Nsabimana Callixte Sankara yagejejwe imbere y’urukiko aregwa ibyaha by’iterabobwoba k’ubufasha bwa Uganda n’UBurundi
Sankara kuri uyu wa Kane yagejejwe imbere y’urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo yunganiwe n’umunyamategeko we Nkundabarashi Moise, wanamwunganiye kuva mu bugenzacyaha. Ibyaha 16 aregwa harimo Iremwa ... Soma »