Igisirikare cy’u Rwanda kivuga ko nta bushotoranyi cyakoze bwo gutera mu ntara ya Ngozi mu Burundi. U Rwanda ruravuga ko ibirego by’u Burundi nta shingiro ...
Soma »
Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Huye , Supt. Jean Marie Vianney Karegeya yahamagariye abamotari bakorera muri aka karere kuba abafatanyabikorwa ba Polisi b’umwihariko cyane ...
Soma »
Abakuriye amashyirahamwe atwara abagenzi mu modoka mu Ntara y’Iburasirazuba, ndetse n’abatwara abagenzi kuri moto no ku magare mu karere ka Rwamagana basabwe kugira imyitwarire myiza ...
Soma »
“Igiti kigororwa kikiri gito”, uyu ni umugani wa kinyarwanda werekana ko umwana kuva akiri muto aba agomba kwitabwaho bigakorwa bwa mbere n’ababyeyi be ubwabo. Cyakora ...
Soma »
Senateri Jean de Dieu Mucyo witabye Imana mu gitondo cyo kuwa Mbere tariki 3 Ukwakira 2016, azaherekezwa mu cyubahiro ejo kuwa Gatanu tariki 7 Ukwakira ...
Soma »
U Rwanda rwageze kuri byinshi bishimishije muri iyi manda ya kabiri ya Perezida Kagame, ariko akarusho karijije amahanga n’indege nshya yo mu bwoko bwa Airbus ...
Soma »