• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Salomon Kalonda yatangaje ko Tshisekedi ashaka kugundira ubutegetsi, yifashishije kamarampaka   |   16 Jun 2026

  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba “umugati” w’ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

  • AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon   |   13 Jun 2026

  • AMAFOTO – Ikipe y’igihugu ya Mexique yakiriye igikombe cy’Isi 2026 na Koreya y’Epfo zatangiye zitsinda imikino yayo   |   12 Jun 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Umukongomani Nyamuhombeza, indashima isebya u Rwanda rwamuhaye byose ubwo yari mu nkambi mu Rwanda.

Umukongomani Nyamuhombeza, indashima isebya u Rwanda rwamuhaye byose ubwo yari mu nkambi mu Rwanda.

Ubwanditsi 08 Nov 2023 Amakuru, INKURU NYAMUKURU, ITOHOZA, Mu Mahanga

Ombe Nyamuhombeza yageze mu Rwanda muri 1997,aho yaje ahunze ubwicanyi bwakorerwaga abanyamurenge bo mu bwoko bw’abatutsi muri Kivu y’amajyepfo. yaje kumenya ko babajyana hanze aza mu nkambi ya Gihembe yiyita umunyamulenge, ageze Gihembe kuko Bari bakeneye abarimu kandi Nyamuhombeza yarazi igifaransa,yemera kwigisha impunzi z’abana bato. Nyuma uyu Nyamuhombeza yaje gutangira kujya yigisha n’ijambo ry’Imana aba yigize Pasitori kirihahira atyo. Abaje bamusanga mu nkambi Nyamombeza ari mu bantu bavugaga leta y’u Rwanda neza icyo gihe avuga ko babafata neza cyane ko babona buri kimwe bakeneye, avuga ko abana biga neza rwose nta kibazo.

Ombe Nyamuhombeza yaje guhinduka ate rero? Nyamuhombeza yari afite akageso ko gushurashura Ibi ari nabyo byaje kumuviramo gutera inda umwana yigishaga mu mashuri abanza mu mwaka wa kane ariko umwana kuko yari akiri muto cyane inda yamuguye nabi, Nuko inzego za leta zitangira kubikurikirana ariko umwana avuga ko yatewe inda na OMBE Nyamuhombeza, kuburyo umwana yageze hagati y’urupfu n’umupfumu. Uwo mwana w’umukobwa leta n’abandi babanaga mu nkambi bamwitayeho abasha kubaho, ubu ariho ni muzima n’umwana we, na Nyamuhombeza ubwe arabizi ko ibyo bintu yabikoze, n’ababanye nawe mu inkambi barabimushinja.

OMBE Nyamuhombeza nyuma abakirisitu yasengeshaga abashishikariza kumuha amaturo, baje ku mucikaho cyane ko yakundaga no kubakanga abeshya ngo yigeze kujya ikuzimu aragaruka, abonye ko ibintu bimukomeranye mu inkambi,yaje gushaka abashi bene wabo babanaga mu nkambi atangira kurema udutsiko abumvisha ko abacongoman b’abanyamulenge banga abo bashi bati bazatwicaniko kwiga imitwe yo gutwika akazu Nyamuhombeza yabagamo kugirango Dossier ye yo kumujyana hanze yihute ariko bikorwa babeshyera abanyamurenge ko aribo bashaka kugirira nabi abashi.

Uwari Impunzi Nyamuhombeza yaje kwigira umunyapolitiki gute?

Uyu Nyamuhombeza nyuma yo kwitwikiraho inzu akabona ko ntacyo bitanze noneho yatangiye kujya akora ibiganiro kuri BBC/Gahuza atangira kwivanga muri Politike y’u Rwanda ibintu ubundi impunzi zitemerewe byose ari ukugirango abone uko UNHCR bamujyana hanze nk’umuntu Leta imereye nabi!

Yaje kubigeraho rero ajyanwa mu gihugu cya Finland.

OMBE Nyamuhombeza ageze Finland rero aho kugirango yitware neza muri sosiyete yari ahasanze nk’umuntu wiyitaga Umukozi w’Imana, yari afite umugore n’abana, ageze Finland atera inda murumuna w’umugore we, ubwo umugore n’abana baba baramutaye, abanyarwanda n’abacongomani bose bamucikaho yisanga ari wenyine, ni uko yatangiye guhura n’ibigarasha n’interahamwe kubera umunwa we bati uyu twamwifashisha baba bamukohokanye batyo yibera umuzindaro n’itiyo banyuzamo ibyo bashaka gutangaza.

Gusa tubibutse ko Hari amakuru tugikurikiranira hafi  ajyanye na Nyamuhombeza OMBE avuga ko Ombe ari umunyarwanda w’Umushi wigira umukongomani, kandi nibyo koko urebye imvugo ze zimwe ntaho zitaniye n’izabakoze Jenoside Yakorewe Abatutsi muri 1994.


2023-11-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Casa Mbungo André wahawe gutoza AS Kigali aratangirira akazi ku ikipe ya Gasogi United mu mukino wa 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro – Uko imikino yose ikinwa

Casa Mbungo André wahawe gutoza AS Kigali aratangirira akazi ku ikipe ya Gasogi United mu mukino wa 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro – Uko imikino yose ikinwa

Ubwanditsi 26 Apr 2022
Amerika yohereje indege kabuhariwe mu gusuka ibisasu hafi n’umupaka wa Koreya ya Ruguru

Amerika yohereje indege kabuhariwe mu gusuka ibisasu hafi n’umupaka wa Koreya ya Ruguru

Ubwanditsi 24 Sep 2017
Gishari : Abapolisi bato barenga 950 basoje amasomo

Gishari : Abapolisi bato barenga 950 basoje amasomo

Ubwanditsi 01 Jun 2016
‘Aho igihugu kiva turahazi, n’aho kijya nabyo birazwi’- Kagame

‘Aho igihugu kiva turahazi, n’aho kijya nabyo birazwi’- Kagame

Ubwanditsi 08 Feb 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Jesse Lingard watijwe na Manchester United muri West Ham United ashobora kugaruka yongererwa amasezerano.
Amakuru

Jesse Lingard watijwe na Manchester United muri West Ham United ashobora kugaruka yongererwa amasezerano.

Ubwanditsi 27 Mar 2021
Mukamabano Madeleine  wahoze ari Umunyamakuru wa RFI yambitse ubusa  Amashyaka ya Opozisiyo ikorera mu buhungiro
Mu Rwanda

Mukamabano Madeleine wahoze ari Umunyamakuru wa RFI yambitse ubusa Amashyaka ya Opozisiyo ikorera mu buhungiro

Ubwanditsi 10 Aug 2017
Perezida Kagame yashyizeho Guverinoma nshya nyuma yo gushyiraho Ministiri w’Intebe
POLITIKI

Perezida Kagame yashyizeho Guverinoma nshya nyuma yo gushyiraho Ministiri w’Intebe

Ubwanditsi 31 Aug 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru