Perezida Hassan Rouhani wa Iran yihanije Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, amubwira ko intambara yashoza kuri icyo gihugu zaba umubyeyi w’intambara ...
Soma »
Perezida Xi Jinping uri mu ruzinduko mu Rwanda, yishimiye gusura u Rwanda nyuma y’ubutumire yahawe na mugenzi we, Paul Kagame avuga ko uburyo yakiriwe hamwe ...
Soma »
Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko yagiriye mu Rwanda, Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping n’umufasha we, Peng Liyuan, bakiriwe mu ngoro y’umukuru w’igihugu, Village Urugwiro, aho ...
Soma »
Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, utegerejwe ku butaka bw’u Rwanda kuri iki Cyumweru, yagaragaje ko umubano w’ibihugu byombi ari ntagereranywa ndetse urukundo bifitanye rusumba imisozi. ...
Soma »
Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique yageze i Kigali mu masaha ya saa saba mu ruzinduko rw’iminsi itatu ajemo mu Rwanda aho azasura ahantu hanyuranye ndetse ...
Soma »
Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique ategerejwe mu Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Nyakanga 2018, mu ruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi itatu. Itangazamakuru muri ...
Soma »