• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

  • Rayon Sports izabanza kwakira APR FC muri shampiyona y’u Rwanda, Ingengabihe ya BK Pro League 2026/27   |   17 Aug 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»‘Nymphomanie’, indwara ituma umuntu adahaga imibonano mpuzabitsina

‘Nymphomanie’, indwara ituma umuntu adahaga imibonano mpuzabitsina

Ubwanditsi 23 Feb 2017 HIRYA NO HINO

Nymphomanie ni indwara irangwa no kugira ubushake budasanzwe bwo gukora imibonano mpuzabitsina, ku buryo uyikora atanyurwa.
Ku bagore yitwa ‘nymphomanie’ na ho ku bagabo ikitwa ‘satyriasis’.

Nk’uko imbuga zitandukanye za internet zibitangaza, abahanga mu by’ubuvuzi ntibavuga rumwe ku bitera iyi ndwara ariko bavuga ko abantu badashobora kugenzura amarangamutima yabo, abadahamye hamwe, abatishimira abo badahuje igitsina bakunda gufatwa n’iyi ndwara.

Umuhanga mu bijyanye n’imitekerereze, Valérie Chaput, yavuze ko abakunda kugira iki kibazo ari abagore.

Bamwe ngo bashaka gukora imibonano mpuzabitsina ubudatuza nyamara bikanga ntibigire aho bibakora, bigatuma bakeka ko nta bushobozi bafite bwo gukurura abagabo.

Abandi barangiza mu kanya gato nyuma yo gutangira imibonano mpuzabitsina bigatuma bashaka kuyikomeza inshuro nyinshi zishoboka.
Iyi ndwara itera isoni abayifite nyamara ikabagiraho ubukana bukomeye. Bahora bishinja, bakiha akato, bakagabanya ubusabane n’abandi bantu mu buzima bwabo bwa buri munsi.

Igira kandi ingaruka zirimo gutandukana kw’abashakanye kuko hari abagore bahitamo guta ingo n’abagabo kuko uburyo babasabaga gukora imibonano mpuzabitsina babona ko batabivamo.

Impamvu ibagiraho ingaruka cyane ni uko bayihererana mu gihe baba bakeneye ababumva ndetse bakabagira inama z’uburyo bakwitwara.
Ikindi ni uko abafite inshuti iyo bagerageje kubabwira ku myitwarire yabo babafata nk’ibicibwa, ibi na byo bikabazonga.

Nubwo impamvu zitera ‘nymphomanie’ zitavugwaho rumwe, imwe muri zo ni ibibazo byo mu mutwe bifitanye isano no kubura urukundo, ukutitabwaho ku rwego rwo hejuru, agahinda gakabije n’ibindi.

Ikindi kivugwa ni imikorere mibi ya tumwe mu duce tugize ubwonko cyangwa imikorere mibi y’utunyabutabire two mu bwonko dutuma ibice bigize umubiri bikorana n’ubuwonko(neurotransmitter).

Hari abagifata nymphomanie nk’indwara iteye urujijo igoye kuyitahura ndetse bikaba bigoye kuyivura kuko ibimenyetso byayo bidasobanutse neza.
Abantu bafite iki kibazo usanga bagana abaganga byaratinze n’ingaruka zayo zamaze gukaza uburemere.

Ahanini ubujyanama ni bwo bwifashishwa mu kuvura iyi ndwara na ho imiti itangwa mu gihe hari kuvurwa izindi ndwara zifitanye isano na yo.

2017-02-23
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abarwayi ba Coronavirus biyongereyeho babiri bagera ku 104, bane nibo bamaze gukira

Abarwayi ba Coronavirus biyongereyeho babiri bagera ku 104, bane nibo bamaze gukira

Ubwanditsi 06 Apr 2020
Malawi: Umunyarwanda yiyahuriye muri kasho

Malawi: Umunyarwanda yiyahuriye muri kasho

Ubwanditsi 23 Aug 2018
Gen Kabarebe yashimye ubwitange bw’Inkeragutabara mu gukorera igihugu

Gen Kabarebe yashimye ubwitange bw’Inkeragutabara mu gukorera igihugu

Ubwanditsi 03 Sep 2019
Batanu basanzwemo Coronavirus mu bipimo 772 byafashwe, abanduye mu Rwanda bagera ku 110

Batanu basanzwemo Coronavirus mu bipimo 772 byafashwe, abanduye mu Rwanda bagera ku 110

Ubwanditsi 09 Apr 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Guy Bukasa watoje Rayon Sports na Gasogi United yatangajwe nk’umutoza mushya wa AS Kigali
Amakuru

Guy Bukasa watoje Rayon Sports na Gasogi United yatangajwe nk’umutoza mushya wa AS Kigali

Ubwanditsi 29 Dec 2023
‘Robert Mugabe ngo yadodewe ibyaha’
ITOHOZA

‘Robert Mugabe ngo yadodewe ibyaha’

Ubwanditsi 03 Oct 2018
Polisi y’u Rwanda yasoje ihinduranya ry’abapolisi muri Centrafurika
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwanda yasoje ihinduranya ry’abapolisi muri Centrafurika

Ubwanditsi 22 Oct 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru