• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rurageretse hagati y’ibigarasha Noble Marara na Jean Paul Turayishimye   |   24 Aug 2026

  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Champions League: Shakhtar yatunguye Roma, Manchester United irokokera muri Espagne

Champions League: Shakhtar yatunguye Roma, Manchester United irokokera muri Espagne

Ubwanditsi 22 Feb 2018 IMIKINO

Mu mikino ibanza ya 1/8 muri UEFA Champions League, Manchester United, yari yasuye Sevilla muri Espagne ihakura inota rimwe bigoranye naho muri Ukraine Shakhtar Donetsk itungura AS Roma iyitsinda ibitego bibiri kuri kimwe.

Imikino ya 1/8 muri iri rushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi yatangiye ku wa Kabiri no ku wa Gatatu w’icyumweru gishize. Ibiri yabaga kuri uyu wa Gatatu niyo yasozaga umunani igomba gukinwa mbere y’uko haba iyo kwishyura hakamenyekana amakipe umunani azerekeza muri ¼ .

Manchester United iri mu ahabwa amahirwe yo kugera kure no kuba yakwegukana iri rushanwa, yari yasuye Sevilla muri Espagne benshi bayiha amahirwe ko igomba kwitwara neza ariko si ko byagenze kuko bayokejeho igitutu ndetse mu gice cya mbere Luis Muriel yateye umupira umunyezamu David de Gea awukuramo mu buryo busa n’ibitangaza kuko benshi bari bamaze kubara igitego.

Nubwo Manchester United itorohewe n’umukino n’abakunzi bayo bakivovotera umutoza wabo, Jose Mourinho ku buryo yabanje hanze Paul Pogba bivugwa ko batabanye neza, kwihagararaho ntitsindwe igitego cyo hanze byayongereye amahirwe yo kuba yazasezerera Sevilla mu mukino wo kwishyura uzabera Old Trafford.

Mu wundi mukino wabereye muri Ukraine, AS Roma imeze neza muri shampiyona iwabo mu Butaliyani yari yasuye Shakhtar Donetsk, imwe mu makipe akunda kwizirika ku bigugu ndetse iranabishimangira umukino urangira itsinze ibitego 2-1.

AS Roma ni yo yafunguye amazamu mu gice cya mbere ku gitego cya Cengiz Under kiza kwishyurwa na Facundo Ferreyra mu minota ya mbere y’igice cya kabiri. AS Roma nk’ikipe ikomeye inahabwa amahirwe yo kugomeza muri ¼, yakomeje gusatira cyane ishaka igitego cya kabiri ariko ntibyayihira.

Ibintu byayibanye bibi ubwo Umunya-Brazil, Fred, yateraga coup franc umunyezamu Alisson ntamenye aho umupira waciye. Nubwo yatsinzwe umukino ubanza, AS Roma iracyafite amahirwe kuko ariyo izakira umukino wo kwishyura kandi ikaba yabashije gutsinda igitego cyo hanze.

Uko imikino yose ibanza ya 1/8 yarangiye

-  Juventus 2-2 Tottenhm
-  FC Basel 0-4 Manchester City
-  FC Porto 0-5 Liverpool
-  Real Madrid 3-1 PSG
-  Beskitas 0-5 Bayern Munich
-  Chelsea 1-1 FC Barcelona
-  Sevilla 0-0 Manchester United
-  Shakhtar Donetsk 2-1 AS Roma

David de Gea yakuyemo umwe mu mipira yari yabazwe ko ari igitego

Umunya-Brazil, Fred, yateye Coup Franc umuzamu wa AS Roma ayoberwa uko bigenze

Ibyishimo byari byose nyuma y’igitego cy’intsinzi cya Fred

Facundo Ferreyra yaje kwishyura biba kimwe kuri kimwe

Under yishimira gufungura amazamu

AS Roma niyo yafunguye amazamu ku gitego cy’umusore w’imyaka 20, Cengiz Under


Kwamamaza

2018-02-22
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Inama nyunguranabitekerezo yahuje ubuyobozi bwa FERWAFA n’abanyamuryango bo mu kiciro ya Kabiri yanzuye ko imikino ya 2020-2021 izakinwa hagati muri Nzeri

Inama nyunguranabitekerezo yahuje ubuyobozi bwa FERWAFA n’abanyamuryango bo mu kiciro ya Kabiri yanzuye ko imikino ya 2020-2021 izakinwa hagati muri Nzeri

Ubwanditsi 20 Aug 2021
Shampiyona y’u Rwanda igiye guhagarara ibyumweru bibiri bitewe n’imikino ya gicuti y’Amavubi

Shampiyona y’u Rwanda igiye guhagarara ibyumweru bibiri bitewe n’imikino ya gicuti y’Amavubi

Ubwanditsi 24 Dec 2021
Amafoto: Kepler VC yatsinze REG VC, Police WVC itsinda APR WVC begukana igikombe cy’Intwari 2025

Amafoto: Kepler VC yatsinze REG VC, Police WVC itsinda APR WVC begukana igikombe cy’Intwari 2025

Ubwanditsi 03 Feb 2025
Argentine yatsinze Nigeria isanga u Bufaransa muri 1/8 cy’Igikombe cy’Isi

Argentine yatsinze Nigeria isanga u Bufaransa muri 1/8 cy’Igikombe cy’Isi

Ubwanditsi 27 Jun 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Polisi y’u Rwanda yatanze ubutumwa bwo kurwanya icuruzwa ry’abantu mu karere ka Kirehe
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwanda yatanze ubutumwa bwo kurwanya icuruzwa ry’abantu mu karere ka Kirehe

Ubwanditsi 02 Apr 2016
Abayobozi ba Ferwafa bakwiye gusaba imbabazi hanyuma bakegura
IMIKINO

Abayobozi ba Ferwafa bakwiye gusaba imbabazi hanyuma bakegura

Ubwanditsi 13 Oct 2016
Umutwe w’iterabwoba wa FLN mu marembera kubera kujirajira n’amacakubiri.
Amakuru

Umutwe w’iterabwoba wa FLN mu marembera kubera kujirajira n’amacakubiri.

Ubwanditsi 22 Oct 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru