Umukinnyi w’ikiragirire mu bagore ukina umukino wa tenis ,Maria Sharapova biravugwa ko agiye guhagarika mu mukino wa Tenis; ni nyuma yo kugirwa inama n’abaganga batandukanye ...
Soma »
Umukino wo ku munsi wa 13 wa Shampiyona, Musanze FC yari yakiriye APR FC, umukino urangira itsinzwe ibitego 3-0 kuri Stade ya Kigali, umutoza mushya ...
Soma »
Itsinda rya Urban Boyz, rikorera muzika mu nzu itunganya muzika ya ‘The Super Level’, nyuma yo gukorana indirimbo n’ibyamamare muri Nigeria, Timaya na Iyanya, ubu ...
Soma »
Nancy Reagan umugore wa perezida wa 40 wa Leta zunze ubumwe za Amerika Ronald Reagan yitabye Imana kuri iki cyumweru zize indwara y’umutima yaramaranye igihe ...
Soma »
Umuyobozi wa R. Sport Promoters atangaza ko guhagarikirwa amasezerano yo gukata abanyamuryango amafaranga binyuze mu ikoranabuhanga rya MTN byahombeje ikipe miliyoni 264 mu gihe cy’amezi ...
Soma »
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Senegal Macky Sall, bategerejweho gutanga ikiganiro muri Senegal, mu nama izaba yiga ku ku bibazo bikigaragara mu ikoranabuhanga ...
Soma »