Minisitiri w’intebe wa Côte d’Ivoire Amadou Gon Coulibaly, ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki 24 Werurwe 2019 yageze I Kigali, aho yitabiriye inama mpuzamahanga y’abayobozi b’ibigo bikomeye (African CEOs Forum) ibera i Kigali kuva kuri uyu wa mbere. Ni inama izanitabwirwa na Perezida Mushya wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Felix Tshisekedi.
Inkuru zigezweho
-
I Bugesera hatashywe ikibuga cya Basketball cyubatswe ku bufatanye bwa NBA Africa na Opportunity International | 20 May 2025
-
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ku mvururu zatumye umukino wa Bugesera na Rayon Sports uhagararira ku munota wa 52 | 17 May 2025
-
Rwanda Premier league igiye guhemba abahize abandi Muri shampiyona y’u Rwanda 2024-2025 | 16 May 2025
-
Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho | 14 May 2025
-
Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda | 13 May 2025
-
Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC | 12 May 2025