• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Inama y’umushyikirano 2017  ngo ni Amateka akomeye kuri Rutayisire Boniface utuye mu Bubiligi 

Inama y’umushyikirano 2017  ngo ni Amateka akomeye kuri Rutayisire Boniface utuye mu Bubiligi 

Ubwanditsi 11 Dec 2017 INKURU NYAMUKURU

Bamwe mu banyarwanda baba mu mahanga barakomanga ku muryango wa Kigali, aho bazitabira inama y’umushyikirano.

Mubutumwa yageneye abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda, umunyapolitiki Rutayisire Boniface arashima leta y’u Rwanda iyobowe na Nyakubahwa Kagame Paul kuko yashyizeho gahunda z’igihugu zituma buri munyarwanda wiyemeje kubakana n’abandi igihugu abigeraho kandi agasabana n’abandi banyarwanda ndetse agatanga umuganda we uko abyifuza.

By’umwihariko, Rutayisire Boniface ashima uburyo leta y’u Rwanda ishyira mubikorwa gahunda yo kwakira abana barwo bose ntakubarobanura cyangwa kubasumbanya. Iyo ununyarwannda yiyemeje kujya muri gahunda y’igihugu yo kubakana u Rwanda n’abandi, arakirwa kandi ntahorwe amateka yaba yarahozemo kuko aba yariyemeje kuyavamo agafata icyerekezo gishya. Nk’uko byagiye bigaragara mumateka, ibi bikorwa kubanyarwanda bose nta kubavangura cyangwa kubasumbanya kuko u Rwanda ari igihugu cy’abanyarwanda bose kandi bose bakaba banganya amahirwe.

Rutayisire Boniface na Ambasaderi Olivier Nduhungirehe

Iri hame rero Rutayisire Boniface ararishima cyane kuko bituma ahamagarira abandi banyarwanda bose baba hanze gukangukira kuza kubakana igihugu n’abandi.

Uyu munyapolitiki ashima nanone uburyo leta y’u Rwanda yubaha kandi yubahiriza icyo kuba umunyarwanda aricyo. Ngo kuba ari umunyapolitiki uhora ashyize imbere ubunyarwanda, dore ko n’ishyaka rye ryitwa ISHYAKA BANYARWANDA, icyo kintu rero agishimira leta y’u Rwanda kuko bihesha umunyarwanda agaciro ndetse bikagahesha buri munyafurika wese.

Kubijyanjye n’umurongo wa politiki yahozemo, Rutayisire Boniface asobanura ko kuri ubu ari umuntu mushya udafite aho ahuriye n’umurongo wa bimwe mu bitekerezo yari afite mubihe bishize. Iyo gahunda kandi yayifashe ngo amaze kubitekerezaho bihagije ndetse amaze no kubikoraho ubushashatsi igihe kirekire. Kuri ubu yiyemeje kuba muri gahunda za leta uyobowe na Nyakubahwa Kagame kuko no mumatora ya 2017 yafatanije n’abandi kwamamaza Nyakubahwa Kagame Paul.

Umushyikirano 2017 ni amateka akomeye kuriwe kuko ari inama abara nka kimwe mubikorwa amazemo iminsi afatanya n’abandi banyarwanda kwitabira ibikorwa bya Diaspora nyarwanda hamwe n’Ambassades zihagarariye u Rwanda mumahanga.

 

2017-12-11
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

AU yasabye u Burundi kwitondera ibyo gushinja ubwicanyi Buyoya

AU yasabye u Burundi kwitondera ibyo gushinja ubwicanyi Buyoya

Ubwanditsi 04 Dec 2018
Wisunga umugabo mbwa mugakubitirwa hamwe, bizwi na Frank Ntwali nyuma yo kwisunga Kayumba Nyamwasa

Wisunga umugabo mbwa mugakubitirwa hamwe, bizwi na Frank Ntwali nyuma yo kwisunga Kayumba Nyamwasa

Ubwanditsi 11 Jun 2025
Perezida Tshisekedi arakoresha intambara ya Kongo mu nyungu ze bwite

Perezida Tshisekedi arakoresha intambara ya Kongo mu nyungu ze bwite

Ubwanditsi 03 Dec 2024
Amerika yirukanye umudiplomate wa Ambasade ya Uganda

Amerika yirukanye umudiplomate wa Ambasade ya Uganda

Ubwanditsi 11 Jan 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umunyamakuru Casmiry Kayumba  yashyinguwe gitwari
INKURU NYAMUKURU

Umunyamakuru Casmiry Kayumba  yashyinguwe gitwari

Ubwanditsi 18 Jan 2018
Gasabo: Umugabo yatemaguye umugore we aramwica ngo yatinze ku isoko
HIRYA NO HINO

Gasabo: Umugabo yatemaguye umugore we aramwica ngo yatinze ku isoko

Ubwanditsi 19 Sep 2018
Indaya 500 n’abakiriya bazo ba bagabo 300 mu maboko ya polisi muri Panda gale
Mu Rwanda

Indaya 500 n’abakiriya bazo ba bagabo 300 mu maboko ya polisi muri Panda gale

Ubwanditsi 17 Mar 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru