Leta 17 ziri mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zajyanye mu nkiko ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump, kubera politiki yo gutandukanya imiryango y’abimukira binjira ...
Soma »
Daniel Kazibwe [Ragga Dee] ategerejwe mu gitaramo cy’urwenya azaririmbamo i Kigali nyuma y’uko hari hashize imyaka ibiri ahugiye cyane muri Politike nka Ambasaderi wa Uganda ...
Soma »
“Twari hariya tugamije intambara. Twari hafi yo gukubita inyeshyamba za FPR, intwaro zazaga ku birindiro zaduhaga imbaraga muri ubwo buryo,” ibyo ni ibikubiye mu buhamya ...
Soma »
Ikipe y’Igihugu ya Argentine yatsinze Nigeria ihagarariye Afurika ibitego bibiri kuri kimwe mu mukino wa gatatu wo mu itsinda D, ikatisha itike yo gukomeza muri ...
Soma »
Perezida Paul Kagame yavuze ko imishinga u Rwanda ruhuriyeho na Uganda na Kenya itoroshye ariko kuyishobora ari uko impande zombi zihura zikaganira aho imirimo igeze. ...
Soma »
Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yatangaje ko ikurikije uko ubukungu bw’igihugu buhagaze mu mezi atanu ya mbere ya 2018, hari icyizere ko intego ihari y’uko buzazamukaho ...
Soma »