• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»PL irizihiza imyaka 25 igihanganye n’urukuta rwa Mitali

PL irizihiza imyaka 25 igihanganye n’urukuta rwa Mitali

Ubwanditsi 09 Jun 2016 Mu Mahanga

Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu (PL), rirategura kwizihiza imyaka 25 rimaze rikorera mu Rwanda. Iri shyaka rifite imyanya itari mike mu nteko ishinga Amategeko, Visi Perezida wa mbere akaba ari na we muyobozi waryo w’agateganyo Hon Mukabalisa Donatilla, aracyazitiwe n’urukuta rukomeye yasigiwe na Mitali Protais wahunze igihugu, asize yibye akayabo ka miliyoni zisaga 50.

Biravugwa ko gutora Perezida wa PL, muri iki gihe bitapfa koroha mugihe Hon. Mukabarisa atarabasha gusenya igikuta cyimuzitiye cyubatswe na Mitali ku buryo Mukabalisa arebye nabi ahubwo n’ uwo mwanya atawicazwaho n’abayoboke ba PL, kuko benshi bagitsimbaraye ku ngengabitekerezo yubatswe n’uwabagabiye.

Ibi ni bimwe mu bimenyetso byagaragaye, kuri iki Cyumweru tariki 6 Gicurasi 2016, ubwo inama yari igamije gutegura ibirebana no kwibuka imyaka 25,PL ibayeho, hagombaga kwigwa, hakanabarurwa umutungo ishyaka risigaranye nyuma y’ubujura bwabaye muri iryo shyaka, ibi byose byaburijwemo ahubwo hitabazwa Minisitiri Kanimba wavuze Ibiciro by’isukari bigiye kuzamuka ku masoko yo mu Rwanda.

Amakuru aturuka muri PL, aravuga ko ako gatsiko kubatswe na Mitali ku kwego rw’Akarere kugeza kurwego rw’igihugu kakira bigoranye inama zitangwa na Hon Mukabalisa.

Kwitabira inama zitumizwa n’umuyobozi wa PL si uko bamwishimiye ahubwo ni ukwanga ko ishyaka ryabo rigaragara nabi, mbese bazitabira baseta ibirenge.

Hari n’amakuru avugako bamwe muri aba bayoboke badacana uwaka na Hon Mukabarisa bari mu nteko ishinga mategeko bakivugana na Mitali aho ari mu buhungiro, akabashyiramo imigambi yo kunaniza Hon. Mukabarisa bamuteranya n’abandi ba Depite bakomoka muyandi mashyaka cyane cyane RPF, ko byamunaniye ngo ko atababwira mu gufata ibyemezo n’ibindi…

-2880.jpg

Mitali Protain na Hon. Mukabalisa

-2879.jpg

Bamwe mu bayoboke bake cyane basigaye muri PL

Hari imigambi iri gucurirwa inyuma mu ishyaka PL, igamije kuzahirika Hon. Mukabarisa mugihe haba habaye amatora ku rwego rw’igihugu, hagatorwa umwe mugatsiko ka Mitali.

Kuva ishyaka PL, ryacikamo ibice bibiri mu mwaka w’2007, habuze uwakunga abayoboke bake cyane PL, isigaranye, umwuka mubi n’urwikekwe bikomeza gucumba umwotsi ubwo Hon.Mukabarisa yatunguranaga akagirwa Umukuru w’umutwe w’Abadepite, ibintu bitishimiwe na Mitali ubwe n’agatsiko yimitse muri iryo shyaka.

Ishyaka PL, rimaze gutakaza abayoboke benshi, bamwe muribo bakaba barigiriye muri RPF-Inkotanyi, ari nabo bari barifatiye runini.

Mugihe rero PL, yizihiza imyaka 25, yakagombye kwibuka abakurambere bayo barimo Lando, Kameya, Kayiranga, Kabageni, n’abandi bahitanywe na Jenoside yakorewe Abatutsi, kwegera abayoboke batatanye kubera amakimbirane ashingiye kumyanya yokamye iri shyaka no kunga abayoboke.

Umwanditsi wacu

2016-06-09
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Polisi yerekanye abakinnyi bashya n’ibikombe yatwaye mu mikino y’intoki  (Handball)

Polisi yerekanye abakinnyi bashya n’ibikombe yatwaye mu mikino y’intoki (Handball)

Ubwanditsi 01 Aug 2016
Gatsibo  : Umuyobozi w’Intara y’I Burasirazuba n’uwa Polisi y’u Rwanda batashye ku mugaragaro sitasiyo za Polisi 10

Gatsibo : Umuyobozi w’Intara y’I Burasirazuba n’uwa Polisi y’u Rwanda batashye ku mugaragaro sitasiyo za Polisi 10

Ubwanditsi 03 Feb 2017
Musanze:  Abapolisi bo ku rwego rwa ofisiye batangiye  amahugurwa y’ubuyobozi

Musanze: Abapolisi bo ku rwego rwa ofisiye batangiye amahugurwa y’ubuyobozi

Ubwanditsi 19 Jan 2016
Perezida Museveni yatangiye kwitura abadepite bashyigikiye ihindurwa ry’Itegeko Nshinga

Perezida Museveni yatangiye kwitura abadepite bashyigikiye ihindurwa ry’Itegeko Nshinga

Ubwanditsi 25 Dec 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Icyo wamenya k’Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Bubiligi, biragarukwaho na Amb. Nduhungirehe
POLITIKI

Icyo wamenya k’Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Bubiligi, biragarukwaho na Amb. Nduhungirehe

Ubwanditsi 06 Jun 2017
Amafoto – Sir Lewis Hamilton uzwi mu gusiganwa ku mamodoka arishimira ibihe byiza yagiriye mu Rwanda ubwo yasuraga Ingagi
Uncategorized

Amafoto – Sir Lewis Hamilton uzwi mu gusiganwa ku mamodoka arishimira ibihe byiza yagiriye mu Rwanda ubwo yasuraga Ingagi

Ubwanditsi 12 Aug 2022
Impanuka y’imodoka yari itwawe n’ukekwaho ubusinzi yahitanye batatu barapfa, abandi barakomereka
Amakuru

Impanuka y’imodoka yari itwawe n’ukekwaho ubusinzi yahitanye batatu barapfa, abandi barakomereka

Ubwanditsi 22 Apr 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru