• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR bari muri Congo, barica abantu, bateza umutekano muke, Gusenya uwo mutwe bireba Congo n’ u Rwanda natwe bikatureba   |   29 Jan 2026

  • ICYO WAMENYA KUBIYAMAMARIZA KUYOBORA FDU-INKINGI: UMUTWE W’INTERAHAMWE ZIHEBEYE KUBUNZA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE   |   29 Jan 2026

  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Amakipe ya APR Volleyball yegukanye ibikombe bya shampiyona hasozwa umwaka w’imikino wa 2024

Amakipe ya APR Volleyball yegukanye ibikombe bya shampiyona hasozwa umwaka w’imikino wa 2024

Editorial 27 May 2024 Amakuru, IMIKINO, INKURU NYAMUKURU

Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gicurasi 2024 nibwo umwaka w’imikino wa Volleyball waraye usojwe mu bagabo n’abagore, amakipe ya APR Volleyball akaba ariyo yegukanye ibikombe.

Kuri iyi ncuro hakinwe imikino muburyo kwa Kamarampaka (playoffs) aho bakinaga Best of three ni ukivuga ikipe itsinda imikino ibiri muri yahitaga yegukana igikombe.

Uko amakipe yari yashoje ku rutonde rwa shampiyona mbere yo gukina Playoffs (Regular season):

ABAGABO:

1. REG VC

2. ⁠POLICE VC

3. ⁠KEPLER VC

4. ⁠APR VC

ABAGORE

1. APR WVC

2. ⁠POLICE WVC

3. ⁠RRA WVC

4. ⁠RUHANGO WVC

Itegeko rya play offs rivuga ko ikipe ya mbere ihura n’iya kane, naho iya kabiri igahura n’iya Gatatu.

Nu Bagabo, APR VC yasezereye REG VC iyitsinze imikino 2 ku busa, ni nako byagenze Kepler VC yatsinze Police imikino 2 ku busa.

Mu bagore Police WVC yatsinze RRA imikino 2-0, APR WVC isezerera RUHANGO iyitsinze imikino 2-0.

No mu mikino ya nyuma niko byagenze, aho ikipe yagombaga gutsinda imikino ibiri muri 3 yakinwe.

Ku mukino wa nyuma w’abagabo, APR VC  yatsinze Kepler VC imikino 2-1, guhatanira umwanya wa gatatu ikipe ya REG itsinda Police imikino 2-1.

Mu bagore, ikipe ya APR VC yatsinze Police WVC imikino 2-1, naho RRA itsinda Ruhango imikino 2-1.

Muri rusange urutonde rwarangiye gutya:

ABAGABO:

1. APR VC

2. ⁠KEPLER VC

3. ⁠REG VC

4. ⁠POLICE VC

ABAGORE:

1. APR WVC

2. ⁠POLICE WVC

3. ⁠RRA WVC

4. ⁠RUHANGO WVC

Ikipe yabaye iyambere muri cyiciro cyose (Abagabo & Abagore), yahembwe igikombe n’imidali ndetse na Miliyoni Ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda.

Ikipe ya Kabiri yahawe imidali na Miliyoni imwe n’igice naho iya Gatatu ihabwa Imidali na Miliyoni imwe y’Amafaranga y’u Rwanda.

Amakipe atatu ya mbere kandi yabonye itike yo kuzakina imikino mpuzamahanga itegura n’impuzamashyirahamwe y’umukino wa Volleyball muri Afurika CAVB.

Mu mpera z’iki cyumweru i kigali, harabera kandi irushanwa ryo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, ni irushanwa rizwi nka Genocide Memorial Tournament rikazahuza amakipe yo mu Rwanda ndetse n’andi azaturuka hanze y’igihugu.

 

2024-05-27
Editorial

IZINDI NKURU

RDC yaburiye Loni ku mutwe wa Kayumba Nyamwasa uri muri Kivu y’Epfo

RDC yaburiye Loni ku mutwe wa Kayumba Nyamwasa uri muri Kivu y’Epfo

Editorial 01 Apr 2019

Rayon Sports yatandukanye n’umutoza wayo Afahmia Lotfi wari umaze ukwezi ahagaritswe

Editorial 13 Nov 2025
Umugabo wa Yvonne Idamange yatangaje ko yagiriye inama umugore we inshuro nyinshi akamunanira atangaza ko umuryango we witandukanyije n’ibikorwa n’uyu mugore

Umugabo wa Yvonne Idamange yatangaje ko yagiriye inama umugore we inshuro nyinshi akamunanira atangaza ko umuryango we witandukanyije n’ibikorwa n’uyu mugore

Editorial 08 Feb 2021
Wari uziko Mukunzi Yannick  yahamagawe mu Mavubi kandi arembye

Wari uziko Mukunzi Yannick yahamagawe mu Mavubi kandi arembye

Editorial 23 Aug 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uruhuri rw’ingabo z’amahanga muri Kongo si igisubizo,ahubwo rwongereye ibibembe mu binyoro
Amakuru

Uruhuri rw’ingabo z’amahanga muri Kongo si igisubizo,ahubwo rwongereye ibibembe mu binyoro

Editorial 14 Mar 2023
Bugesera FC yahakanye amakuru y’uko yahagaritse umutoza wayo Mbarushimana Abdoul, iboneraho kwisegura kubwo umusaruro utari mwiza
Amakuru

Bugesera FC yahakanye amakuru y’uko yahagaritse umutoza wayo Mbarushimana Abdoul, iboneraho kwisegura kubwo umusaruro utari mwiza

Editorial 25 Dec 2021
Chairman: Mu ntare, intare y’ingore ni yo ihiga, agaragaza ko mu rugamba rw’iterambere, abagore bakwiye kuza imbere mu kubaka igihugu.
Amakuru

Chairman: Mu ntare, intare y’ingore ni yo ihiga, agaragaza ko mu rugamba rw’iterambere, abagore bakwiye kuza imbere mu kubaka igihugu.

Editorial 25 Jun 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru