• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Ibihugu by’Afurika biriga ku buryo bwo gusigasira ibimera n’imbuto zabyo

Ibihugu by’Afurika biriga ku buryo bwo gusigasira ibimera n’imbuto zabyo

Ubwanditsi 20 Sep 2017 Mu Rwanda

Ibihugu bigize umuryango w’ubumwe bw’Afurika birasanga bikwiye kwongerera uburyo bwatuma ibimera n’imbuto bisigasirwa kugirango bitazimira cyangwa bikabura burundu ku isi.

Ubusanzwe hari amasezerano mpuzamahanga atuma isi irinda ibimera n’imbuto yitwa “International Treaty on Plant Generic Resources for Food and Agriculture” yashyizweho umukomo n’ibihugu kuri ubu bigera 144 byo kwisi. Ibyo bihugu biyemera biterana nyuma yaburi myaka ibiri hasuzumwa aho bigeze bisigasira ibimera n’imbuto kugirango bitazimira ku isi, Ariko izo nama zaberaga ku mugabane itandukanye y’isi.

Ubwa mbere mu mateka y’iyo nama igiye kuberai muri kimwe mu gihugu cy’Afurika kiri munsi y’Ubutayu bwa Sahara aricyo u Rwanda. Muri urwo rwego, Ibihugu bigize umuryango w’ubumwe bw’Afurika biteraniye mu Rwanda mu nama itegura iyo nama mpuzamahanga arinako biganira kugirango bigire ijwi rimwe kucyo umugabane w’Afurika wakungukira muri aya masezerano,Iyi nama ikaba yarateguwe n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi FAO.

Aganira n ’Itangazamakuru Bwana Muhinda Otto, Umuyobozi wungirije ushinwe porogaramu muri FAO yavuze ko muri iyi nama bari kurebera hamwe uko hasigasirwa ibimera ndetse n’imbuto zabyo,uko abantu bagera ku bimera bishya hakorshejwe ikoranabuhanga ndetse n’uko ibimera gakondo byagumaho.

-8010.jpg

Bwana Muhinda Otto

-8012.jpg

-8011.jpg

Yakomeje avuga ko kandi bari kurebera hamwe uburyo bwo kubikora no kubihuza kugira ngo byose bibeho, uko abahinzi babona imbuto batera zizana umusaruro mwinshi ariko ibimera gakondo bikagumya kubaho kuko nabyo ari ingirakamaro.
Ikindi ngo nuko bazarebera hamwe uburyo bwo guhanahana umutungo w’ibihingwa, n’ubworozi nta mbogamizi, igihugu kikaba cyaha ikindi nk’imbuto kidafite mugihe izo gifite zaba zagize ikibazo.

Muri iyi nama kandi ngo abitabiriye iyi nama bagamije guhuza umugambi umwe ku cyakorwa nka Afrika ku bijyanye no gusigasira ibimera n’imbuto zabyo bityo afrika ikazaba ifite imyumvire imwe cyangwa ijwi rimwe muri iriya nama mpuzamahanga izabera Kigali.

U Rwanda rwasinye ayo masezerano mu mwaka wa 2010, inama mpuzamahanga nyirizina izaba tariki ya 30 Ukwakira kugeza kuya 3 Ugushyingo, ikazahuza ibihugu byose byo ku isi bigera ku 144 aho abazitabira iyi nama bazaba barebera hamwe amasezerano mpuzamahanga yo kurinda no gutunganya ibikomoka ku buhinzi.

Norbert Nyuzahayo

2017-09-20
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abitabiriye inama mpuzamahanga ku buringanire bw’ibitsina byombi bashimye imikorere ya Isange

Abitabiriye inama mpuzamahanga ku buringanire bw’ibitsina byombi bashimye imikorere ya Isange

Ubwanditsi 04 Nov 2017
Gatsibo: Abacukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko bari mu maboko ya Polisi

Gatsibo: Abacukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko bari mu maboko ya Polisi

Ubwanditsi 22 Jun 2017
Rusizi : Umugore watuganyaga ibyo kurya mugikoni yatemeshejwe umuhoro mu mutwe.

Rusizi : Umugore watuganyaga ibyo kurya mugikoni yatemeshejwe umuhoro mu mutwe.

Ubwanditsi 14 Mar 2017
Undi Munyarwandakazi yahawe igihembo n’umwamikazi w’u Bwongereza

Undi Munyarwandakazi yahawe igihembo n’umwamikazi w’u Bwongereza

Ubwanditsi 04 Jun 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Paul Rusesabagina na Callixte Sankara nabo bashyiriweho impapuro zibata muri yombi
INKURU NYAMUKURU

Paul Rusesabagina na Callixte Sankara nabo bashyiriweho impapuro zibata muri yombi

Ubwanditsi 05 Feb 2019
Perezida Kagame asanga 2020 izaba nziza kurusha 2019
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame asanga 2020 izaba nziza kurusha 2019

Ubwanditsi 20 Dec 2019
Kicukiro:  Umugabo yatawe muri yombi ashinjwa kwica atwitse mushiki we babyaranye
Mu Mahanga

Kicukiro: Umugabo yatawe muri yombi ashinjwa kwica atwitse mushiki we babyaranye

Ubwanditsi 27 Oct 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru