• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amafoto: Rayon Sports yasinyishije myugariro w’i Bumoso, Musore Prince wakiniraga Vitalo’O FC y’i Burundi   |   07 Jun 2025

  • Imyaka 20 y’ubutegetsi bwa CNDD FDD yoretse u Burundi mu manga ikomeye   |   06 Jun 2025

  • Ibyo Urubyiruko Rugomba Kumenya kuri Ingabire Victoire   |   04 Jun 2025

  • Ibihugu Umunani byo ku migabane itandukanye, bigiye guhurira mu Rwanda mu irushanwa ryo Kwibuka ku ncuro ya 31 Genocide yakorewe Abatutsi 1994   |   03 Jun 2025

  • Minisitiri Bizimana yakurugutuye Gustave Mbonyumutwa washakaga “kugira abatagatifu” abajenosideri barimo se Shingiro Mbonyumutwa na Ngirumpatse   |   03 Jun 2025

  • Amavubi yatangiye umwiherero muri Algeria, Manishimwe Djabel yangiwe kwinjira mu gihugu , Rafael York ntiyatanze impamvu yo kutitabira umwihero   |   02 Jun 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Entebbe : Indege y’u Burusiya yafatanywe intwaro zari zigiye kujyanwa ahantu hataramenyekana

Entebbe : Indege y’u Burusiya yafatanywe intwaro zari zigiye kujyanwa ahantu hataramenyekana

Editorial 01 Sep 2017 Mu Rwanda

Muri iki cyumweru, indege yo mu gihugu cy’u Burisiya yari ipakiye toni zisaga 40 z’intwaro bikekwa ko zari zijyanywe muri Sudani y’Epfo yaguye ku kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda.

Amakuru yatanzwe n’ubuyobozi bw’ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Entebbe kuri uyu wa kane tariki ya 31 Kanama 2017, avuga ko indege yo mu bwoko bwa Ilyushin II – 76TD – 90VD on yo mu Burusiya yaguye kuri iki kibuga kuwa Kabiri w’iki cyumweru, ikaba yari ipakiye intwaro zitandukanye zirimo ibiturika n’ibyuma.

Aya makuru yavugaga ko muri izo ntwaro harimo Toni 31 z’imbunda zo mu bwoko bwa AK-47 rifles, ibyuma, magazine n’izindi ntwaro zitandukanye, n’izindi Toni 12 z’imizigo itandukanye.

Iyi mitwaro yafashwe itegereje imodoka iza kuyitwara muri Sudani y’Epfo ubuyobozi bw’ikibuga butegeka ko ijyanwa hanze y’ikibuga gutegerereza yo izo modoka.

Izi ntwaro zitari zoherejwe na kompanyi ya Bulgarian’s VIMM AD Company isanzwe ikorana na Uganda kuva na kera mu bijyanye n’ubuhahirane bw’intwaro bityo iyo ikaba ari imwe mu mpamvu zatumye izo ntwaro zoherezwa hanze y’ikibuga.

Muri 2010, nibwo Uganda yakiriye imbunda zo mu bwoko bwa machine guns na gerenade biturutse muri Bulgaria na Ukraine, ari na bwo muri uwo mwaka yakiraga indege z’intambara ziturutse mu gihugu cy’u Burusiya.

Ni mu gihe muri 2016, inzego zishinzwe umutekano no gukurikirana ibya gisirikare ku isi mu muryango w’Abibumbye wahagaritse Sudani y’Epfo kongera kugura intwaro ndetse no kuba iriya kombanyi yo mu gihugu cy’u Burusiya yari itwaye biriya birwanisho itari yemerewe kubikandagiza muri Uganda, bityo izi ntwaro zikaba zaragombaga guhita zijyanwa i Juba, umurwa mukuru wa Sudani y’Epfo.

Ku itariki ya 7 Kanama, hagaragaye inyandiko za Ambasade y’u Burusiya ikorera muri Uganda zari zandikiwe Ambasade y’Afurika y’Epfo ivuga ko indege y’u Burusiya izakoresha ikirere cy’ibihugu bihana imbibi na Sudani.

Umuvugizi w’igisirikare cya uganda, Brig. Richard Karemire yabwiye Chimpreports dukesha iyi nkuru ko Sudani y’Epfo nta burenganzira yari ifite bwo gukoresha indege z’amahanga mu kirere cy’ikindi gihugu byongeye mu gutwara intwaro.

Yagize ati ‘’UPDF nta kintu ifite kuvuga kuri ibi, ahubwo ikibazo kiri kuri Guverinoma ya Sudani y’Epfo. ‘’

Ushinzwe itumanaho mu gisirikare cya Sudani y’Epfo, Sasha Ampaire yahakanye aya makuru avuga ko izi ntwaro zitari iza Sudani y’Epfo.

Yagize ati” Ibyo dushinjwa byose ni ibinyoma kuko nta ntwaro twigeze dutumiza ngo zinjire I Juba zinyuze mur Uganda”

Ni mu gihe Uganda ifitanye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare muri Sudani y’Epfo, ariko muri ayo masezerano akaba nta ho avuga ko igisirikare cya Uganda , UPDF kuba cyagura cyangwa ngo cyakire intwaro cyohereze muri Sudani.

-7831.jpg

Indege yo mu bwoko bwa Ilyushin II – 76TD – 90VD on yo mu Burusiya yaguye kuri iki kibuga kuwa Kabiri w’iki cyumweru.

2017-09-01
Editorial

IZINDI NKURU

Rtd. CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana

Rtd. CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana

Editorial 18 Sep 2018
Wari Uzi Ihuriro mpuzamahanga ry’Igiswahili -CHAUKIDU.

Wari Uzi Ihuriro mpuzamahanga ry’Igiswahili -CHAUKIDU.

Editorial 22 Dec 2016
BYEMEJWE KO KAYUMBA NYAMWASA AGIYE KWAMBURWA UBUHUNZI.

BYEMEJWE KO KAYUMBA NYAMWASA AGIYE KWAMBURWA UBUHUNZI.

Editorial 18 Jun 2016
Nyakubahwa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakurikiye umukino wa BAL wahuje ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda na US Monastir yo muri Tunisia. 

Nyakubahwa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakurikiye umukino wa BAL wahuje ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda na US Monastir yo muri Tunisia. 

Editorial 23 May 2021
Rtd. CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana

Rtd. CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana

Editorial 18 Sep 2018
Wari Uzi Ihuriro mpuzamahanga ry’Igiswahili -CHAUKIDU.

Wari Uzi Ihuriro mpuzamahanga ry’Igiswahili -CHAUKIDU.

Editorial 22 Dec 2016
BYEMEJWE KO KAYUMBA NYAMWASA AGIYE KWAMBURWA UBUHUNZI.

BYEMEJWE KO KAYUMBA NYAMWASA AGIYE KWAMBURWA UBUHUNZI.

Editorial 18 Jun 2016
Nyakubahwa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakurikiye umukino wa BAL wahuje ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda na US Monastir yo muri Tunisia. 

Nyakubahwa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakurikiye umukino wa BAL wahuje ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda na US Monastir yo muri Tunisia. 

Editorial 23 May 2021
Rtd. CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana

Rtd. CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana

Editorial 18 Sep 2018
Wari Uzi Ihuriro mpuzamahanga ry’Igiswahili -CHAUKIDU.

Wari Uzi Ihuriro mpuzamahanga ry’Igiswahili -CHAUKIDU.

Editorial 22 Dec 2016
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru