Kuva mu cyumweru gishize, mu bigarasha n’abajenisideri haravugwa inkuru yamamaza umuyoboro mushya wa YouTube wa Jenerali BEM Emmanuel Habyarimana, bakunze kwita” Mukaru”. Byari bimenyererwe ko ...
Soma »
Ubwo tariki 14 Kanama 2024 yakiraga indahiro ya Minisitiri w’Intebe n’abadepite, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yanagarutse ku mikorere mibi y’amwe mu madini n’amatorero mu ...
Soma »
Ibi Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yabigarutseho kuri uyu wa gatatu, ubwo yakiraga indahiro ya Minisitiri w’Intebe, Edouard Ngirente, n’ abadepite baheruka gutorwa, ndetse bakaba ...
Soma »
Mu mwaka wa 2015, umwanditsi w’umwongereza Andrew Wallis yasohoye inyandiko muri Open Democracy ivuga ku mugambi wo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Mu ntangiriro ...
Soma »
Perezida Félix Tshissekedi wa Kongo amaze iminsi mu bitaro byitwa”Saint-Luc” by’i Buruseli mu Bubiligi, aho yanabagiwe kubera uburwayi bw’umugongo. Mu gihe abaganga bamusabaga kuba agumye ...
Soma »