• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere   |   03 Mar 2026

  • FERWAFA yatangaje ibiciro byo ku mikino ya FIFA Series 2026 izahuza ibihugu 8 bizakinira kuri Sitade Amahoro na Kigali Pele Stadium   |   02 Mar 2026

  • Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi   |   02 Mar 2026

  • Ruharwa Claude Muhayimana yasabiwe igifungo cy’imyaka 15   |   27 Feb 2026

  • Kongera serivisi bahabwa no gukuba kabiri imiti: Impamvu imisanzu ya Mituweli yongerewe   |   24 Feb 2026

  • Inzira Bad Rama yanyuzemo akaba umukire akaba asoje ari umusazi   |   24 Feb 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Uganda : Abimenyereza ubunyeshyamba ba FDLR, mu bihuru bya Kisoro

Uganda : Abimenyereza ubunyeshyamba ba FDLR, mu bihuru bya Kisoro

Ubwanditsi 10 May 2019 INKURU NYAMUKURU

Amakuru aturuka ahantu hizewe avuga ko inyeshyamba za FDLR zari zimenyerewe mu mashyamba ya Congo, zatangiye kugaragara no muri Uganda kandi bikaba bimaze kumenyekana ko bafite n’ahandi bitoreza muri Kisoro.

Umusaza w’umunyarwanda ugifungurwa muri gereza ya Uganda uko yaje kumenya ko hari ibice  byitorezwamo n’inyeshyamba, ibyo bice bikaba biherereye mu Karere ka Kisoro mu majyepgo ashyira uburengera azuba bwa Uganda.

Ntamukunzi Erasto w’imyaka 68,  umuhinzi mworozi wo muri Gasiza ho muri Nyabihu avuga ko yaje gushimutwa ubwo yari muri Kisoro mu kwezi gushize. Bityo nkuko bikunze kugendekera abanyarwanda benshi iyo bageze muri Uganda, yaje  guhura n’uruvagusenya kuko yaje gushimutwa n’inzego z’umutekano bamujugunya mu buroko aho muri Kisoro kuko bamuregaga kuba intasi y’URwanda.

Ibyinyeshyamba kwitoreza muri Kisoro akaba yaraje kubimenya, ubwo yari mu buroko Kisoro,  abashobora kuba batazi FDLR, n’ ibisigisigi by’ingabo zatsinzwe mu Rwanda mbere ya 94 zanga Abatutsi urunuka, kandi bakaba ari nabo bari ku isonga mu gushyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994

Ntamukunzi avuga ko byari mu kwezi gushize ku wa gatandatu tarikiya  20, ubwo yaragiye mu mirimo ye ya buri munsi ubwo bamushimutaga akibaza ati se ko ndi umusaza, kuki barimo kunkorera ibi byose, Ntamukunzi aracyagaragara nkaho akiri muto, nubwo afite imyaka  myinshi y’ubukure ati:  “Banteruraga bafashe mu mpande z’impantaro ariko bavuga ngo ndi intasi y’uRwanda.

“Bantwaye kuri polisi, ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 21, bityo marayo wikendi yose kandi nta kosa na rimwe nari nakoze icyangombwa cyanjye cyo kwambukiraho cyari cyimeze neza kandi n’indangamuntu yanjye  narinyifite.

Ubwo nari mu buroko, nkuko Ntamukunzi abivuga, umusirikare wo mu ngabo za Uganda yazanyemo abantu babiri umwe yagaragaraga nkaho afite imyaka iri muri za 30, naho undi yagaragaraga nkaho afite imyaka 17.” Ntamukunzi avuga ko ubwo yari muri gereza, “mabusu” ngo hari abantu barakaye bashinzwe kugirira nabi abafunzwe ku bakubita, no kugirira nabi abakiza muri gereza no kubambura amafaranga , baramutse hari ayo bafite.

Uwari wahondaguwe yagize ati “mugumane amafaranga yanyu!”

Uwari wahondaguwe yamusubije ati : umusirikare yatwaye amafaranga yacu, nta faranga na rimwe dusigaranye n’uko abaza  abari bakiza mu buroko bakiri bashyashya impamvu bari aho?”

“Turi hano kubera ko tugiye kujya muri FDLR, bityo tukazarwanya URwanda , Ntamukunzi akaba avuga  ko yatunguwe cyane. Akaba ari umusaza wanga intambara, aho yazamuye imyenda abereka inkovu z’ibisebe yatewe n’intambara yo muri za 90.

Ubwo abo bantu bashyashya bamaraga kuvuga ko bagiye kwinjira muri FDLR kugirango barwanye URwanda, byatumye Ntamukunzi agerageza kumva  ibindi birutaho.

Ati: “Bakaba babarizwa mu mashyamba , uwo wari ukiri mushyashya akaba ariko yabivuze.

Umwe muri abo bari bafunzwe akaba yarabajije niba iyo ariyo FDLR irwanya URwanda?”

“Yego, nari muri FDLR mbere icyakora  yagaragaraga nkaho yarimo guhuzagurika , kandi yarakubiswe n’ingabo z’uRwanda, bityo mfata umwanzuro wo kwambuka  Uganda ngo njye gushakisha imibereho.

Bikaba byarakunzwe kuvugwa mu bitangazamkuru ko Kayumba Nyamwasa afite ushinzwe kwinjiza abarwanyi mu ba RNC muri Mbarara witwa Pasiteri Deo Nyirigira.

2019-05-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Tumenye Gideon Rukundo Rugari n’impamvu yirirwa atuka u Rwanda ngo Museveni amufashe mu mugambi we wo kuba umudepite

Tumenye Gideon Rukundo Rugari n’impamvu yirirwa atuka u Rwanda ngo Museveni amufashe mu mugambi we wo kuba umudepite

Ubwanditsi 27 Sep 2019
Angola : Inama ya Perezida Kagame na Museveni irangiye basinye amasezerano

Angola : Inama ya Perezida Kagame na Museveni irangiye basinye amasezerano

Ubwanditsi 21 Aug 2019
Mwenedata Gilbert washakaga kuyobora u Rwanda yahunze ubutabera

Mwenedata Gilbert washakaga kuyobora u Rwanda yahunze ubutabera

Ubwanditsi 13 Nov 2017
Rulindo: Imbaga yitabiriye itangizwa ryo kwamamaza abakandida ba FPR Inkotanyi

Rulindo: Imbaga yitabiriye itangizwa ryo kwamamaza abakandida ba FPR Inkotanyi

Ubwanditsi 13 Aug 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Hazashyirwaho isiganwa ry’amagare ryo kwibuka Lambert Byemayire
IMIKINO

Hazashyirwaho isiganwa ry’amagare ryo kwibuka Lambert Byemayire

Ubwanditsi 03 Jan 2017
Uko Rugema Kayumba yapanze  umugambi wo gufatisha Fidel Gatsinzi I Kampala
ITOHOZA

Uko Rugema Kayumba yapanze  umugambi wo gufatisha Fidel Gatsinzi I Kampala

Ubwanditsi 16 Dec 2017
Perezida wa Uganda, Yoweri K. Museveni yeretswe isura ye nyakuri imbere y’amahanga: Umukandida we yabonye amajwi akojeje isoni mu matora y’icyegera cya Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afrika Yunze Ubumwe.
Amakuru

Perezida wa Uganda, Yoweri K. Museveni yeretswe isura ye nyakuri imbere y’amahanga: Umukandida we yabonye amajwi akojeje isoni mu matora y’icyegera cya Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afrika Yunze Ubumwe.

Ubwanditsi 08 Feb 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru