari Hassani ntiyifuza ko Wema Sepetu azitabira ibirori by’umwana we nubwo yatumirwa na Diamond

Zari Hassani ntiyifuza ko Wema Sepetu azitabira ibirori by’umwana we nubwo yatumirwa na Diamond

Ubwanditsi 30 Jul 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Inkoramutima za RNC gukurikira Bonabaana nyuma yuko ingabo zishiriye ku icumu muri DRC
INKURU NYAMUKURU

Inkoramutima za RNC gukurikira Bonabaana nyuma yuko ingabo zishiriye ku icumu muri DRC

Ubwanditsi 10 Jul 2019
Abatari bake bahanze amaso icyo Zuma avuga ku cyemezo cya ANC cyo kumweguza
POLITIKI

Abatari bake bahanze amaso icyo Zuma avuga ku cyemezo cya ANC cyo kumweguza

Ubwanditsi 14 Feb 2018
APR FC yagabanye amanota na Club Africain i Kigali
IMIKINO

APR FC yagabanye amanota na Club Africain i Kigali

Ubwanditsi 29 Nov 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru