• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Incamake y’ibyaranze imikino mu mpera z’icyumweru

Incamake y’ibyaranze imikino mu mpera z’icyumweru

Ubwanditsi 21 Mar 2016 IMIKINO

Mu mpera z’iki cy’umweru habaye imikino itandukanye aho amakipe abiri yari ahagarariye u Rwanda yarasezerewe mu mupira w’amaguru no mu mikino y’amaboko shampiyona zirakomeje.

Football

Mu mupira w’amaguru amakipe yari ahagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika, ari yo APR FC na Police FC yarasezerewe mu mpera z’iki cyumweru.

Ikipe ya Police FC yatsinzwe na Vita Club igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wabereye i Kigali tariki ya 19 Werurwe mu marushanwa y’amakipe yatwaye ibikombe iwayo (CAF Confederation Cup).

Mu mukino ubanza Police FC yari babashije kunganya na Vita Club iwayo muri Congo Brazzaville.

APR FC na yo yanganyije na Yanga igitego 1-1 mu mukino wo kwishyura wabereye muri Tanzania.

Umukino ubanza wari wabereye i Kigali, Yanga Africans icyo gihe yatsinze ibitego 2 kuri 1 cya APR FC. Bivuze ko APR FC yahise isezererwa muri iri irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo (CAF Champions League).

Volleyball

Nyuma yo gutsinda amaseti 3-0 Rayon Sports mu mpera z’iki cyumweru, APR VC yahise ijya ku mwanya wa kabiri n’amanota 15.

Iri ku mwanya wa mbere ni INATEK VC ifite amanota 17 ikaba ari na yo iheruka kwegukana igikombe cya shampiyona.

Indi mikino uko yagenze

INATEK 3-0 KVC

KIREHE 3-0 UBT

IPRC SOUTH 3-0 LDN

Basketball

Ubumwe Basketball Club ni yo yegukanye igikombe cyitiriwe umunsi mpuzamahanga w’umugore itsinze APR Basketball Club amanota 72-49 ku Cyumweru tariki ya 20 Werurwe 2016 kuri Sitade Amahoro.

Irushanwa ry’abagore ryatangiriye mu Murenge wa Rwinkwavu Tariki 19 Werurwe.

Shampiyona nabwo yarakomeje mu cyiciro cy’abagabo:

CSK BBC 56-126 ESPOIR BBC

IPRC South 76-81 IPRC Kigali

Handball

Shampiyona ya handball yari igeze ku munsi wa gatatu aho Police HC ikomeje kuyobora urutonde rwa shampiyona n’amanota 9 nyuma yo gutsinda ibitego 37-18 Kibogora Polytechinic.

Uko indi mikino yagenze

GS RAMBURA 20-25 APR

UR HUYE CAMPUS 33-35 UR CE

NPC

Ikipe y’u Rwanda y’abagore ya Sitting Volleyball mu mpera z’icyumweru yatsinzwe imikino ibiri mu marushanwa ahuza imigabane yiswe “World Paravolley 2016 Intercontinental Sitting Volleyball”.

Uko imikino yagenze

Iran 3-0 Rwanda

China 3-0 Rwanda

Souce: Izuba rirashe

2016-03-21
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Yamen Zelfani utoza Rayon yageze mu Rwanda atangira imirimo, abazatoza APR FC bo barahagera kuwa kane

Yamen Zelfani utoza Rayon yageze mu Rwanda atangira imirimo, abazatoza APR FC bo barahagera kuwa kane

Ubwanditsi 18 Jul 2023
Myugariro w’Amavubi, Bayisenge Emery yaguzwe na USM Alger izakina na Rayon Sports

Myugariro w’Amavubi, Bayisenge Emery yaguzwe na USM Alger izakina na Rayon Sports

Ubwanditsi 05 Jun 2018
Mu irushanwa ryateguwe na FERWABA, UR, Ecole Secondaire St Bernadette Kamonyi ndetse zatwaye imidali muri 3×3 Challenge

Mu irushanwa ryateguwe na FERWABA, UR, Ecole Secondaire St Bernadette Kamonyi ndetse zatwaye imidali muri 3×3 Challenge

Ubwanditsi 26 Oct 2021
Ikipe ya APR FC yanganyije na Mogadisciu City Club yo muri Somalia ubusa ku busa mu mukino wa mbere wa CAF Champions League 2021

Ikipe ya APR FC yanganyije na Mogadisciu City Club yo muri Somalia ubusa ku busa mu mukino wa mbere wa CAF Champions League 2021

Ubwanditsi 13 Sep 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Polisi y’u Rwanda yafashe agatsiko k’abantu bakwirakwiza amafaranga  y’amiganano.
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwanda yafashe agatsiko k’abantu bakwirakwiza amafaranga y’amiganano.

Ubwanditsi 17 Mar 2016
Croatia yasezereye u Burusiya isanga u Bwongereza muri ½
IMIKINO

Croatia yasezereye u Burusiya isanga u Bwongereza muri ½

Ubwanditsi 09 Jul 2018
Perezida Kagame yavuze ku kibazo yibajije ubwo yinjiraga muri politiki
IKORANABUHANGA

Perezida Kagame yavuze ku kibazo yibajije ubwo yinjiraga muri politiki

Ubwanditsi 09 May 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru