• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Burundi: Leta yatanze isoko kuri kompanyi CVMR Energy Minerals Incorporation nta piganwa
Umuyobozi wa CVMR na Minisitiri Côme Manirakiza

Burundi: Leta yatanze isoko kuri kompanyi CVMR Energy Minerals Incorporation nta piganwa

Ubwanditsi 21 Nov 2017 INKURU NYAMUKURU

Tumaze iminsi mike tubagejejeho inkuru yavugaga kuri mafia mu bucuruzi bw’ amabuye y’agaciro bikorwa n’ ishyaka riri kubutegetsi CNDD/FDD

Minisiteri ishinzwe ingufu n’amabuye y’agaciro mu Burundi yagiranye amasezerano na kompanyi yo muri Canada yitwa CVMR Energy Minerals Incorporation of Toronto Canada ku bijyanye n’ubushakashatsi ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ahitwa Waga-Nyabikere n’ibice bya Mukanda. Muri utu duce hakaba havugwa kuba hari amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Nickel, Cobalt, Iron, copper, PGMs, Vanadium na titanium

Aya masezerano akaba yarashyizweho umukono ku italiki ya 20/11/2017 hagati ya Kamran M. Khozan, Umuyobozi wa CVMR na Minisitiri w’ingufu n’amabuye y’agaciro, Côme Manirakiza

Umuyobozi wa CVMR akaba yatangaje ko iyi kompanyi igiye gushora asaga miliyoni mirongo ine z’amadolari (USD 40 million) mu gukora ubushakashatsi mu kugaragaza amabuye y’agaciro ahaboneka, imirimo ikaba yamaze gutangira bikaba biteganijwe ko inyigo izaba yarangiye mu ntangiriro y’umwaka wa 2018. Uyu muyobozi kandi yavuze ko bazakorana na kompanyi y’I Burundi yitwa Jacob Mining Engineering nindi yo muri Afurika y’Epfo yitwa DRA

Minisitiri Côme Manirakiza, yatangaje ko kubera imiterere y’uduce twa Waga (Gitega)-Nyabikere (Karuzi) hashobora kuba dufite amabuye y’agaciro ari nayo mpamvu CVMR yahawe akazi ko gukora ubushakashatsi.

Gabriel Rufyiri, ukuriye urwego rushinzwe kurwanya ruswa (OLUCOME) avuga ko aya masezerano yasinywe adasobanura neza kuba ari ugukora ubushakashatsi cyangwa ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.  Olucome ivuga ko ibintu byose byagakwiye gukorwa mu mucyo. Umuyobozi wayo akomeza avuga ati: “nkuko twagiye tubivuga “iyi ni mafia mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro, ikibabaje nuko nta numwe mu buyobozi ubiha agaciro”.

OLUCOME ibona hakwiye kujya hakoreshwa ipiganwa risesuye, kompanyi zose zibifitiye ubushobozi zigahabwa amahirwe ku buryo isoko rihabwa ubikwiye. Ibi akaba atariko byagenze ku masezerano na CVMR. Umuyobozi wayo abona ko kompanyi mpuzamahanga ziza gukorera mu Burundi, ziba zifite amasezerano ya rwihishwa na Leta, asinywa harimo aba komisiyoneri n’umuntu uhagarariye leta.

Ubwanditsi

2017-11-21
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ngire ibyo nibariza Perezida Evariste Ndayishimiye, ukinga Abarundi ibikarito mu maso

Ngire ibyo nibariza Perezida Evariste Ndayishimiye, ukinga Abarundi ibikarito mu maso

Ubwanditsi 02 Jan 2024
Abanenga ubufatanye bw’u Rwanda na Arsenal FC si abahanga mu kwamamaza – Amb. Habineza

Abanenga ubufatanye bw’u Rwanda na Arsenal FC si abahanga mu kwamamaza – Amb. Habineza

Ubwanditsi 29 May 2018
Visi Perezida wa Rayon Sports, Gacinya Denis yatawe muri yombi

Visi Perezida wa Rayon Sports, Gacinya Denis yatawe muri yombi

Ubwanditsi 20 Dec 2017
Mu Burundi, muri ba basirikari 500 bavanywe muri Kongo mu mpera z’umwaka ushize hasigaye ngerere

Mu Burundi, muri ba basirikari 500 bavanywe muri Kongo mu mpera z’umwaka ushize hasigaye ngerere

Ubwanditsi 22 Jan 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ukwivuguruza  no Kujijisha Rubanda k’Umukandida Mpayimana Philippe guhatse iki ?.
Mu Mahanga

Ukwivuguruza no Kujijisha Rubanda k’Umukandida Mpayimana Philippe guhatse iki ?.

Ubwanditsi 06 Feb 2017
Ko uriye umusaza aruka imvi, ibigarasha byariye umwana “Djibril” byo bizaruka iki?
Amakuru

Ko uriye umusaza aruka imvi, ibigarasha byariye umwana “Djibril” byo bizaruka iki?

Ubwanditsi 17 Sep 2024
Ingoro yo ku Mulindi w’Intwari igiye gutangira kumurikirwamo amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu
UBUKERARUGENDO

Ingoro yo ku Mulindi w’Intwari igiye gutangira kumurikirwamo amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu

Ubwanditsi 08 Jan 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru