• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Nyuma yo kuzengereza Kayumba Nyamwasa amukuraho n’abayoboke, Jean Paul Turayishimye yirukanwe burundu muri RNC; Benjamin Rutabana ku isonga ry’ibibazo

Nyuma yo kuzengereza Kayumba Nyamwasa amukuraho n’abayoboke, Jean Paul Turayishimye yirukanwe burundu muri RNC; Benjamin Rutabana ku isonga ry’ibibazo

Ubwanditsi 19 Jun 2020 INKURU NYAMUKURU

Mu mutwe w’iterabwoba wa RNC, gahunda yabo ni umwiryane uhoraho ushingiye ku matiku n’ivangura, aho amaherezo uyu mutwe w’iterabwoba uzasigara mu maboko y’umuryango wa Kayumba Nyamwasa dore ko arinabo bawubonamo inyungu ziturutse mu misanzu.

Byari bizwi kuva kera ariko biri mu magambo ko Jean Paul Turayishimye yirukanwe muri RNC, aho ariwe muntu wenyine rukumbi wari usigaye mu batangiranye nayo, dore ko abandi ari abateruzi b’ibindi Kayumba Nyamwasa ashakisha hirya no hino bakaba bazwi nk’ingwizamuronko.

Mu ibaruwa Rushyashya ifitiye copie yanditswe ku munsi w’ejo tariki ya 18 Kamena 2020, igashyirwaho umukono na Edouard Kabagema, ushinzwe Discipline, akanamenyesha Gervais Condo Umunyamabanga Mukuru, Dr Etienne Mutabazi na Richard Niwenshuti bakuriye RNC muri Amerika, iravuga ko Jean Paul Turayishimye yirukanwe burundu kubera impamvu zigenzi zikurikira:

  • Jean Paul Turayishimye ashinjwa kandi ahamwa no gutangaza ku maradiyo ye ko umutwe w’iterabwoba wa RNC ariwe uri inyuma y’ibura rya Ben Rutabana
  • Jean Paul Turayishimye yibukijwe na RNC/Kayumba Nyamwasa ko ariwe wenyine muri RNC uzi ibyizimira bya Ben Rutabana kuko ngo nta wundi muntu wo muri RNC ubizi.
  • Jean Paul Turayishimye yarezwe gusenya RNC no guca intege abayoboke buwo mutwe w’iterabwoba wa RNC

Ibaruwa ikomeza ivuga ko ishingiye ku mabaruwa yandikiwe Turayishimiye tariki ya 12 Werurwe 2020  na 4 Mata 2020 zigakurikirwa niya tariki ya 5 Gicurasi 2020 aho bamuhagarikaga by’agateganyo kubera ibyo bitaga imyitwarire mibi ariko mu byukuri Kayumba Nyamwasa akaba yararakajwe nuko Jean Paul Turayishimye yafunguye Radiyo ye kuri Internet agatangira ku muvamo dore ko byamugizeho n’ingaruka kuko abantu benshi bamucitseho.

Ku ikubitiro uwahoze akuriye umutwe w’iterabwoba wa RNC mu Bufaransa Benoit Umuhoza nawe yarirukanwe ubu bakaba bakorana na Jean Paul Turayishimye kuri Radio ye aho birirwa basenya akazu ka Kayumba Nyamwasa n’abambari be.

Mu ngingo kandi Kayumba Nyamwasa yashingiyeho atanga itegeko ko Jean Paul yerekwa umuryango bya burundu, ni icyemezo cy’urukiko rushinzwe ibibazo mbonezamubano muri Uganda cyo kuri 5 Werurwe 2020 cyanzuye ko Ben Rutabana adafitwe n’inzego z’umutekano za Uganda

Umutwe w’iterabwoba wa RNC kuri ubu ubarizwa mu kwaha kwa Kayumba Nyamwasa n’umuryango we kuko abashinze irihuriro ku ikubitiro bavuyemo kubera amatiku n’ubucabiranya buranga uyu mutwe, cyane cyane ko bose bihuje ari abanyabyaha bahunze igihugu kubera ibyaha binyuranye.

Mu minsi ya vuba aha, Kayumba Nyamwasa aherutse kohereza inkotsa ye, Jean Paul Turayishimye yita Nyiramaritete ariwe Charlotte Mukankusi, kubonana Na Theogene Rudasingwa amusaba kugaruka muri RNC amwemerera amafaranga n’imyanya ariko Rudasingwa aramutsembera. Buri wese aba ashaka icyo ayobora aho kuyoborwa.

2020-06-19
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umuhezanguni Bicahaga Abdallah yahawe gasopo ya nyuma mu bikorwa bye byo gucengeza ingengabitekerezo ya Jenoside mu Banyarwanda

Umuhezanguni Bicahaga Abdallah yahawe gasopo ya nyuma mu bikorwa bye byo gucengeza ingengabitekerezo ya Jenoside mu Banyarwanda

Ubwanditsi 03 Feb 2023
Perezida Museveni  yateye utwatsi ubusabe bwa Mugenzi we Nkurunziza

Perezida Museveni yateye utwatsi ubusabe bwa Mugenzi we Nkurunziza

Ubwanditsi 27 Nov 2018
Abasirikari b’u Burundi mu bikorwa by’ubucengezi bugamije kwica abaturage mu bice bigenzurwa na M23.

Abasirikari b’u Burundi mu bikorwa by’ubucengezi bugamije kwica abaturage mu bice bigenzurwa na M23.

Ubwanditsi 11 May 2024
Polisi y’ u Rwanda yifurije ishya n’ihirwe Abofisiye bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Polisi y’ u Rwanda yifurije ishya n’ihirwe Abofisiye bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Ubwanditsi 15 Jan 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abayobozi muri Polisi ya Namibiya mu rugendoshuri mu Rwanda
Mu Mahanga

Abayobozi muri Polisi ya Namibiya mu rugendoshuri mu Rwanda

Ubwanditsi 08 Jun 2016
Ingoro yo ku Mulindi w’Intwari igiye gutangira kumurikirwamo amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu
UBUKERARUGENDO

Ingoro yo ku Mulindi w’Intwari igiye gutangira kumurikirwamo amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu

Ubwanditsi 08 Jan 2020
Ikipe ya Kiyovu Sports na Lawyers of Hope basinye amasezerano agamije kuzamura impano y’umupira w’amaguru mu bana bato.
Amakuru

Ikipe ya Kiyovu Sports na Lawyers of Hope basinye amasezerano agamije kuzamura impano y’umupira w’amaguru mu bana bato.

Ubwanditsi 05 Mar 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru