• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • UBUSESENGUZI: Mpaga ya Libya yemejwe na CAF isobanuye iki k’u Rwanda mu kujya muri CAN 2025?   |   29 Oct 2024

  • Tshisekedi arashakira FDLR ibiganiro na Leta y’u Rwanda   |   28 Oct 2024

  • Djibouti yatsinze u Rwanda 1-0 hashakwa itike ya CHAN 2025, Amavubi ahita yongeramo abandi bakinnyi bane   |   27 Oct 2024

  • Ingabire Victoire, kwandagaza igihugu cyawe mu mahanga ni nko kwambika ubusa nyoko mu ruhame   |   27 Oct 2024

  • Gutsinda urugamba rwo kwibohora bisaba kwima amatwi ba mpatsibihugu   |   26 Oct 2024

  • Karabaye! Umugambi wa Tshisekedi wo guhindura itegekonshinga uhuhuye Kongo n’ubundi yasambaga.   |   24 Oct 2024

 
You are at :Home»Amakuru»Nyuma y’imyaka 11 ikipe ya Inter de Milan yo mu Butaliyani yegukanye igikombe cya shampiyona habura imikino 4 ngo umwaka w’imikino wa 2020-2021 usozwe.

Nyuma y’imyaka 11 ikipe ya Inter de Milan yo mu Butaliyani yegukanye igikombe cya shampiyona habura imikino 4 ngo umwaka w’imikino wa 2020-2021 usozwe.

Editorial 03 May 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Mahanga

Ikipe ya Internazionale Milano yaraye yegukanye igikombe cya Shampiyona y’umwaka w’imikino wa 2020-2021, ni nyuma yaho iyi kipe yatsinze ikipe ya Crotone ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 34 wa shampiyona izwi nka Serie A.

Ikipe ya Inter itozwa na Antonio Conte itwaye iki gikombe nubwo hasigaye imikino ine ya shampiyona ngo umwaka w’imikino urangire, gusa amanota azava muri iyo mikini ine isigaye ntacyo yahindura dore ko kugeza ubu Inter ifite amanota 84 ikaba irusha ikipe ya Atalanta ya kabiri amanota 13 kandi imikino ine isigaye ikaba izavamo amanota 12 gusa.

Mu mikino wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 1 Gicurasi ugahuza Inter de Milan yatsindiwe ibitego bibiri na Christian Eriksen ndetse na Achrafu Hakimi, kugirango iyi kipe itangazwe nk’iyegukanye iki gikombe yaherukaga mu myaka 11 ishize byasabye ko kuri iki cyumweru ikipe ya Atalanta inganya na Sassuolo igitego kimwe kuri kimwe.

Antonio Conte w’imyaka 51 y’aamvuko atwaye iki gikombe abifashijwemo n’abakinnyi bashya yinjije muri iyi kipe ubwo yayigeragamo mu mwaka wa 2019-2020 barimo Romelu Lukaku , Alexis Sanchez na Matteo Darmian aba bose yakuye muri Manchester United, aha ntawakwirengagiza kandi ko uyu mutoza mu mwaka ushize w’imikino yaguze Achraf Hakimi amukuye muri Real Madrid ndetse na Christian Eriksen yavanye muri Tottenham.

Gutwara igikombe cya shampiyona y’u Butaliyani kuri Antonio Conte biramugira umutoza w’ibigwi kuko iki ni igikombe cya kane atwaye muri Serie A dore ko yatwaye ibikombe bitatu bya shampiyona ari kumwe n’ikipe ya Juventus hagati y’umwaka wa 2011 ndetse na 2014, nyuma yaje kwerekeza muri Chelsea yo mu Bwongereza atwarana nayo igikombe cya Premier League ubwo hari mu mwaka wa 2017.

Inter de Milan itwaye igikombe cya shampiyona y’u Butaliyani nyuma y’imyaka 11 icyegukanye kuko mu mwaka wa 2011 iyi kipe ubwo yatozwaga na Jose Mourihno yatwaye Serie A ndetse muri uwo mwaka inatwara igikombe kiruta ibindi ku mugabane w’i Burayi cya UEFA Champions League, muri rusange Inter ikaba yujuje ibikombe 19 bya shampiyona y’u Butaliyani.

2021-05-03
Editorial

IZINDI NKURU

Bruce Melodie na Made Beat bageze muri Norvège aho bagiye mu bitaramo bizabera mu bice bitandukanye byo ku mugabane w’i Burayi

Bruce Melodie na Made Beat bageze muri Norvège aho bagiye mu bitaramo bizabera mu bice bitandukanye byo ku mugabane w’i Burayi

Editorial 07 May 2022
Kevin Monnet Paque na Ngwabije Bryan bakina mu Bufaransa bisanze ku rutonde rw’abakinnyi Mashami Vincent yahamagaye.

Kevin Monnet Paque na Ngwabije Bryan bakina mu Bufaransa bisanze ku rutonde rw’abakinnyi Mashami Vincent yahamagaye.

Editorial 28 May 2021
Ku bwumvikane bw’impande zombi, nyuma y’iminsi 105 Umutoza Adel n’umwungirije batozaga Gasogi United  batandukanye n’iyo kipe

Ku bwumvikane bw’impande zombi, nyuma y’iminsi 105 Umutoza Adel n’umwungirije batozaga Gasogi United batandukanye n’iyo kipe

Editorial 01 Nov 2022
Mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda ry’i Gishari hatangijwe amahugurwa ku kurwanya inkongi z’imiriro

Mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda ry’i Gishari hatangijwe amahugurwa ku kurwanya inkongi z’imiriro

Editorial 10 Jan 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024
Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

18 Jun 2024
Uruhare rwa Perezida Habyarimana mu itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi

Uruhare rwa Perezida Habyarimana mu itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi

01 Mar 2024
M 23 yongeye gutanga Ubutumwa bukubiyemo Imanurwa ry’indi Drone yari yarazengereje Abasiviri

M 23 yongeye gutanga Ubutumwa bukubiyemo Imanurwa ry’indi Drone yari yarazengereje Abasiviri

10 Feb 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru