• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • RSSB Tigers BBC yasezereye FUS Rabat BBC yo muri Morocco, izahura na AL Ahly muri ½ cy’imikino ya nyuma ya BAL 2026 iri kubera I Kigali   |   24 May 2026

  • Nyuma y’imyaka itatu Stade y’Akarere ka Gicumbi itangiye kuvugururwa, kuri ubu yemerewe kwakira imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League   |   21 May 2026

  • Umutoza w’Amavubi Stephen Constantine asanga kwitwara neza k’u Rwanda bisaba gutsinda imikino yo mu rugo ngo yerekeze mu gikombe cya Afurika 2027   |   20 May 2026

  • Olivier Kwizera ari mu bakinnyi basubukuye imyitozo ya Rayon Sports yitegura guhura na APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro   |   19 May 2026

  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

  • AMAFOTO – Patriots BBC na APR WBBC begukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka mu bakina ari batatu kuri batatu   |   18 May 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Udushya n’Udukoryo Twaranze Weekend: Umukinnyi w’Amagare yaparitse Igare Ajya kunyara Mu bihuru

Udushya n’Udukoryo Twaranze Weekend: Umukinnyi w’Amagare yaparitse Igare Ajya kunyara Mu bihuru

Ubwanditsi 04 Mar 2019 HIRYA NO HINO

Udushya n’Udukoryo twaranze iyi weekend turahera mu magare: Kudus yegukanye Tour du Rwanda ya 2019, agira ati ‘u Rwanda rubaye imuhira ha kabiri’

UDUSHYA

Gufana amakipe bifite bihurira no kwambara nk’abarwayi bo mu mutwe

Iki ni ikimenyetso gikomeye cy’uko mu Rwanda dufite ikibazo cy’ubwiherero rusange

Utu twana ni utunyeshyamba ngo twafatiwe ku butaka bwa Kongo tukaba twararwanaga mu mitwe y’inyeshyamba itandukanye.

Karongi : Abayobozi b’inzego z’ibanze biganjemo ba mudugudu n’abayobora utugari baherutse gupakirwa nk’inkwi ubwo bavaga mu nama ku karere. Abandi bayobozi (Guverineri,Meya,ba Visi Meya …) bo bari muri bya byuma bihambaye.

Mu tundi dushya Buravan yakoreye igitaramo mu Mujyi wa Niamey muri Niger kiri mu ruhererekane rw’ibyo arimo bizenguruka umugabane wa Afurika nyuma yo kwegukana igihembo cya RFI Prix Découvertes.

Abantu barwaniraga kwifotozanya na Buravan

Igitaramo cya Buravan cyari cyitabiriwe

Irushanwa ry’abagore ’b’ikibuno cyiza’ ryateje impagarara muri Uganda

DUTANGIRIYE MUBIHUGU BYA ABATURANYI UMUKOBWA UZWI KU IZINA RYA SHAMILAH YERETSWE MUNSI Y’ IKIRENGE N’ UMUSORE WAMUSABYE KO BARYAMANA AKAMWANGIRA NYUMA UMUSORE AKAZA GUSHAKA UKO YAMWANDAGAZA NIKO GUSHAKISHA AMAFOTO YUYU MUKOBWA YAMBAYE UBUSA UBWO YAHAGA UNDI W’ INSHUTI YE AMADORARI 200 AKAYAMUZANIRA YAMBAYE IKARISO .

UMUSORE WIGAMBYE KO AMAZE KURYAMANA NA ABAKOBWA IBIHUMBI ICUMI KURUBU AKOMEJE KUJYENDA YONGERA UMUBARE WABAKOBWA ARYAMANA NABO AHO KURUBU AMAZE GUSHYIRAHO 18 KAND BATANDUKANYE

AMAFOTO AGARAGAZA UMUKOBWA WO MURI KENYA YAMBAYE UBUSA AKOMEJE KUJYENDA YUMYA BENSHI BAYABONYE DORE KO BANO BAKOBWA BACEKWAHO KWISHOBORA MU MWUGA WO GUKORA UMURIRMO W’ UBUSAMBANYI

IGIKORWA CYO KWIYONGERESHA IKIBUNO GIKOMEJE KUJYENDA KIBASIRA BAMWE MUBAKOBWA AHO USANGA BAKORESHA IYI MITI GUSA NYUMA Y’ IGIHE GITO UGASANGA IYI MITI IRABATAMAJE MU MASO YABANTU

NDEBERA NAWE IBIGEZWEHO MWABA MURI MUKAZI MURASOMA MWABA MURI MUBURIRI MUGASOMANA NDETSE NAHANDI

BAMWE MUBANYARWANDA KAZI BAKOMEJE KUJYENDA BARANGWAHO NO GUSHYIRA HANZE AMAFOTO ATANGAJE AHO BENSHI BEMEZA KO AMAFOTO YABO ABA ARYOHEYE IJISHO GUSA BYAGERA KUGITSINA GABO AKAGITESHA UMUTWE

KENYA UMUGABO AMAZE KWISHYURIRA UMWANA WE KAMINUZA AMAFARANGA AYAKURA MUKUZUNGUZA KEKE NDETSE NO GUCURUZA CAPATI KUMUHANDA BEMEZA KO UYU MUGABO YAJE KUROGWA KUBERA KO BENSHI BAMUGIRIYE ISHYARI NGO AHO YAKORERAGA BAHAKORERE UBU UYU MUGABO YABAYE UMUSAZI

NINA UMUKOBWA UMAZE KWANDIKA IZINA MURI KENYA KURUBU AKOMEJE KUJYENDA VUGISHA BENSHI MUBAREBA AMAFOTO ASHYIRA HANZE

REBA HANO ANDI MAFOTO YAGIYE ABICA BIGACIKA IBURAYA AYA MAFOTO AKABA AKUBIYEMO AYANYAMIDERI KAZI BAKOMEYE NDETSE NABANDI BAFITE AHO BAHURIYE NA MUZIKA MURI RUSANGA

AGASHYA KARAGWIRA UMUGORE YAGUYE MURI RUHURA UBWO YAJYAGA

REBA HANO AMAFOTO YACIYE IBINTU KUMBUGA ZA INTERNET ZITANDUKANYE NKA FACEBOOK INSTAGRA NDETSE NAHANDI

UMUGABO YAKOZE AGASHYA AHO YAFASHE ISURA YE AYIHINDURA NKIYI DAYIMONI

REBA HANO ANDI MAFOTO YOSE YARANZE UDUSHYA TWA WEEKEND DUSOJE MURIKI CYUMWERU CYOSE TWARIMO

DUKOMEJE N’ UDUSHYA TWA WEEKEND MU GIHUGU CYA KENYA UMUKOBWA YATEJE INDEGE KUMAFARANGA YE MU RWEGO RWO KUZA KWIFATANYA N’ UMUKUNZI WE GUSOZA UMWAKA NEZA MU RWEGO RWO KUGIRANGO ATAZAMUCA INYUMA AKIGIRA MUBANDI BAKOBWA KANDI NAWE NAKINTU YAMUBURANYE .

UMUKOBWA WUNDI NAWE UKOMOKA MURI TANZANIA AKOMEJE KUJYENDA AHUHURA IMBUGA ZA INTERNET BITEWE N’ AMAFOTO ASHYIRIRAHO YAMBAYE  AMAKARISO MU RWEGO RWO KUGIRANGO ABONE ABAMUKURIKIRA BENSHI KUGIRANGO AZAHITE ATANGIRA AKAZI YIHAYE KURI KONTE ZE AKORESHA ZA INTERNET .

UMUKOBWA WASHYIGIKIYE PEREZIDA UHURU KENYATA KO AZAFATA UBUTEGETSI ATIYAMAMAJE YASHYIZE HANZE IFOTO YE IGARAGAZA YAMBAYE UMUPIRA WANDITSEHO IZINA RYE NDETSE HASI NACYO YAMBAYE IBI BIKABA BYAJE GUTEZA URUNU RUNU HAGATI YABANTU BAKURIKIRA UYU MUKOBWA KO YABA HARICYO ISANO YABA AFITANYE NA UHURU YAMAMAJE .

KENYA UMUGABO YAKOREYE MUGENZI WE AMAHANO NYUMA YUKO AMUGURIJE AMAFARANGA BIKARANGIRA ATAMWISHYUYE NYUMA UYU MUGABO AKAMUCA INYUMA AKAJYA KUMUTERETERA UMUGORE WE BIKARANGIRA AMUSAMBANYIJE MU RWEGO RWO KWIYISHYURA IBYO YARIYE ATIGEZE AKORERA.

UMUKOBWA W’ UMUNYAMERIKA KAZI UFITE UBWIZA BUDASANZWE YONGEYE GUTUNGURA ISI YOSE NYUMA YO GUSHYIRA HANZE AMAFOTO ATANDUKANYE  ARIMO GUKORA SIPORO ZIDASANZWE ZI ZITAPFA GUKORA NA BURI UMWE WESE UBONETSE DORE KO UYU MUKOBWA YAJE GUTUNGURANA NANONE BITEWE N’ TATOU YARAFITE KUGICE CY’ UMUBIRI .

IREBERE HANO AMAFOTO ATANDUKANYE Y’ ABANYARWANDAKAZI YACIYE IBINTU KUMBUZA ZA INTERNET ZITANDUKANYE ZIRIMO FACEBOOK INSTAGRAM NDETSE AYA MAFOTO AKABA YARAGIYE ASHYIRA KURI WHATS APP AHEREREKANYWA MURI GROUPE ZITANDUKANYE .

Bahise berekana ko urukundo hagati yabo ruganje bataruhishira

REBA AHANO AMAFOTO Y’ IBYAMAMARE BYO HANZE Y’ URWANDA BYAGIYE BISHYIRA KUMBUGA ZA INTERNET ZITANDUKANYE ZIRIMO FACEBOOK NA INSTAGRAM

Src : Rwandapaparazzi.rw

2019-03-04
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Inzego z’Ubutabazi zo muri Indoneziya zakuye ibice by’imibiri, imyenda ndetse n’ibisigazwa by’ibyuma mu nyanja ya Java, nyuma y’umunsi umwe Boeing 737 ikoze impanuka muri iki gihugu

Inzego z’Ubutabazi zo muri Indoneziya zakuye ibice by’imibiri, imyenda ndetse n’ibisigazwa by’ibyuma mu nyanja ya Java, nyuma y’umunsi umwe Boeing 737 ikoze impanuka muri iki gihugu

Ubwanditsi 10 Jan 2021
Trump yahishuye ko yabuze umwanya wo kugurira umugore we impano ku munsi w’amavuko

Trump yahishuye ko yabuze umwanya wo kugurira umugore we impano ku munsi w’amavuko

Ubwanditsi 27 Apr 2018
Abarwayi ba Coronavirus mu Rwanda bageze kuri 70

Abarwayi ba Coronavirus mu Rwanda bageze kuri 70

Ubwanditsi 30 Mar 2020
Ingabire Grace yegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2021 asimbuye Nishimwe Naomie wari umaze umwaka aryambaye

Ingabire Grace yegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2021 asimbuye Nishimwe Naomie wari umaze umwaka aryambaye

Ubwanditsi 21 Mar 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Amarira y’Ingona ya Minisitiri Bizimana mu Burundi arabasiga mu kangaratete
Amakuru

Amarira y’Ingona ya Minisitiri Bizimana mu Burundi arabasiga mu kangaratete

RUSHYASHYA 09 Dec 2025
Akanyamuneza , Amasengesho,  Gusabana no kwidagadura  mu gitaramo cya Noheri
Mu Rwanda

Akanyamuneza , Amasengesho, Gusabana no kwidagadura mu gitaramo cya Noheri

Ubwanditsi 25 Dec 2017
Nyamara ishyamba si ryeru hagati ya Nairobi na Kinshasa
Amakuru

Nyamara ishyamba si ryeru hagati ya Nairobi na Kinshasa

Ubwanditsi 08 May 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru