• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Koreya y’Amajyaruguru yamuritse intwaro za kirimbuzi, zishobora kurasa muri Amerika

Koreya y’Amajyaruguru yamuritse intwaro za kirimbuzi, zishobora kurasa muri Amerika

Ubwanditsi 17 Apr 2017 ITOHOZA

Mu rwego rwo kwishimira intambwe Koreya y’Amajyaruguru imaze gutera mu bucuzi bw’intwaro za kirimbuzi, ku wa gatandatu 16 Mata 2017, yamuritse intwaro za nkirimbuzi, mu karasisi k’ingabo zicyo gihugu. Hakaba haranamuritswe roketi ihambaye, izwi nka “frankenmissile.”

Izi ntwaro zikaba zarazengukijwe hagati mu murwa mukuru w’icyo gihugu Pyongyang, mu gihe icyo gihugu cyashyizwe mu kato gikomeje guhembera umwuka mubi hagati yacyo na Leta zunze Ubumwe z’Amerika, uyu muhango ukaba warabereye imbere y’umuyobozi wacyo, Kim Jong Un.

Ibihumbi n’ibihumbi byari byitabiriye uwo muhango, wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 105 y’ivuka rya sekuru wa perezeida Kim Il Sung, ufatwa nka Gihanga cya Koreya y’Amajyaruguru.

-6330.jpg

Kim Jong Un.

Ubuhanga izi ntwaro zakoranywe, bukaba bwatangaje cyane inzobere mu ikoranabuhanga, ibi bikoresho bikaba bigizwe na shari, imbunda zizwi nka “Intercontinental ballistic missiles,” n’ibindi bitembo 2 bya rutura , byifashishwa mu kurasa ibi bitwaro bya kirimbuzi.

“Ubu byaturenze,” Dave Schmerler wo mu kigo cyitwa Middlebury Institute of International Studies, Monterey, muri California, mu magambo ubwo yagiranaga ikiganiro n’Ikinyamakuru Wall Street Journal. “Si natekerezaga ko nabona intwaro nkizi muri Koreya y’Amajyaruguru.”

Schmerler kandi akaba yaravuze ko intwaro zo mu bwoko bwa frankenmissiles” zifite ubushobozi bwo kurasa muri Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika.

Kim Dong-Yub, Impuguke ku bijyanye na Koreya y’Amajyaruguru yavuze ko ibi bikoresho bigaragaza neza ko icyo gihugu cyirimo gutegura ibitero simusiga, cyirasa ibitwaro bya kirimbuzi byitwa Intercontinental ballistic missiles.

-6329.jpg

-6328.jpg

Kandi ngo ibi bisasu biva mu kanwa k’ibitembo, mbere yuko bifata umuriro, kugirango bidashobora kuba byakwangirika, uyu ukaba ari umwihariko, w’izi ntwaro.

Nkuko Reuters ibitangaza, ngo biragoye cyane kugirango bene biriya bisasu bimenyekane ko bimaze kuraswa (detection), nkuko Kim yabitangaje.
Ikindi kandi nuko abayobozi bo muri Koreya y’Amajyaruguru bavuze ko uko kwigwizaho intwaro za kirimbuzi, ari ugukingira guverinoma iri ku butegetsi mur’icyo gihugu gihugu

Perezida Trump akaba yasabye Ubushinwa gufasha mu guhosha ayo makimbirane, ariko kandi kuba Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika zohereje amato y’intambara muri icyo cyigobe, birushaho gusubiza ibinti irudubi.

Choe Ryong Hae akaba yaravuze ko Perezida Trump ariwe nyirabayazana, w’icyuka cyintambara mu cyigobe cya Koreya, yongeyeho agira ati, kuba yarohereje ingabo ze, yagize ati, ‘‘ Tuzivuna uwari wese uzadutera, dukoresha intwaro zose dufite, yewe niza kirimbuzi.’’

2017-04-17
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Isomwa ry’urubanza rw’abo kwa Rwigara ryasubitswe mu buryo butunguranye

Isomwa ry’urubanza rw’abo kwa Rwigara ryasubitswe mu buryo butunguranye

Ubwanditsi 20 Oct 2017
Amerika: Bamwe mu banyarwanda barashinjanya  uburiganya

Amerika: Bamwe mu banyarwanda barashinjanya uburiganya

Ubwanditsi 30 Sep 2017
Imyitwarire ya Perezida Cyril Ramaphosa w’Afrika y’Epfo mu kibazo cya Kongo, ihabanye n’amateka y’irondabwoko yazahaje igihugu cye

Imyitwarire ya Perezida Cyril Ramaphosa w’Afrika y’Epfo mu kibazo cya Kongo, ihabanye n’amateka y’irondabwoko yazahaje igihugu cye

Ubwanditsi 29 Jan 2024
Uganda: uko bamwe mu bashinzwe umutekano bari inyuma y’icuruzwa ry’abana b’abakobwa mu bihugu by’abarabu

Uganda: uko bamwe mu bashinzwe umutekano bari inyuma y’icuruzwa ry’abana b’abakobwa mu bihugu by’abarabu

Ubwanditsi 07 Jul 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa LONI muri Sudan y’Amajyepfo zatabaye abakozi 20 ba LONI bari bari batewe n’inyeshyamba zikabacucura ibyo bafite byose
Amakuru

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa LONI muri Sudan y’Amajyepfo zatabaye abakozi 20 ba LONI bari bari batewe n’inyeshyamba zikabacucura ibyo bafite byose

Ubwanditsi 21 Apr 2021
Lt Gen Karenzi Karake na Maj. Gen Jack Nziza mu basirikare bakuru basezerewe
ITOHOZA

Lt Gen Karenzi Karake na Maj. Gen Jack Nziza mu basirikare bakuru basezerewe

Ubwanditsi 21 Jul 2017
Ikipe  izakina na APR FC yihaye  imihigo yo gutsinda igakora amateka
IMIKINO

Ikipe izakina na APR FC yihaye imihigo yo gutsinda igakora amateka

Ubwanditsi 11 Feb 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru