• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Hatahuwe umugambi wo guhitana Kale Kayihura muri gereza ya Makidye

Hatahuwe umugambi wo guhitana Kale Kayihura muri gereza ya Makidye

Editorial 02 Aug 2018 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Amakuru aturuka Uganda  kandi yizewe,avuga ko umuryango wa Kale Kayihura wamaganye impuha zivuga ko ashobora kwiyahura bitewe na depression yaho afungiwe. Nyamara ikihishe inyuma nuko ahubwo inzego z’ ubutasi bwa Uganda [ CMI ] bukora integuza mu baturage mu mugambi wo kumwicira muri gereza  ya Makidye kugirango noneho bazabone uko babisobanura.

Ubundi nta mpamvu igaragara ituma Kale Kayihura yiyambura ubuzima kuko ntacyo yishinja cyangwa  icyo ashinjwa na Leta. Ahubwo babuze uko bamujyana mu rukiko kuko aburanye yabatsinda, bakamwara.Ibyaha bamurega nta muntu utazi ko ari ibihimbano ku buryo n’umwana wa Perezida Museveni ,Major General  Muhoozi Kainerugaba, yagiye kumusura nyuma byaje gukurura amakimbirane hagatiye na se ndetse na jeannette Museveni  kuko Gen. Kainerugaba avuga ko Kale Kayihura arengana kuko ntabimenyetso bimushinja bihari. Amakuru ava muri gereza ya Makidye avuga ko Kale Kayihura abonana n’abaganga be,kandi s’indembe na gato ahubwo baramukurikirana nkuko byari bisanzwe. Ayo mayeri ya CMI rero ntaho afashe na gato.

Abo mu karere ka kisoro aho  Kale Kayihura avuka, bakomeje nabo bavuga ko ari ibihuha, bagiye gusura umuryango bitwaje ibitoki , inkoko n’ibandi.. bayobowe n’umuyobozi w’akarere  Abel bizimana,  , bagiye iwe murugo i Muyenga  ahari umugore n’abana be. Mubiganiro bagiranye n’umugore we yababwiye ko Kayihura, akomeye kandi ntakibazo afite, ibyo kuvuga ko ashaka kwiyahura ko ari abanzi be bari kubizana kugirango bace intege inshuti ze n’abandi bakoranaga ubucuruzi nabo mu muryango we.

Umuyobozi w’Akare  Bizimana atangaza ko  Kayihura adashaka abantu gukomeza guhatira leta n’igisilikare kumuzana mu rukiko.

 

2018-08-02
Editorial

IZINDI NKURU

“Uzitura impene yamara kurenga imbibe ugahebeba nka yo”-Umugani w’ikirundi

“Uzitura impene yamara kurenga imbibe ugahebeba nka yo”-Umugani w’ikirundi

Editorial 04 Feb 2025
Abo kwa Paul Rusesabagina bongeye gukama ikimasa. Bari bizeye ko Umunyamabanga w’ Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken uri mu Rwanda, amutahana ariko azarangiza igihano cye!

Abo kwa Paul Rusesabagina bongeye gukama ikimasa. Bari bizeye ko Umunyamabanga w’ Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken uri mu Rwanda, amutahana ariko azarangiza igihano cye!

Editorial 11 Aug 2022
Uganda: Hari byinshi leta ya Museveni igomba gusobanurira abaturage bayo kurusha gukwirakwiza ibihuha ku buzima bw’abayobozi mu Rwanda

Uganda: Hari byinshi leta ya Museveni igomba gusobanurira abaturage bayo kurusha gukwirakwiza ibihuha ku buzima bw’abayobozi mu Rwanda

Editorial 13 Aug 2019
Leta y’Afrika y’Epfo, yashyizweho itegeko ribuza impunzi gukina politiki utabyubahirije akirukanwa

Leta y’Afrika y’Epfo, yashyizweho itegeko ribuza impunzi gukina politiki utabyubahirije akirukanwa

Editorial 06 Jan 2020

2 Ibitekerezo

  1. Shimon
    August 2, 20181:41 pm -

    Mwabwiwe na nde ko ntacyo yishinja?? Kubogama bibi!!!! Mujye mwandika amakuru yungurana ,mureke ubufana. Ibindi byose birashoboka,ariko kuvuga ngo ntacyo yishinja ntabwo aribyo.

    Subiza
  2. Intareyakanwa
    August 2, 20182:36 pm -

    games nkizi ngizi zikinwa na za leta zose udasize n’imwe hano ku isi yacu igihe cyose zishaka kwikiza abazibangamiye cg abadahuje nazo ibitekerezo.

    Gusa na none iyo usomye iyi nkuru wumvamo ka TENA kuko usanga hari ukundi uyisoma ayumva.

    Uyu mupira rero ntababeshye igihe watangiriye ndabona utangiye kugenda uryoha pe.

    Abafana baraza kwishima naho abazamu barire ayo kwarika nigaramiye.
    Ba nyiri amakipe nabo baraza guhomba ibikombe ndtse n’imidari bayinyagwe

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Guverinoma y’u Rwanda imaze guhagarika amasezerano y’ubufatanye rwari rufitanye n’Ububiligi, akaba yari afite agaciro kuva muw’2024 kugeza muw’2029
Amakuru

Guverinoma y’u Rwanda imaze guhagarika amasezerano y’ubufatanye rwari rufitanye n’Ububiligi, akaba yari afite agaciro kuva muw’2024 kugeza muw’2029

Editorial 18 Feb 2025
Amafoto – Mahoro Yvan na Murangwa Nelson bakiniraga ikipe ya UVC Volleyball Club berekeje muri REG VC
Amakuru

Amafoto – Mahoro Yvan na Murangwa Nelson bakiniraga ikipe ya UVC Volleyball Club berekeje muri REG VC

Editorial 09 Dec 2021
U Burundi Bugiye Kugura Mu Burusiya ‘Pantsir-S1’  Irasa Missiles Zikingira Ibitero Byo Mu Kirere
HIRYA NO HINO

U Burundi Bugiye Kugura Mu Burusiya ‘Pantsir-S1’ Irasa Missiles Zikingira Ibitero Byo Mu Kirere

Editorial 26 Aug 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru