• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ibyo Urubyiruko Rugomba Kumenya kuri Ingabire Victoire   |   04 Jun 2025

  • Ibihugu Umunani byo ku migabane itandukanye, bigiye guhurira mu Rwanda mu irushanwa ryo Kwibuka ku ncuro ya 31 Genocide yakorewe Abatutsi 1994   |   03 Jun 2025

  • Minisitiri Bizimana yakurugutuye Gustave Mbonyumutwa washakaga “kugira abatagatifu” abajenosideri barimo se Shingiro Mbonyumutwa na Ngirumpatse   |   03 Jun 2025

  • Amavubi yatangiye umwiherero muri Algeria, Manishimwe Djabel yangiwe kwinjira mu gihugu , Rafael York ntiyatanze impamvu yo kutitabira umwihero   |   02 Jun 2025

  • Niyigena Clément wa APR FC n’uwahoze ari umutoza we Darko Novic mu begukanye ibikombe by’abahize abandi muri Rwanda Premier League 2024-2025   |   31 May 2025

  • Umunya-Tunisia Afhamia Lotfi watozaGA ikipe ya Mukura VS yagizwe Umutoza Mukuru mushya wa Rayon Sports FC   |   30 May 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Icyinyoma cya Rwemalika Felecitee na Nzamwita Degoule nicyo cyizambya umupira w’abagore

Icyinyoma cya Rwemalika Felecitee na Nzamwita Degoule nicyo cyizambya umupira w’abagore

Editorial 18 Aug 2016 IMIKINO

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi Fifa,ryatangije gahunda yo gushishikariza umwana w’umukobwa gukura akunda ruhago iyi gahunda ikaba yariswe’’ Live your Goals Project’’,uyu mushinga usomye amahame nintumbero yawo usanga bitanga ikizere ku mupira w’abagore.

-3737.jpg
ubwo baheruka i Huye

Ibi byashoboka mubindi bihugu gusa ntitwabitegereza mu Rwanda,impamvu nyamukuru nuko nta muntu numwe ushishikajwe no kuzamura urwego rw’umupira hano mu gihugu,hari gahunda yari yatangijwe na Fifa yiswe ‘’Grass Root’’iyi yari gamije kuzamura impano zabana bakiri bato cyane hanashyirwaho amashampiyona yabakiri bato mu bihugu bitandukanye,ku ruhande rwa Ferwafa icyi gikorwa cyakozwe bavugako ari igerageza,ariko wareba amafaranga yashyizwemo ugasanga aramutse akoreshejwe neza byatanga umusaruro gusa bazengurutse mu turere 4 bahita babihagarika bigaragara ko bifuzaga ishusho yo kwereka Fifa ko bari gukoresha ingengo y’imari isaga miliyoni 500 z’amafaranga y’ u Rwanda.

-3739.jpg
nguwo Rwemalika Felecitee

Indi mpamvu twashingiraho tuvuga ko ibikorwa nkibi biba bifitiye inyungu Rwemalika Felecitee, ukuriye Komisiyo y’umupira w’amaguru w’abagore muri FERWAFA na Nzamwita Vincent Degoule,nuko uyu mugore ndetse n’uyu mugabo ntashyaka bagaragaje mukuzamura urwego rw’umupira w’abagore ahubwo iyo bigeze mu gihe kimishinga migari nkiyi ya Fifa bakora igikorwa gisa naho ari ukwigaragariza Fifa ko babitangiye ariko wazakurikirana ugasanga nta musaruro byatanze yewe ntibinakomeza ngo nibura hashyirweho gahunda ihamye yo gufasha abagenerwa bikorwa(abakobwa bakina umupira w’amaguru cyangwa abana bakiri bato )ahubwo usanga ugize ijambo avugira mu itangaza makuru agaragaza ko bakoze byinshi birenze ibyo basabwaga.

-3738.jpg
abakobwa baza ari benshi

Mu mwaka ushize Fifa yatanze amafaranga angana 112500 y’amadorali yo guteza imbere umupira w’abagore,gusa nta numwe utazi ukuntu shampiyona yabo ikinwa ntanagaciro ihabwa,ikindi iyo iyi shampiyona iri gukinwa Rwemalika Felecitee ntashobora kugera ku kibuga,ibi bihita biguha ishuhsho yuko nta numwe urajwe inshinga niterambere ry’abagore mu mupira w’amaguru.

Tugaruke kuri iyi gahunda yatangiye tariki ya 11 kanama igatangirizwa mu karere ka Huye, tariki ya 12 igakomereza mu karere ka Rusizi,nkuko bigaragara mu ngingo zigize uyu mushinga nuko Fifa izajya itanga angana 40 000 by’amadorali y’amanyamerika buri mwaka,yo gufasha gukora ubukangurambaga bwo gukundisha abakobwa umupira w’amaguru,iyi gahunda izashorwamo amafanranga menshi ariko ntituyitegerezomo umusaruro ikindi birarangirara aha nubwo mu kuyitangiza yatangaje ko ari umushinga uzamara hafi imyaka 4 yagize ati’“ Ni umushinga uzamara imyaka 4. Twahereye mu karere ka Kicukiro umwaka ushize. Uyu mushinga uzagera mu turere twinshi two mu Rwanda, turabona ko yaba ari imbarutso nziza ku bana b’abakobwa yo kubakundisha umupira w’amaguru.”

-3740.jpg
Nzamwita uyobora Ferwafa

Ukurikije gahunda ya Leta y’u Rwanda yo guha umwanya umugore usanga ihabanye cyane no mu mupira w’amaguru kuko ho usanga bakuraho ikipe y’igihugu uko bishakoye kuko nta nyungu abayobozi baba bayibonamo,ndtse ugasanga na shampiyona y’abagore batayiha agaciro.

Ntakirutimana Alfred

2016-08-18
Editorial

IZINDI NKURU

Amakipe 54 yo mu bihugu bitatu niyo azitabira imikino ya Volleyball yo Kwibuka Rutsindura

Amakipe 54 yo mu bihugu bitatu niyo azitabira imikino ya Volleyball yo Kwibuka Rutsindura

Editorial 29 May 2024
Apotre Gitwaza yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye ya mbere ‘Mana kiza bene wacu’ arimo Kanyombya

Apotre Gitwaza yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye ya mbere ‘Mana kiza bene wacu’ arimo Kanyombya

Editorial 03 Dec 2016
Rutahizamu wa Manchester City yo mu Bwongereza Sergio Kun Aguero yabwiwe ko atazagumana n’iyi kipe nyuma yaho amasezerano ye azaba arangiye mu mpera z’uyu mwaka w’imikino wa 2020-2021

Rutahizamu wa Manchester City yo mu Bwongereza Sergio Kun Aguero yabwiwe ko atazagumana n’iyi kipe nyuma yaho amasezerano ye azaba arangiye mu mpera z’uyu mwaka w’imikino wa 2020-2021

Editorial 30 Mar 2021
Tuyisenge Jacques wifuzwaga na Police FC yerekeje muri AS Kigali, Shaban Shabalala yongereye amasezerano , APR FC yihariye ibikombe by’abakinnyi bitwaye neza

Tuyisenge Jacques wifuzwaga na Police FC yerekeje muri AS Kigali, Shaban Shabalala yongereye amasezerano , APR FC yihariye ibikombe by’abakinnyi bitwaye neza

Editorial 01 Aug 2022
Amakipe 54 yo mu bihugu bitatu niyo azitabira imikino ya Volleyball yo Kwibuka Rutsindura

Amakipe 54 yo mu bihugu bitatu niyo azitabira imikino ya Volleyball yo Kwibuka Rutsindura

Editorial 29 May 2024
Apotre Gitwaza yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye ya mbere ‘Mana kiza bene wacu’ arimo Kanyombya

Apotre Gitwaza yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye ya mbere ‘Mana kiza bene wacu’ arimo Kanyombya

Editorial 03 Dec 2016
Rutahizamu wa Manchester City yo mu Bwongereza Sergio Kun Aguero yabwiwe ko atazagumana n’iyi kipe nyuma yaho amasezerano ye azaba arangiye mu mpera z’uyu mwaka w’imikino wa 2020-2021

Rutahizamu wa Manchester City yo mu Bwongereza Sergio Kun Aguero yabwiwe ko atazagumana n’iyi kipe nyuma yaho amasezerano ye azaba arangiye mu mpera z’uyu mwaka w’imikino wa 2020-2021

Editorial 30 Mar 2021
Tuyisenge Jacques wifuzwaga na Police FC yerekeje muri AS Kigali, Shaban Shabalala yongereye amasezerano , APR FC yihariye ibikombe by’abakinnyi bitwaye neza

Tuyisenge Jacques wifuzwaga na Police FC yerekeje muri AS Kigali, Shaban Shabalala yongereye amasezerano , APR FC yihariye ibikombe by’abakinnyi bitwaye neza

Editorial 01 Aug 2022
Amakipe 54 yo mu bihugu bitatu niyo azitabira imikino ya Volleyball yo Kwibuka Rutsindura

Amakipe 54 yo mu bihugu bitatu niyo azitabira imikino ya Volleyball yo Kwibuka Rutsindura

Editorial 29 May 2024
Apotre Gitwaza yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye ya mbere ‘Mana kiza bene wacu’ arimo Kanyombya

Apotre Gitwaza yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye ya mbere ‘Mana kiza bene wacu’ arimo Kanyombya

Editorial 03 Dec 2016
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru