Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibanga rimwe ryo gutuma umugabane wa Afurika utera imbere ari ugushora imari mu baturage bawo. Yabitangaje kuri uyu wa Kane ...
Soma »
Umunyamategeko wa Gen. Kale Kayihura uheruka gukurwa ku buyobozi bwa Polisi ya Uganda, yagarutse ku buzima bwe nyuma y’iminsi umunani ahamagajwe n’igisirikare, aho abenshi bahamyaga ...
Soma »
Abantu bataramenyekana bitwaje imbunda, mu ijoro ryakeye ku wa Kabiri tariki ya 19 Kamena 2018 , bateye ku Biro by’Umurenge wa Nyabimata bakomeretsa Umunyamabanga Nshingwabikorwa ...
Soma »
Mu kiganiro kirekire yagiranye n’Ikinyamakuru JeuneAfrique, Perezida Paul Kagame yasubije ibibazo binyuranye ku mubano w’u Rwanda n’Ubufaransa, abajijwe ku kwiyamamaza kwa Louise Mushikiwabo ku mwanya ...
Soma »
Abagabo batatu bigeze kuyobora u Burundi, babarizwaga muri Senat y’u Burundi ari bo; Pierre Buyoya, Sylvestre Ntibantunganya ndetse na Domisien Ndayizeye, bamaze gukurwa muri senat ...
Soma »
kigo cyitwa MM & RGD Company Ltd gihagarariwe na Olivier Udahemuka cyegukanye muri cyamunara, imashini zikora itabi z’uruganda Premier Tobacco Company rw’umuryango wa Rwigara, zigurwa ...
Soma »
Umudepite wari uhagarariye Umujyi wa Arua, Ibrahim Abiriga, ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 9 Kanama 2018, yishwe arasiwe hafi y’urugo rwe i ...
Soma »