Mu mpera z’icyumweru dusoje mu marushanwa yo ku mugabane w’I burayi habaye itungarana rikomeye ndetse na bimwe mu byemezo bitagiye bivugwaho rumwe na benshi mu ...
Soma »
Munyakazi Sadate na bagenzi be bari abayobozi ba Rayon Sports FC bambuwe ububasha bwo gukomeza kuyobora iyi kipe, nyuma y’igihe kinini ivugwamo ibibazo byagejeje n’aho ...
Soma »
Minisiteri ya siporo kuri uyu wa gatanu yatangaje ko ishuri ry’umupira w’amaguru rya Paris Saint Germain rizatangira mu kwezi kwa 10 uyu mwaka ndetse rikazagira ...
Soma »
Umunya-Argentine Pablo Morchón w’imyaka 47 y’amavuko, niwe uzungiriza Umunya-Maroc Mohammed Adil ndetse akazaba ashinzwe no kongerera ingufu abakinnyi b’ikipe ya APR FC mu mwaka utaha ...
Soma »
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize ahagaragara ingengabihe y’amarushanwa y’umupira w’amaguru ya 2020-2021. Inama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yateranye ku ya 31 Nyakanga ...
Soma »
Abakinnyi ba Bayern Munich na Borussia Dortmund bemeranyije n’abayobozi b’amakipe yabo ko bakatwa umushahara by’agateganyo muri iki gihe Isi yugarijwe na Coronavirus. Aya makipe abiri ...
Soma »
Umunya-Colombia Jhonathan Valencia atwaye agace ka 6 ka Tour du Rwanda kavaga mu mugi wa Musanze kagana i Muhanga. Aka gace kari ku ntera ya ...
Soma »