• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Burundi: Hafashwe ibinyabiziga bivugwa ko ari ibya Hussein Radjabu byari kuzifashishwa mu guhungabanya referandumu

Burundi: Hafashwe ibinyabiziga bivugwa ko ari ibya Hussein Radjabu byari kuzifashishwa mu guhungabanya referandumu

Ubwanditsi 11 May 2018 Mu Mahanga

Mu gihugu cy’u Burundi haravugwa ifatwa ry’imodoka 10 zo mu bwoko bwa Mitsubishi ndetse na moto 27 Igipolisi cy’u Burundi kivuga ko zafatiwe ahitwa Rohero, muri Komini Mukaza, muri Bujumbura, aho bivugwa ko ari Hussein Radjabu zari kuzifashishwa mu guhungabanya igikorwa cy’amatora ya referandumu ateganyijwe kuwa 17 Gicurasi 2018.Umuvugizi w’igipolisi, Pierre Nkurikiye, yavuze ko ibi binyabiziga byari bihishe mu rugo rw’uwitwa Bayussuf kuva mu 2010, ngo bikaba byaratumijwe na Hussein Radjabu, wahoze ari perezida w’ishyaka CNDD riri ku butegetsi akaza kutumvikana na perezida Nkurunziza ndetse agafungwa mbere yo gutoroka muri Werurwe 2015.

Hussein Radjabu akaba yaratorotse Gereza ya Mpimba yari afungiyemo, aho yari yakatiwe imyaka 13 y’igifungo mu 2007 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu.

Nk’uko umuvugizi w’igipolisi yabitangaje kuri uyu wa Kane, itariki 10 Gicurasi, ngo Hussein radjabu yatumije ibi binyabiziga ubwo yari akiri perezida w’ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD, ndetse ngo hakaba hari n’ibindi byari mu nzira byahise bijyanwa muri Sudani.

Uyu muvugizi wa polisi akaba avuga ko izi modoka na moto byari kuzifashishwa mu guhungabanya amatora ya referandumu akaba ari nayo mpamvu bazifashe kuri ubu zikaba ziparitse ahakorera Urwego rw’Igihugu rw’ubutasi (SNR) nk’uko ikinyamakuru Iwacu-Burundi dukesha iyi nkuru kivuga.

Hussein Radjabu, uvugwa muri iki kibazo akaba abarizwa mu buhungiro muri Uganda cyangwa muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo , yahise agira icyo avuga kuri aya makuru abinyujije kuri twitter abaza impamvu habaho guhungabanya referandumu ashimagira ko ari igikorwa cya Perezida Nkurunziza Abarundi batitayeho.

Umuvugizi w’igipolisi yaboneyeho kuburira abanyapolitiki bose, abari mu gihugu n’abari hanze yacyo, avuga ko uzagerageza guhungabanya umutekano azafatwa kandi agahanwa.

Hagati aho, uwari ubitse ibi binyabiziga ntiyatawe muri yombi kuko ngo nta cyaha ashinjwa, ariko igipolisi kikaba cyatangaje ko gikomeza iperereza.

Zimwe muri izo pikipiki ziriko ibimenyetso vy'umugambwe UPD, ngo ariko uwo mugambwe urabihakana ko atari ivya wo
Ipikipiki ziriHo ibimenyetso By’ Ishyaka  UPD, ngo ariko uwo bo bakabihakana 

Ngo Hussen Radjabu yari yabiguze  akiyoboye ,  CNDD-FDD,  aha umuntu akaba yakwibaza uko byaguzwe ubuyobozi bwose bwa CNDD-FDD butabizi ,naho byaciye ngo byinjizwe mu gihugu.

Ngo amakuru inzego z'umutekano zifise ngo ni uko izo modoka zariko zirategurwa kugira zikoreshwe mu guhungabanya umutekano muri kino gihe c'amatora y'ibwirizwa nshingiro

Yaje gutoroka  Prison mu mwaka wa  2015 nyuma y’imyaka umunani afunzwe, akaba ari umuntu ubu yumvikana gake  cyane anenga  ibikorwa by’ubutegetsi, avuga ko bwamurenganije.

Ari mu bantu batangije kandi bakorera cyane CNDD-FDD kuva ikiri mw’ishyamba kugeza  bafashe  ubutegetsi mu 2005 n’inyuma yaho.

 

2018-05-11
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Jean Claude Hérault wabaye umuyobozi mukuru w’isiganwa rya Tour Du Rwanda mu gihe cy’imyaka 8 yitabye Imana azize Koronavirusi.

Jean Claude Hérault wabaye umuyobozi mukuru w’isiganwa rya Tour Du Rwanda mu gihe cy’imyaka 8 yitabye Imana azize Koronavirusi.

Ubwanditsi 16 Apr 2021
Uwizera Christine Coleman na Sylvia Mukankiko , inkotsa-nkunguzi zarenze ihaniro

Uwizera Christine Coleman na Sylvia Mukankiko , inkotsa-nkunguzi zarenze ihaniro

Ubwanditsi 13 Jan 2023
Uganda: Imvururu zishingiye ku butaka zaguyemo umwe, inzu 100 ziratwikwa

Uganda: Imvururu zishingiye ku butaka zaguyemo umwe, inzu 100 ziratwikwa

Ubwanditsi 19 May 2018
Gicumbi-Gatuna : Bane bafunze bagerageza guha ruswa abashinzwe umutekano

Gicumbi-Gatuna : Bane bafunze bagerageza guha ruswa abashinzwe umutekano

Ubwanditsi 09 Aug 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Miss Uwase Honorine ‘IGISABO’ yanze kwambara Bikini bituma abura umudari mu marushanwa ya ‘Miss Earth 2017’
IMIKINO

Miss Uwase Honorine ‘IGISABO’ yanze kwambara Bikini bituma abura umudari mu marushanwa ya ‘Miss Earth 2017’

Ubwanditsi 15 Oct 2017
Rutsiro:Umuyobozi w’Umudugudu yasanzwe mu bwiherero yapfuye yimanitse mu kagozi
Mu Mahanga

Rutsiro:Umuyobozi w’Umudugudu yasanzwe mu bwiherero yapfuye yimanitse mu kagozi

Ubwanditsi 19 Sep 2016
Rwanda: A Servant Leader, population satisfaction and a people’s worldview
POLITIKI

Rwanda: A Servant Leader, population satisfaction and a people’s worldview

Ubwanditsi 10 Mar 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru