• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

  • Jambo ASBL yongeye kwerekana ko ari umuvugizi wa FDLR, ntiyifuza ko uyu mutwe wamburwa intwaro ku ngufu   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Kigali: Umupasiteri yafatiwe muri Lodge asambanya umwe mubo bafatanya umurimo w’Imana

Kigali: Umupasiteri yafatiwe muri Lodge asambanya umwe mubo bafatanya umurimo w’Imana

Ubwanditsi 08 Jul 2016 Mu Mahanga

Ubusambanyi ku ba Pasitoro bamwe n’ibwo Bibiliya yabo. Pasitoro yaguwe gitumo arimo asambanya umwe muba Protocole be cyangwa Diyakonese. Mu masaha ya saa ine za manywa nibwo Pasitoro umushumba w’Itorero …….. yafashwe asambanya umugore witwa Isabel umwe mu bashinzwe kwakira abashyitsi muri iryo Torero tutashatse kuvuga.

Bamwe mu baganiriye n’ikinyamakuru (UMUBAVU), aricyo dukesha ino nkuru bavuze ko n’ubusanzwe uyu mu pastoro akunda gukorakora abakobwa baririmba muri chorali yo muri iryo torero rye ndetse n’abagore , akavugwaho guca inyuma umugore we wisezerano.

Bati : “N’ubundi ingesoye n’isanzwe kuko n’ubundi aba akorakora abakobwa no mugihe aba abasengera ubona ashaka kubakorakora yanacaga inyuma umugorewe ahubwo n’amahirwe agize.”

Mukanya hagati ya saa ine na saa tanu ni bwo yafitiwe muri Lodje imwe yo muri kigali asambana n’umugore ibintu batifuje ko bya menyekana kuko habaye ihenzwa ry’Itangazamakuru.

Ibi byabaye ubwo umukozi wo muri iyo lodge yabonye uyu mugore basengana yinjira asanga Pasitoro mu cyumba kandi uyu Pasitoro ari umushumba w’uyu mukozi ,noneho kuko abashumba batajya bamenya abakristo bato ntiyamenye ko uyu mukozi amuzi. Nibwo yagiye kuruhande ahamagara umugore wuyu mushumba n’umugabo w’uyu mugore umugabo w’uyu mugore yahageze mbere haba inkundura nibwo yabasohoye abicaza hanze.

Ubwo twahageraga twasanze induru ari yose ariko biza kumenyekana ko n’ubundi uyu mushumba yararanyemo umukobwa mbere yuko hitabazwa inzego z’umutekano habanje kwitabazwa imiryango umugabo w’uyu mugore akaba yasabaga akayabo k’amafaranga angana na miliyoni 6.000.000 frw kuko bose basezeranye byemewe n’amategeko ntiharamenyekana umwanzuro wicyemejwe. Ibi bibaye , si ubwa mbere bibaye muri iri torero kuko ingeso nkiyi ikunda kuvugwamo .

Umugore w’uyu mushumbamu na gahinda kenshi akihagera yaguye hasi kuko yariraga avuga ngo warambeshye ngo ugiye mu ivugabutumwa i Rusizi none nibi uba wibereyemo ?

Tuzakomeza kubakurikiranira iyi nkuru y’ubusambanyi bubera mu madini n’amatorero musengeramo. Aho aba Pastor basambanya abagore babandi bababeshya iby’ubuhanuzi. Iki kibazo kikaba kimaze gusenya imiryango myinshi cyane y’abashakanye hano mu mujyi wa Kigali. Dufite n’amazina y’abamaze gukuramo amada y’aba pasiteri nibiba ngombwa tuzayashyira ahagaragara.

-3234.jpg

Agahoma munwa

2016-07-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

u Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afrika mu bijyanye no kugendera ku mategeko

u Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afrika mu bijyanye no kugendera ku mategeko

Ubwanditsi 15 Oct 2021
Impanuro z’Umukuru w’Igihugu Perezida Kagame i Nyagatare

Impanuro z’Umukuru w’Igihugu Perezida Kagame i Nyagatare

Ubwanditsi 18 Feb 2017
Abamotari ba Burera basabwe gukomeza ubufatanye mu kurwanya ibyaha

Abamotari ba Burera basabwe gukomeza ubufatanye mu kurwanya ibyaha

Ubwanditsi 03 May 2016
Gen Bunyoni yafunguwe kubera Uburwayi bwo mu mutwe na Diyabete ikabije

Gen Bunyoni yafunguwe kubera Uburwayi bwo mu mutwe na Diyabete ikabije

RUSHYASHYA 11 Mar 2026

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umusifuzi w’umunyarwandakazi Mukansanga Salima yabaye umugore wa mbere uyoboye imikino y’abagabo mu gikombe cya Afurika
Amakuru

Umusifuzi w’umunyarwandakazi Mukansanga Salima yabaye umugore wa mbere uyoboye imikino y’abagabo mu gikombe cya Afurika

Ubwanditsi 19 Jan 2022
TDRwanda2017: Areruya yongeye gutsindira i Huye yambara umuhondo mbere yo kujya i Rubavu
IMIKINO

TDRwanda2017: Areruya yongeye gutsindira i Huye yambara umuhondo mbere yo kujya i Rubavu

Ubwanditsi 14 Nov 2017
Abo muri”opozisiyo” basobanura bate ko bafitiye Abanyarwanda imigambi mizima, kandi nabo ubwabo basubiranamo buri munsi?
Amakuru

Abo muri”opozisiyo” basobanura bate ko bafitiye Abanyarwanda imigambi mizima, kandi nabo ubwabo basubiranamo buri munsi?

Ubwanditsi 07 Oct 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru