• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Imyaka 20 y’ubutegetsi bwa CNDD FDD yoretse u Burundi mu manga ikomeye   |   06 Jun 2025

  • Ibyo Urubyiruko Rugomba Kumenya kuri Ingabire Victoire   |   04 Jun 2025

  • Ibihugu Umunani byo ku migabane itandukanye, bigiye guhurira mu Rwanda mu irushanwa ryo Kwibuka ku ncuro ya 31 Genocide yakorewe Abatutsi 1994   |   03 Jun 2025

  • Minisitiri Bizimana yakurugutuye Gustave Mbonyumutwa washakaga “kugira abatagatifu” abajenosideri barimo se Shingiro Mbonyumutwa na Ngirumpatse   |   03 Jun 2025

  • Amavubi yatangiye umwiherero muri Algeria, Manishimwe Djabel yangiwe kwinjira mu gihugu , Rafael York ntiyatanze impamvu yo kutitabira umwihero   |   02 Jun 2025

  • Niyigena Clément wa APR FC n’uwahoze ari umutoza we Darko Novic mu begukanye ibikombe by’abahize abandi muri Rwanda Premier League 2024-2025   |   31 May 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Venant Musoni wakorewe  iyicarubozo muri Uganda, aratabariza  bagenzi be 40 bari mu makasho ko bakorerwa ubuvugizi

Venant Musoni wakorewe  iyicarubozo muri Uganda, aratabariza  bagenzi be 40 bari mu makasho ko bakorerwa ubuvugizi

Editorial 30 Apr 2019 ITOHOZA

Undi munyarwanda yasesekaye ku butaka bw’u Rwanda aho yaramaze amezi icyenda akorerwa iyicarubozo n’inzego z’iperereza mu Bugande, yagaragarijwe itangazamakuru uburyo yanogowemo inzara z’amaguru, agakubitwa umubiri wose mu mugongo n’ibindi bice by’umubiri, afite n’inkovu mu mutwe aho yatewe cy’imbunda, avuga ko bamuhataga ibibazo ubutitsa kugira ngo avuge niba ari intasi y’u Rwanda, na we abatsembera ko ibyo bamukekaho atari byo.

Uwo mugabo witwa Hakorimana Venant Musoni akaba afite umugore n’abana babiri, bakaba batuye muri Amerika, uwo mugabo akaba afite inkomoko ye mu Rwanda, akaba yahoze akorera umuryango mpuzamahanga witwa Save The Children, aho kandi yahoze akorera mu inkambi ya Kisoro na Kamwenge mu Uburengerazuba bwa Uganda, avuga ko yari ashinzwe uburezi, ari naho yabonye amafaranga abasha kwiyubakira inzu muri icyo igihugu cya Uganda n’ibindi bikorwa biteza imbere umuryango we.

Mu gihe yari kuri Hotel ngo mu gihe yari ategereje ifunguro ngo yumvise abantu bakomanga agira ngo n’abakozi ba Hoteli bamuzaniye ibiryo, abakinguriye ngo yatunguwe no kubona abantu bane bambaye imyenda ya gisivile ariko bafite imbunda, umwe muri bo ngo yahise amukubita ikibuno cy’imbunda mu mutwe amaraso atangira kuvirirana, nanone bahita bamupfuka mu maso, bagenda bamukubita kugeza ubwo bamugezaga mu Mujyi wa Kampala, batangira kumuhata ibibazo n’iyicarubozo.

Mu bibazo ngo bagiye bamuhata n’abantu batandukanye ngo bamubazaga niba ari umusirikari cyangwa akorana n’inzego zishinzwe ubutasi mu Rwanda, akomeza abatsembera ko yakoreraga umuryango mpuzamahanga ndetse abaha n’aho bashobora kubaza amakuru, kugira ngo bishyirire amatsiko, ariko ntabwo babyemeye ngo bakomeje kumutoteza, kimwe n’abandi banyarwanda bagera hafi 40 ariko ngo baje kubafungira ahantu hatandukanye.

Yagize ati ‘‘nk’umugabo witwa Nerson Mugabo twari dufunganywe mugenzi wanjye w’umunyarwanda we nta n’ubwo bigeze bamushyikiriza ubutabera, kuko yitumaga aho ari bamuvunye amaguru n’umugongo’’.

Kuri icyo kibazo yasabye Leta y’u Rwanda ko yakora ibishoboka byose bakabasha gushyira ijwi ryabo hejuru hashoboka, harimo n’imiryango mpuzamahanga ishinzwe uburenganzira bwa muntu, kugira ngo bamagane iyo yicarubozo rikomeje gukorerwa Abanyarwanda, kuko yavuze ko nubwo we yaje kugirirwa ubuntu agafungurwa ko hakiri n’abandi bakimeze nabi hirya no hino mu hantu hafungiwe mu bwihisho mu inzego zishinzwe iperereza.

Hakorimana Venant Musoni wamaze amezi 9 arengaho kuko yafunzwe mu mwaka ushize wa 2018, akaza gushyikirizwa ubutabera ku wa 25 Werurwe 2019 aho yaregwaga icyaha cyo kwinjira muri icyo gihugu, mu buryo butemewe n’amategeko ndetse no gutura atabiherewe uburenganzira, ababwira ko yanyuze ku mupaka byemewe n’amategeko kandi ko igihe cyose yakoreye muri icyo gihugu yari abifitiye uburenganzira.

Yaje guhamwa n’icyaha n’urukiko ko yabaye muri icyo gihugu bitemewe n’amategeko ko agomba gufungwa imyaka 2 cyangwa se akaba yatanga amafaranga miliyoni 1 y’amashiringi ya Uganda, yandikiye Ambasade y’u Rwanda muri Uganda ariko ntabwo urwo rwandiko barutanze bararugumanye, nibwo ngo yaje kubonana n’inshuti ye ku bwo amahirwe mu gihe kirekire yari amaze, arayamwishyurira, amuha ayo mafaranga arayatanga baramurekura ku wa 24 Mata 2019.

Kugira ngo agere mu Rwanda ngo yagiye kuri ambasade y’u Rwanda iri Kampala, baza kumuha amafaranga ya ticket yaje kumugeza mu Rwanda, aho asaba ko Abanyarwanda bagenzi be bagifungiye mu ma kasho atandukanye hirya no hino muri icyo gihugu ko bakorerwa ubuvugizi kugira ngo na bo barenganurwe kuko barengana.

N’ikiniga cyinshi avuga ko inzu ye iherereye muri icyo gihugu ko nta bubasha agifite bwo kuba yabona amafaranga yayo, avuga kandi ko yatswe amafaranga amadolari ibihumbi 11, ibihumbi 5 bya ama euro, bamutwara tel mobile 2 ariko baje kumusubiza imwe, bamutwara laptop, ibyangombwa by’u Rwanda ndetse n’ibyo yari yarahawe muri icyo gihugu mu buryo bwemewe n’amategeko.

2019-04-30
Editorial

IZINDI NKURU

Perezida Kagame yitabiriye imurikwa ry’ikiganiro agaragaramo atembera ibice nyaburanga by’u Rwanda (Amafoto)

Perezida Kagame yitabiriye imurikwa ry’ikiganiro agaragaramo atembera ibice nyaburanga by’u Rwanda (Amafoto)

Editorial 24 Apr 2018
Umupaka wa Goma Umugore yatawe muri yombi afite ikarita y’urugamba [  M23 iravugwaho gutegura indi ntambara ]

Umupaka wa Goma Umugore yatawe muri yombi afite ikarita y’urugamba [ M23 iravugwaho gutegura indi ntambara ]

Editorial 21 May 2018
Polisi ya Uganda yashyikirije iy’u Rwanda uwashakishwaga akekwaho ubujura

Polisi ya Uganda yashyikirije iy’u Rwanda uwashakishwaga akekwaho ubujura

Editorial 05 Jan 2017
Kivu y’Amajyepfo : Intambara iraca ibintu hagati y’Umutwe wa ‘ Gumino Banyamulenge ‘  n’abarwanyi b’Umutwe wa Mai-Mai (Aoci).

Kivu y’Amajyepfo : Intambara iraca ibintu hagati y’Umutwe wa ‘ Gumino Banyamulenge ‘ n’abarwanyi b’Umutwe wa Mai-Mai (Aoci).

Editorial 31 May 2017
Perezida Kagame yitabiriye imurikwa ry’ikiganiro agaragaramo atembera ibice nyaburanga by’u Rwanda (Amafoto)

Perezida Kagame yitabiriye imurikwa ry’ikiganiro agaragaramo atembera ibice nyaburanga by’u Rwanda (Amafoto)

Editorial 24 Apr 2018
Umupaka wa Goma Umugore yatawe muri yombi afite ikarita y’urugamba [  M23 iravugwaho gutegura indi ntambara ]

Umupaka wa Goma Umugore yatawe muri yombi afite ikarita y’urugamba [ M23 iravugwaho gutegura indi ntambara ]

Editorial 21 May 2018
Polisi ya Uganda yashyikirije iy’u Rwanda uwashakishwaga akekwaho ubujura

Polisi ya Uganda yashyikirije iy’u Rwanda uwashakishwaga akekwaho ubujura

Editorial 05 Jan 2017
Kivu y’Amajyepfo : Intambara iraca ibintu hagati y’Umutwe wa ‘ Gumino Banyamulenge ‘  n’abarwanyi b’Umutwe wa Mai-Mai (Aoci).

Kivu y’Amajyepfo : Intambara iraca ibintu hagati y’Umutwe wa ‘ Gumino Banyamulenge ‘ n’abarwanyi b’Umutwe wa Mai-Mai (Aoci).

Editorial 31 May 2017
Perezida Kagame yitabiriye imurikwa ry’ikiganiro agaragaramo atembera ibice nyaburanga by’u Rwanda (Amafoto)

Perezida Kagame yitabiriye imurikwa ry’ikiganiro agaragaramo atembera ibice nyaburanga by’u Rwanda (Amafoto)

Editorial 24 Apr 2018
Umupaka wa Goma Umugore yatawe muri yombi afite ikarita y’urugamba [  M23 iravugwaho gutegura indi ntambara ]

Umupaka wa Goma Umugore yatawe muri yombi afite ikarita y’urugamba [ M23 iravugwaho gutegura indi ntambara ]

Editorial 21 May 2018
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru