• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Abayobozi b’ikipe ya Manchester bafashe icyemezo cyo ku gabanya imishahara ya bamwe mu bakinnyi bayo

Abayobozi b’ikipe ya Manchester bafashe icyemezo cyo ku gabanya imishahara ya bamwe mu bakinnyi bayo

Ubwanditsi 21 Feb 2016 IMIKINO

Umwuka ukomeje kuba mubi mu ikipe ya Manchester kubera imyitwarire y’abakinnyi none ubuyobozi bwafashe icyemezo cyo kugabanya imwe mu mishahara yaba bakinnyi kubera kwitaranabi mu mikino bari gukina .

-2217.jpg

Abakinnyi b’ikipe ya Manchester United yo mu igihugu cy’Ubwongereza bamaze gutangarizwa ko bashobora gukatwa 25% by’imishahara yabo mu gihe ikipe yabo izakomeza kwitwara nabi.

Iyi kipe y’ubukombe ikomeje kwitwara nabi haba muri shampiyona ndetse no mu irushanwa rya Europa league, kuko hagati muri iki cyumweru dusoza, iyi kipe yatsinzwe n’ikipe ya Midtjylland yo muri Denmark ibitego 2-1, birushaho gushyira iyi kipe by’umwihariko umutoza wayo Louis Van Gaal mu kaga ko kuba yanakirukanwa.

-2218.jpg

Nkuko tubikesha urubuga rwa Manchester Evenning, ubu noneho ngo iyi nkubiri yo gutsindwa kw’iyi kipe ngo ishobora no gukora ku bakinnyi bayo, kubera ko iyi kipe yamaze kubatangariza ko mu gihe cyose Manchester United izaba itaje mu amakipe ane ya mbere (Big 4), abakinnyi bayo bose bazakatwa 25% by’umushahara wabo, ni ukuvuga agera kuri 1/4 cyayo bahembwaga.

Nkuko kandi bitangazwa ngo iki cyemezo nta umukinnyi numwe w’iyi kipe y’amashitani atukura (Red Devils) wigeze ubyinubira, kuko kubakata 25% y’ayo
bahembwaga ari imwe mu ngingo zigize amasezerano bafitanye n’iyi kipe, aho ivuga ko mu gihe ikipe iramutse itaje mu makipe ane ya mbere (Big 4), buri mukinnyi ku mushahara we havaho 1/4 cyawo, ni ukuvuga angana na 25%.

Niba nta gihindutse aya mafaranga ashobora gukatwa aba bakinnyi bitewe nuko amahirwe yo kuza mu makipe ane ya mbere nubwo agihari bigoye cyane kuko ikipe ya Manchester United iri ku mwanya wa gatanu ndetse ikaba irushwa n’ikipe ya kane ya Manchester City amanota agera kuri 6.

Nubwo benshi babona ko bishoboka ko aya manota iyi kipe yayakuramo, byarushijeho kuyikomerera bitewe nuko yugarijwe n’imvune, kuko kugeza ubu ifite abakinnyi bagera kuri 14 bari hanze y’ikibuga kubera imvune.

Izi mvune zikomeje kuyugariza mu gihe iri kwitegura umukino utoroshye uzayihuza na Arsenal ku itari ya 28 Gashyantare 2016, mu mukino wa shampiyona.

M.Fils

2016-02-21
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Portugal amateka itwara igikombe cy’Uburayi

Portugal amateka itwara igikombe cy’Uburayi

Ubwanditsi 11 Jul 2016
Amafoto – Minisitiri wa Siporo na Komite Nyobozi ya FERWAFA basuye ibikorwa by’inyubako n’ibibuga biri kubakwa

Amafoto – Minisitiri wa Siporo na Komite Nyobozi ya FERWAFA basuye ibikorwa by’inyubako n’ibibuga biri kubakwa

Ubwanditsi 28 Oct 2025
Amavubi akomeje imyitozo yo kuzakina na Ethiopia

Amavubi akomeje imyitozo yo kuzakina na Ethiopia

Ubwanditsi 09 Nov 2017
Amagare: Yacob Debesay yegukanye agace Nyamata – Kigali

Amagare: Yacob Debesay yegukanye agace Nyamata – Kigali

Ubwanditsi 03 Mar 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uko ikinyamakuru cyo muri Kenya kiragaragaza imigambi yapfubye ya Uganda ku Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Uko ikinyamakuru cyo muri Kenya kiragaragaza imigambi yapfubye ya Uganda ku Rwanda

Ubwanditsi 08 Dec 2017
CAN 2019: Cameroun ifite igikombe giheruka na Misiri yakiriye irushanwa byasezerewe muri 1/8
IMIKINO

CAN 2019: Cameroun ifite igikombe giheruka na Misiri yakiriye irushanwa byasezerewe muri 1/8

Ubwanditsi 07 Jul 2019
Miss Mutesi Jolly mu nama yitabiriwe na Moussa Fakki Mahamat na Perezida wa Angola
HIRYA NO HINO

Miss Mutesi Jolly mu nama yitabiriwe na Moussa Fakki Mahamat na Perezida wa Angola

Ubwanditsi 18 Sep 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru