• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Kigali: Umupasiteri yafatiwe muri Lodge asambanya umwe mubo bafatanya umurimo w’Imana

Kigali: Umupasiteri yafatiwe muri Lodge asambanya umwe mubo bafatanya umurimo w’Imana

Ubwanditsi 08 Jul 2016 Mu Mahanga

Ubusambanyi ku ba Pasitoro bamwe n’ibwo Bibiliya yabo. Pasitoro yaguwe gitumo arimo asambanya umwe muba Protocole be cyangwa Diyakonese. Mu masaha ya saa ine za manywa nibwo Pasitoro umushumba w’Itorero …….. yafashwe asambanya umugore witwa Isabel umwe mu bashinzwe kwakira abashyitsi muri iryo Torero tutashatse kuvuga.

Bamwe mu baganiriye n’ikinyamakuru (UMUBAVU), aricyo dukesha ino nkuru bavuze ko n’ubusanzwe uyu mu pastoro akunda gukorakora abakobwa baririmba muri chorali yo muri iryo torero rye ndetse n’abagore , akavugwaho guca inyuma umugore we wisezerano.

Bati : “N’ubundi ingesoye n’isanzwe kuko n’ubundi aba akorakora abakobwa no mugihe aba abasengera ubona ashaka kubakorakora yanacaga inyuma umugorewe ahubwo n’amahirwe agize.”

Mukanya hagati ya saa ine na saa tanu ni bwo yafitiwe muri Lodje imwe yo muri kigali asambana n’umugore ibintu batifuje ko bya menyekana kuko habaye ihenzwa ry’Itangazamakuru.

Ibi byabaye ubwo umukozi wo muri iyo lodge yabonye uyu mugore basengana yinjira asanga Pasitoro mu cyumba kandi uyu Pasitoro ari umushumba w’uyu mukozi ,noneho kuko abashumba batajya bamenya abakristo bato ntiyamenye ko uyu mukozi amuzi. Nibwo yagiye kuruhande ahamagara umugore wuyu mushumba n’umugabo w’uyu mugore umugabo w’uyu mugore yahageze mbere haba inkundura nibwo yabasohoye abicaza hanze.

Ubwo twahageraga twasanze induru ari yose ariko biza kumenyekana ko n’ubundi uyu mushumba yararanyemo umukobwa mbere yuko hitabazwa inzego z’umutekano habanje kwitabazwa imiryango umugabo w’uyu mugore akaba yasabaga akayabo k’amafaranga angana na miliyoni 6.000.000 frw kuko bose basezeranye byemewe n’amategeko ntiharamenyekana umwanzuro wicyemejwe. Ibi bibaye , si ubwa mbere bibaye muri iri torero kuko ingeso nkiyi ikunda kuvugwamo .

Umugore w’uyu mushumbamu na gahinda kenshi akihagera yaguye hasi kuko yariraga avuga ngo warambeshye ngo ugiye mu ivugabutumwa i Rusizi none nibi uba wibereyemo ?

Tuzakomeza kubakurikiranira iyi nkuru y’ubusambanyi bubera mu madini n’amatorero musengeramo. Aho aba Pastor basambanya abagore babandi bababeshya iby’ubuhanuzi. Iki kibazo kikaba kimaze gusenya imiryango myinshi cyane y’abashakanye hano mu mujyi wa Kigali. Dufite n’amazina y’abamaze gukuramo amada y’aba pasiteri nibiba ngombwa tuzayashyira ahagaragara.

-3234.jpg

Agahoma munwa

2016-07-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Uganda: Abantu Bambaye Imyambaro Ya FARDC Barashe Abantu 3 Bashimuta Undi

Uganda: Abantu Bambaye Imyambaro Ya FARDC Barashe Abantu 3 Bashimuta Undi

Ubwanditsi 06 Aug 2018
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ubwanditsi 11 Apr 2024
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda yasabye sosiyeti zigenga zishinzwe gucunga umutekano gukora kinyamwuga

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda yasabye sosiyeti zigenga zishinzwe gucunga umutekano gukora kinyamwuga

Ubwanditsi 03 Jan 2016
Umuhungu wa Habyarimana yatanze ubuhamya ahuza nibyo Raporo Mutsinzi yatangaje

Umuhungu wa Habyarimana yatanze ubuhamya ahuza nibyo Raporo Mutsinzi yatangaje

Ubwanditsi 12 Apr 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Joseph Kabila yashinje Perezida Tshisekedi kuba nyirabayazana w’ibibazo byose Congo ifite
Amakuru

Joseph Kabila yashinje Perezida Tshisekedi kuba nyirabayazana w’ibibazo byose Congo ifite

Ubwanditsi 24 Feb 2025
Mu Burundi rurageretse hagati y’abaturage n’imbonerakure zibaka amaturo ku gatuza
Amakuru

Mu Burundi rurageretse hagati y’abaturage n’imbonerakure zibaka amaturo ku gatuza

Ubwanditsi 26 Aug 2024
Teta yatunguwe no kubona “Velo” kuri NTV Kenya
IMIKINO

Teta yatunguwe no kubona “Velo” kuri NTV Kenya

Ubwanditsi 02 Feb 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru