Ambasaderi w’u Bwongereza muri Iran, Rob Macaire, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano muri Iran ubwo yari avuye mu muhango wo kunamira inzirakarengane zaguye mu ndege ...
Soma »
Umujyanama wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu byerekeye igisirikare n’umutekano, Genaral James Kabarebe avuga ko ubu adashobora kuririmba kubera ko yagize umwarimu mubi cyane ...
Soma »
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Kane tariki 9 Muatarama, yatangaje ko na we afite amakenga ku mpanuka y’indege ...
Soma »
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, yashimangiye ko nta mpungenge zikwiye kubaho ko inama ya 21 y’abakuru b’Ibihugu by’Umuryango wa Afurika y’u Burasirazuba, ...
Soma »
Perezida wa Côte d’Ivoire, Alassane Ouattara, yatangaje ko agiye guhindura Itegeko Nshinga mbere y’uko amatora yo mu Ukwakira 2020 atangira. Ouattara yabitangaje kuri uyu wa ...
Soma »
Umuyobozi wungirije ushinzwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Addis-Abéba ku ruhande rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), akaba n’inzobere mu by’umutekano na politiki, Patrick ...
Soma »
Mu gihe ubutegetsi bwa Museveni bukomeje kuzunguzwa n’ibyahishuwe na Olivier Nduhungirehe kuwa Gatanu ushize mu nama yahuje impande zihagarariye u Rwanda na Uganda zigaga ku ...
Soma »