• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Hatahuwe umugambi wo guhitana Kale Kayihura muri gereza ya Makidye

Hatahuwe umugambi wo guhitana Kale Kayihura muri gereza ya Makidye

Ubwanditsi 02 Aug 2018 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Amakuru aturuka Uganda  kandi yizewe,avuga ko umuryango wa Kale Kayihura wamaganye impuha zivuga ko ashobora kwiyahura bitewe na depression yaho afungiwe. Nyamara ikihishe inyuma nuko ahubwo inzego z’ ubutasi bwa Uganda [ CMI ] bukora integuza mu baturage mu mugambi wo kumwicira muri gereza  ya Makidye kugirango noneho bazabone uko babisobanura.

Ubundi nta mpamvu igaragara ituma Kale Kayihura yiyambura ubuzima kuko ntacyo yishinja cyangwa  icyo ashinjwa na Leta. Ahubwo babuze uko bamujyana mu rukiko kuko aburanye yabatsinda, bakamwara.Ibyaha bamurega nta muntu utazi ko ari ibihimbano ku buryo n’umwana wa Perezida Museveni ,Major General  Muhoozi Kainerugaba, yagiye kumusura nyuma byaje gukurura amakimbirane hagatiye na se ndetse na jeannette Museveni  kuko Gen. Kainerugaba avuga ko Kale Kayihura arengana kuko ntabimenyetso bimushinja bihari. Amakuru ava muri gereza ya Makidye avuga ko Kale Kayihura abonana n’abaganga be,kandi s’indembe na gato ahubwo baramukurikirana nkuko byari bisanzwe. Ayo mayeri ya CMI rero ntaho afashe na gato.

Abo mu karere ka kisoro aho  Kale Kayihura avuka, bakomeje nabo bavuga ko ari ibihuha, bagiye gusura umuryango bitwaje ibitoki , inkoko n’ibandi.. bayobowe n’umuyobozi w’akarere  Abel bizimana,  , bagiye iwe murugo i Muyenga  ahari umugore n’abana be. Mubiganiro bagiranye n’umugore we yababwiye ko Kayihura, akomeye kandi ntakibazo afite, ibyo kuvuga ko ashaka kwiyahura ko ari abanzi be bari kubizana kugirango bace intege inshuti ze n’abandi bakoranaga ubucuruzi nabo mu muryango we.

Umuyobozi w’Akare  Bizimana atangaza ko  Kayihura adashaka abantu gukomeza guhatira leta n’igisilikare kumuzana mu rukiko.

 

2018-08-02
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Perezida Kagame yemeje ko ibya FDLR na Jenoside ari amateka mu Rwanda bitazongera kubaho ukundi

Perezida Kagame yemeje ko ibya FDLR na Jenoside ari amateka mu Rwanda bitazongera kubaho ukundi

Ubwanditsi 10 Feb 2023
Abasirikari ba Kenya bari baragiye mu butumwa bw’Umuryango w’Afrika y’Uburasirazuba muri Kongo, batangiye kuva muri icyo gihugu

Abasirikari ba Kenya bari baragiye mu butumwa bw’Umuryango w’Afrika y’Uburasirazuba muri Kongo, batangiye kuva muri icyo gihugu

Ubwanditsi 03 Dec 2023
Amafoto – Amavubi yatsinze Afurika y’Epfo 2-0 ayobora itsinda C mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026

Amafoto – Amavubi yatsinze Afurika y’Epfo 2-0 ayobora itsinda C mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026

Ubwanditsi 21 Nov 2023
Leta y’u Burundi irashinjwa kohereza rwihishwa abasirikari n’imbonerakure muri Kongo

Leta y’u Burundi irashinjwa kohereza rwihishwa abasirikari n’imbonerakure muri Kongo

Ubwanditsi 28 Jul 2022

2 Ibitekerezo

  1. Shimon
    August 2, 20181:41 pm -

    Mwabwiwe na nde ko ntacyo yishinja?? Kubogama bibi!!!! Mujye mwandika amakuru yungurana ,mureke ubufana. Ibindi byose birashoboka,ariko kuvuga ngo ntacyo yishinja ntabwo aribyo.

    Subiza
  2. Intareyakanwa
    August 2, 20182:36 pm -

    games nkizi ngizi zikinwa na za leta zose udasize n’imwe hano ku isi yacu igihe cyose zishaka kwikiza abazibangamiye cg abadahuje nazo ibitekerezo.

    Gusa na none iyo usomye iyi nkuru wumvamo ka TENA kuko usanga hari ukundi uyisoma ayumva.

    Uyu mupira rero ntababeshye igihe watangiriye ndabona utangiye kugenda uryoha pe.

    Abafana baraza kwishima naho abazamu barire ayo kwarika nigaramiye.
    Ba nyiri amakipe nabo baraza guhomba ibikombe ndtse n’imidari bayinyagwe

    Subiza

Leave a Reply to Intareyakanwa Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Visi Perezida wa APR FC Maj Gen Mubarakh Muganga Yagejeje ku Bakinnyi Imigabo n’Imigambi ya APR FC y’Umwaka Utaha Anabasaba Gukomeza Kwirinda Icyorezo COVID-19
IMIKINO

Visi Perezida wa APR FC Maj Gen Mubarakh Muganga Yagejeje ku Bakinnyi Imigabo n’Imigambi ya APR FC y’Umwaka Utaha Anabasaba Gukomeza Kwirinda Icyorezo COVID-19

Ubwanditsi 04 Aug 2020
Perezida Kagame yongeye kuburira abatekereza guhungabanya umutekano w’u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yongeye kuburira abatekereza guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Ubwanditsi 20 Dec 2019
‘Ntabwo tuzakomeza kwihanganira umuco wo gutanga Serivisi mbi’ – Minisitiri Murekezi
Mu Mahanga

‘Ntabwo tuzakomeza kwihanganira umuco wo gutanga Serivisi mbi’ – Minisitiri Murekezi

Ubwanditsi 01 Feb 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru