• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Umukongomani Nyamuhombeza, indashima isebya u Rwanda rwamuhaye byose ubwo yari mu nkambi mu Rwanda.

Umukongomani Nyamuhombeza, indashima isebya u Rwanda rwamuhaye byose ubwo yari mu nkambi mu Rwanda.

Ubwanditsi 08 Nov 2023 Amakuru, INKURU NYAMUKURU, ITOHOZA, Mu Mahanga

Ombe Nyamuhombeza yageze mu Rwanda muri 1997,aho yaje ahunze ubwicanyi bwakorerwaga abanyamurenge bo mu bwoko bw’abatutsi muri Kivu y’amajyepfo. yaje kumenya ko babajyana hanze aza mu nkambi ya Gihembe yiyita umunyamulenge, ageze Gihembe kuko Bari bakeneye abarimu kandi Nyamuhombeza yarazi igifaransa,yemera kwigisha impunzi z’abana bato. Nyuma uyu Nyamuhombeza yaje gutangira kujya yigisha n’ijambo ry’Imana aba yigize Pasitori kirihahira atyo. Abaje bamusanga mu nkambi Nyamombeza ari mu bantu bavugaga leta y’u Rwanda neza icyo gihe avuga ko babafata neza cyane ko babona buri kimwe bakeneye, avuga ko abana biga neza rwose nta kibazo.

Ombe Nyamuhombeza yaje guhinduka ate rero? Nyamuhombeza yari afite akageso ko gushurashura Ibi ari nabyo byaje kumuviramo gutera inda umwana yigishaga mu mashuri abanza mu mwaka wa kane ariko umwana kuko yari akiri muto cyane inda yamuguye nabi, Nuko inzego za leta zitangira kubikurikirana ariko umwana avuga ko yatewe inda na OMBE Nyamuhombeza, kuburyo umwana yageze hagati y’urupfu n’umupfumu. Uwo mwana w’umukobwa leta n’abandi babanaga mu nkambi bamwitayeho abasha kubaho, ubu ariho ni muzima n’umwana we, na Nyamuhombeza ubwe arabizi ko ibyo bintu yabikoze, n’ababanye nawe mu inkambi barabimushinja.

OMBE Nyamuhombeza nyuma abakirisitu yasengeshaga abashishikariza kumuha amaturo, baje ku mucikaho cyane ko yakundaga no kubakanga abeshya ngo yigeze kujya ikuzimu aragaruka, abonye ko ibintu bimukomeranye mu inkambi,yaje gushaka abashi bene wabo babanaga mu nkambi atangira kurema udutsiko abumvisha ko abacongoman b’abanyamulenge banga abo bashi bati bazatwicaniko kwiga imitwe yo gutwika akazu Nyamuhombeza yabagamo kugirango Dossier ye yo kumujyana hanze yihute ariko bikorwa babeshyera abanyamurenge ko aribo bashaka kugirira nabi abashi.

Uwari Impunzi Nyamuhombeza yaje kwigira umunyapolitiki gute?

Uyu Nyamuhombeza nyuma yo kwitwikiraho inzu akabona ko ntacyo bitanze noneho yatangiye kujya akora ibiganiro kuri BBC/Gahuza atangira kwivanga muri Politike y’u Rwanda ibintu ubundi impunzi zitemerewe byose ari ukugirango abone uko UNHCR bamujyana hanze nk’umuntu Leta imereye nabi!

Yaje kubigeraho rero ajyanwa mu gihugu cya Finland.

OMBE Nyamuhombeza ageze Finland rero aho kugirango yitware neza muri sosiyete yari ahasanze nk’umuntu wiyitaga Umukozi w’Imana, yari afite umugore n’abana, ageze Finland atera inda murumuna w’umugore we, ubwo umugore n’abana baba baramutaye, abanyarwanda n’abacongomani bose bamucikaho yisanga ari wenyine, ni uko yatangiye guhura n’ibigarasha n’interahamwe kubera umunwa we bati uyu twamwifashisha baba bamukohokanye batyo yibera umuzindaro n’itiyo banyuzamo ibyo bashaka gutangaza.

Gusa tubibutse ko Hari amakuru tugikurikiranira hafi  ajyanye na Nyamuhombeza OMBE avuga ko Ombe ari umunyarwanda w’Umushi wigira umukongomani, kandi nibyo koko urebye imvugo ze zimwe ntaho zitaniye n’izabakoze Jenoside Yakorewe Abatutsi muri 1994.


2023-11-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ukuri ku ishingwa rya MRCD na FLN bya Rusesabagina na Sankara

Ukuri ku ishingwa rya MRCD na FLN bya Rusesabagina na Sankara

Ubwanditsi 18 Jul 2018
Lesotho: Abasirikare bakuru barasanye, Umugaba w’Ingabo ahasiga ubuzima

Lesotho: Abasirikare bakuru barasanye, Umugaba w’Ingabo ahasiga ubuzima

Ubwanditsi 06 Sep 2017
Mugisha Benon yagizwe Umutoza Mukuru wa REG Volleyball Club, mu gihe Patrice Ndaki yagizwe umutoza wa Kepler VC asimbuye Nyirimana Fidèle

Mugisha Benon yagizwe Umutoza Mukuru wa REG Volleyball Club, mu gihe Patrice Ndaki yagizwe umutoza wa Kepler VC asimbuye Nyirimana Fidèle

Ubwanditsi 30 May 2025
Igisirikare cya Uganda cyafatiye M23 ibyemezo bikakaye

Igisirikare cya Uganda cyafatiye M23 ibyemezo bikakaye

Ubwanditsi 10 Mar 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

“Inshingano ya mbere y’ingabo z’u Rwanda si ugushoza intambara, ahubwo ni ukurwubaka no kurinda ibyagezweho”.-Perezida Kagame.
Amakuru

“Inshingano ya mbere y’ingabo z’u Rwanda si ugushoza intambara, ahubwo ni ukurwubaka no kurinda ibyagezweho”.-Perezida Kagame.

Ubwanditsi 04 Nov 2022
Uko Rayon Sports yahagamuwe na Gasogi United mbere yo guhura na AS Kigali
IMIKINO

Uko Rayon Sports yahagamuwe na Gasogi United mbere yo guhura na AS Kigali

Ubwanditsi 07 Oct 2019
MTN na Jumia batangije umukoro “MTN Entrepreneurship Challenge” mu guteza imbere Afrika
UBUKUNGU

MTN na Jumia batangije umukoro “MTN Entrepreneurship Challenge” mu guteza imbere Afrika

Ubwanditsi 26 Feb 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru