Ubwo Perezida Kagame Paul yitabiraga umunsi wa mbere w’inama yitwa The World Governments Summit yiga ku miyoborere, irimo kubera i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe ...
Soma »
Gladys Nkerinka ni Umunyarwandakazi utuye mu Budage, akaba umukobwa wa Eustache Nkerinka wari umurwanashyaka ukomeye wa MDR, ndetse akaba yarigeze no kuba umudepite w’iryo shyaka ...
Soma »
Mu itangazo umuvugizi wa M23 yashyize hanze kuwa 9 Gashyantare 2024, aho M23 yamenyeshaga rubanda ibi bikurikira ko yarashe indi drone ya CH-4 imaze iminsi ...
Soma »
Mu magambo y’urwango Perezida Ndayishimiye w’uburundi yongeye kwikoma impunzi zo munkambi ya Mahama avuga ko umutwe wa RED-Tabara Urwanya Leta y’u Burundi ariho ukura abasirikare. ...
Soma »
Abenshi mu baturage batuye i Goma, mu murwa w’intara ya Kivu ya Ruguru, baravuga ko bafite ubwoba bwinshi kubera ko inyeshyamba za M23 zaba ubu ...
Soma »
Perezida w’u Rwanda, Ndakubahwa Paul Kagame ati “Uko wava mu Rwanda kose ukajya aho ushaka, ntabwo u Rwanda rukuvamo, rugumana nawe. Birashoboka ko iyo ugumanye ...
Soma »
Ikipe y’Igihugu y’abagore mu mukino wa Sitting Volleyball yegukanye igikombe cya Afurika cyaberaga muri Nigeria, Ni nyuma yo guitsinda Kenya ku mukino wa nyuka amaseti ...
Soma »