• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Hatahuwe umugambi wo guhitana Kale Kayihura muri gereza ya Makidye

Hatahuwe umugambi wo guhitana Kale Kayihura muri gereza ya Makidye

Ubwanditsi 02 Aug 2018 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Amakuru aturuka Uganda  kandi yizewe,avuga ko umuryango wa Kale Kayihura wamaganye impuha zivuga ko ashobora kwiyahura bitewe na depression yaho afungiwe. Nyamara ikihishe inyuma nuko ahubwo inzego z’ ubutasi bwa Uganda [ CMI ] bukora integuza mu baturage mu mugambi wo kumwicira muri gereza  ya Makidye kugirango noneho bazabone uko babisobanura.

Ubundi nta mpamvu igaragara ituma Kale Kayihura yiyambura ubuzima kuko ntacyo yishinja cyangwa  icyo ashinjwa na Leta. Ahubwo babuze uko bamujyana mu rukiko kuko aburanye yabatsinda, bakamwara.Ibyaha bamurega nta muntu utazi ko ari ibihimbano ku buryo n’umwana wa Perezida Museveni ,Major General  Muhoozi Kainerugaba, yagiye kumusura nyuma byaje gukurura amakimbirane hagatiye na se ndetse na jeannette Museveni  kuko Gen. Kainerugaba avuga ko Kale Kayihura arengana kuko ntabimenyetso bimushinja bihari. Amakuru ava muri gereza ya Makidye avuga ko Kale Kayihura abonana n’abaganga be,kandi s’indembe na gato ahubwo baramukurikirana nkuko byari bisanzwe. Ayo mayeri ya CMI rero ntaho afashe na gato.

Abo mu karere ka kisoro aho  Kale Kayihura avuka, bakomeje nabo bavuga ko ari ibihuha, bagiye gusura umuryango bitwaje ibitoki , inkoko n’ibandi.. bayobowe n’umuyobozi w’akarere  Abel bizimana,  , bagiye iwe murugo i Muyenga  ahari umugore n’abana be. Mubiganiro bagiranye n’umugore we yababwiye ko Kayihura, akomeye kandi ntakibazo afite, ibyo kuvuga ko ashaka kwiyahura ko ari abanzi be bari kubizana kugirango bace intege inshuti ze n’abandi bakoranaga ubucuruzi nabo mu muryango we.

Umuyobozi w’Akare  Bizimana atangaza ko  Kayihura adashaka abantu gukomeza guhatira leta n’igisilikare kumuzana mu rukiko.

 

2018-08-02
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Perezida Kagame yitabiriye Inama yiga ku mihindagurikire y’ibihe muri Afurika irimo kubera muri Kenya

Perezida Kagame yitabiriye Inama yiga ku mihindagurikire y’ibihe muri Afurika irimo kubera muri Kenya

Ubwanditsi 05 Sep 2023
Niba Guverinoma y’uRwanda yibasira abayigometseho, ninde wibasira inshuti zayo n’abasangirangendo?

Niba Guverinoma y’uRwanda yibasira abayigometseho, ninde wibasira inshuti zayo n’abasangirangendo?

Ubwanditsi 03 Sep 2019
U Burundi buragana he? Ibiganiro bimaze ibyumweru bibiri birangiye nta masezerano ashyizweho umukono

U Burundi buragana he? Ibiganiro bimaze ibyumweru bibiri birangiye nta masezerano ashyizweho umukono

Ubwanditsi 08 Dec 2017
Minisitiri Dr Vincent Biruta yamenyesheje Albert Shingiro ko u Rwanda Rwiteguye Gutanga Umusanzu Warwo mu Kuzahura Umubano w’Ibihugu byombi

Minisitiri Dr Vincent Biruta yamenyesheje Albert Shingiro ko u Rwanda Rwiteguye Gutanga Umusanzu Warwo mu Kuzahura Umubano w’Ibihugu byombi

Ubwanditsi 20 Oct 2020

2 Ibitekerezo

  1. Shimon
    August 2, 20181:41 pm -

    Mwabwiwe na nde ko ntacyo yishinja?? Kubogama bibi!!!! Mujye mwandika amakuru yungurana ,mureke ubufana. Ibindi byose birashoboka,ariko kuvuga ngo ntacyo yishinja ntabwo aribyo.

    Subiza
  2. Intareyakanwa
    August 2, 20182:36 pm -

    games nkizi ngizi zikinwa na za leta zose udasize n’imwe hano ku isi yacu igihe cyose zishaka kwikiza abazibangamiye cg abadahuje nazo ibitekerezo.

    Gusa na none iyo usomye iyi nkuru wumvamo ka TENA kuko usanga hari ukundi uyisoma ayumva.

    Uyu mupira rero ntababeshye igihe watangiriye ndabona utangiye kugenda uryoha pe.

    Abafana baraza kwishima naho abazamu barire ayo kwarika nigaramiye.
    Ba nyiri amakipe nabo baraza guhomba ibikombe ndtse n’imidari bayinyagwe

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abapolisikazi baguye mu butumwa bw’amahoro muri Haiti barashyinguwe
Mu Mahanga

Abapolisikazi baguye mu butumwa bw’amahoro muri Haiti barashyinguwe

Ubwanditsi 03 Feb 2016
Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Umuryango wa Rwigara uregamo RRA
INKURU NYAMUKURU

Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Umuryango wa Rwigara uregamo RRA

Ubwanditsi 06 Feb 2018
Musore nawe Mukobwa dore inama zifatika zagufasha guhitamo neza uwo muzarushinga
IMIKINO

Musore nawe Mukobwa dore inama zifatika zagufasha guhitamo neza uwo muzarushinga

Ubwanditsi 23 Feb 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru