• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Uko amakipe azahura mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro 2018

Uko amakipe azahura mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro 2018

Ubwanditsi 23 Jan 2018 IMIKINO

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryamaze gushyira ahagaragara uburyo amakipe azahura mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro 2018.

Iyi mikino iteganyijwe gutangira mu cyumweru gitaha tariki ya 30 Mutarama 2018.

“Tunejejwe no kubandikira iyi baruwa tugira ngo tubamenyeshe ingengabihe y’amarushanwa y’igikombe cy’Amahoro (Preliminaries round). Ku mugereka murahasanga ingengabihe y’amarushanwa yavuzwe haruguru y’igikombe cy’Amahoro”– Ibaruwa yandikiwe abayobozi b’amakipe y’icyiciro cya mbere n’icya kabiri, isinywaho n’umunyamabanga wa Ferwafa; Uwamahoro Latifah Tharcille.

Mu makipe 22 azakina ijonjora ribanza, abiri gusa ni yo yavuye mu cyiciro cya mbere; Kirehe FC na Miroplast FC yaviriyemo muri 1/16 mu mwaka ushize mu gihe andi makipe 20 ari ayo mu cyiciro cya kabiri.

Miroplast FC n Kirehe FC niyo makipe yo mu cyiciro cya mbere azatangirira mu ijonjora ry'ibanzeMiroplast FC n Kirehe FC niyo makipe yo mu cyiciro cya mbere azatangirira mu ijonjora ry’ibanze

AS Muhanga, La jeneusse na Sorwathe FC zageze muri 1/8 mu mwaka ushize ni yo makipe yo mu cyiciro cya kabiri azatangirira muri 1/16 kimwe n’ayandi makipe yo mu cyiciro cya mbere.

Sorwathe FC iri mu makipe yari yagerageje kugera kure mu mwaka ushizeSorwathe FC iri mu makipe yari yagerageje kugera kure mu mwaka ushize

Uko amakipe azahura mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro

  • Aspor FC vs Unity FC (Mumena, 13:00)
  • Kirehe FC vs Interforce FC (Rwamagana, 15:30)
  • Miroplast FC vs UNR FC (Muhanga, 15:30)
  • Etoile de l’Est vs SEC FC ( Rwamagana, 13:00)
  • Hope FC vs Nyagatare FC (Mumena, 15:30)
  • Heroes FC vs Gitikinyoni FC (Kicukiro, 15:30)
  • Pepiniere FC vs Gasabo United (Stade de Kigali, 15:30)
  • Vision FC vs Rugende FC (Ferwafa, 13:00)
  • United Stars vs Akagera FC (Stade de Kigali, 13:00)
  • Intare FC vs Vision JN FC (Ubworoherane; 15:30)
  • Rwamagana City vs Esperance (Kicukiro, 13:00)

Unity FC ni imwe mu makipe 20 y'icyiciro cya kabiri azatangira akina mu cyumweru gitahaUnity FC ni imwe mu makipe 20 y’icyiciro cya kabiri azatangira akina mu cyumweru gitaha

Amakipe azabasha gukomeza, azahura n’ayasigaye yiganjemo ayo mu cyiciro cya mbere muri 1/16 cy’iri rushanwa.

Ikipe ya APR FC niyo yegukanye irushanwa riheruka, itsinze Espoir FC ibitego 2-0 ku mukino wa nyuma ndetse izahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup y’uyu mwaka.

APR FC yegukanye igikombe giherukaAPR FC yegukanye igikombe giheruka

2018-01-23
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Police FC yasinyishije abakinnyi 3 bashya barimo Migi, inongerera amasezerano Rutanga Eric na Patrick Sibomana, abarimo Tuyisenge Jeacques barategerejwe

Police FC yasinyishije abakinnyi 3 bashya barimo Migi, inongerera amasezerano Rutanga Eric na Patrick Sibomana, abarimo Tuyisenge Jeacques barategerejwe

Ubwanditsi 26 Jul 2022
Amavubi yatsinzwe na Benin 3-0 hashakishwa itike y’igikombe cya Afurika 2025

Amavubi yatsinzwe na Benin 3-0 hashakishwa itike y’igikombe cya Afurika 2025

Ubwanditsi 11 Oct 2024
CHAN 2016: Nigeria yanyagiye Niger

CHAN 2016: Nigeria yanyagiye Niger

Ubwanditsi 19 Jan 2016
Kigali: Abantu b’ingeri zose bitabiriye umunsi wa Siporo “Car Free day”

Kigali: Abantu b’ingeri zose bitabiriye umunsi wa Siporo “Car Free day”

Ubwanditsi 18 Mar 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kayumba Nyamwasa akomeje guhiga bukware abanyamuryango ba RNC b’inshuti za Ben Rutabana bari muri Uganda
INKURU NYAMUKURU

Kayumba Nyamwasa akomeje guhiga bukware abanyamuryango ba RNC b’inshuti za Ben Rutabana bari muri Uganda

Ubwanditsi 29 Mar 2020
Umukino wa Super Cup wa APR FC na POLICE FC wakuyeho ibirori bya  Mukura VS yari yatangaje ko izakina na Rayon Sports
Amakuru

Umukino wa Super Cup wa APR FC na POLICE FC wakuyeho ibirori bya Mukura VS yari yatangaje ko izakina na Rayon Sports

Ubwanditsi 08 Aug 2024
“Ndaburira abemera gushukwa n’ibisambo nka Kayumba Nyamwasa, bakajya mu mitwe y’iterabwoba itazagira icyo ibagezaho”.-Umucuruzi Ndagijimana Benjamin
Amakuru

“Ndaburira abemera gushukwa n’ibisambo nka Kayumba Nyamwasa, bakajya mu mitwe y’iterabwoba itazagira icyo ibagezaho”.-Umucuruzi Ndagijimana Benjamin

Ubwanditsi 11 Jan 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru