• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon   |   13 Jun 2026

  • AMAFOTO – Ikipe y’igihugu ya Mexique yakiriye igikombe cy’Isi 2026 na Koreya y’Epfo zatangiye zitsinda imikino yayo   |   12 Jun 2026

  • Nyuma y’imyaka 12 y’ubufatanye, Amasezerano ya Rayon Sports na SKOL yageze ku musozo   |   09 Jun 2026

  • Bombori bombori muri RNC: Serge Ndayizeye nawe yeretswe umuryango   |   08 Jun 2026

  • Ku bw’impamvu z’umutekano, umwiherero w’ikipe y’igihugu, Amavubi wari kubera muri Morocco wimuriwe mu Misiri   |   03 Jun 2026

  • APR FC yatangaje ko itazakomezanya n’abakinnyi batatu barimo Aliou Souané, Mamadou Sy na Mahamadou Lamine Bah   |   03 Jun 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Umwiryane n’amakimbirane muri CNRD- Ubwiyunge

Umwiryane n’amakimbirane muri CNRD- Ubwiyunge

Ubwanditsi 29 Jan 2020 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Amakuru ari gucicikana ku mbuga nkoranyamba agaragaza ugusubiranamo kwabagize ihuriro CNRD ubwiyunge, mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri niho ubunyamabanga bw ‘uyu mutwe bwasoye itangazo rihagarika Benoit Rugumaho wari uhagarariye inyungu zawo mu gihugu cya Canada.

Mu itangazo ryashinzwe hanze na CNRD UBWIYUNGE rivuga ko ihagarikwa rya Benoit Rugumaho wari uhagarariye Inyungu za CNRD ubwiyunge na MRCD ubumwe mu gihugu cya CANADA ashinjwa kuba asuzugura bikomeye inzego ziri huriro zikorera mu bihugu bya SCandinavia.

Iri tangazo rikaba ryerekana amakosa yashingiweho ahagarikwa by’agateganyo mu gihe kingana n ‘amezi atatu aho ashinjwa ubuhezanguni buhoraho mu kutubaha ubuyobozi bwiri huriro, gukwirakwiza ibihuha agamije inyungu ze,kuba agira uruhare mu kubangamira ikwirakwizwa ry ‘amahame y,amashyaka ahuriye mu ihuriro MRCD ubumwe, ndetse n’ubufatanyacyaha mu gukorana na bamwe mu bahoze muri iri huriro bahagaritswe.

Uyu mugabo ahagaritswe nyuma y’uwahoze ari umunyamabanga wungirije wa CNRD ubwiyunge bwana Kalinijabo Jean Paul nawe wahagaritswe umwaka ushize.

Muri iri tangazo rikomeza risobanura  ko Benoit Rugumaho ahagaritswe mu nshingano yari afite haba muri CNRD ubwiyunge ndetse no mu ihuriro MRCd ubumwe igihe kingana n’amezi atatu, kandi rigumya kuvuga ko azava mu bihano mu gihe yanditse yerekana ko agiye guhindura imyitwarire yiwe akayoboka inzira bamweretse nyuma yo kwiga kubusabe bwe.

Urebye ubona ko iri hagarikwa rishobora kuba burundu kuko bigoye ko Benoit Rugumaho yandika iyi baruwa asabwa dukurikije ubuhezanguni busanzwe bumuranga.

Ihagarikwa rya Benoit Rugumaho rije rikurikira ibihe bibi uyu mutwe urimo wo kutoroherwa n’ibitero umutwe wabo w’ingabo wa FLN ukorera mu mashyamba yo muburasirazuba bwa Congo kinshasa uri kugabwaho n’igisirikare cya FARDC.

Abakurikiranira hafi imikorere y ‘uyu mutwe wa CNRD ubwiyunge bavuga ko uyu umitwe wakunze kurangwa n’amakimbirane kuva aho urugamba batangije rubananiye bikaba bigaragara ibintu byabarenze.

Ikindi kuba Umunyamabanga w’uyu mutwe wa CNRD UBWIYUNGE ariwe wasohoye iri tangazo kandi iki ari icyemezo gikomeye cyagombye gushyirwaho Umukono na Perezida wa CNRD UBWIYUNGE ariwe Gen.Wilson Irategeka n’icyerekana ko amakuru amaze iminsi acicikana ko yaba yarapfuye yaba ari impamo uyu Dr.Biruka Innocent akaba ariwe Muyobozi w’inzibacyuho wa CNRD UBWIYUNGE.

2020-01-29
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Uganda ifungirana u Rwanda ubugira kabiri – Perezida Kagame

Uganda ifungirana u Rwanda ubugira kabiri – Perezida Kagame

Ubwanditsi 25 Mar 2019
Rene Rutagungira, inzirakarengane y’intambara za propaganda za Museveni. Arembeye muri gereza ya CMI, Makindye

Rene Rutagungira, inzirakarengane y’intambara za propaganda za Museveni. Arembeye muri gereza ya CMI, Makindye

Ubwanditsi 05 Jul 2019
Uwahoze ari Maneko  mu gisirikare cy’u Burundi  aragaragaza  ko mu barinda Nkurunziza harimo abo muri FDLR

Uwahoze ari Maneko mu gisirikare cy’u Burundi aragaragaza ko mu barinda Nkurunziza harimo abo muri FDLR

Ubwanditsi 09 Jan 2018
Kizito Mihigo arasabira abo yasize mu buroko

Kizito Mihigo arasabira abo yasize mu buroko

Ubwanditsi 16 Oct 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Congo: Ibiro by’itora bisaga 1,000 byafunzwe habura iminsi 2 ngo amatora abe
INKURU NYAMUKURU

Congo: Ibiro by’itora bisaga 1,000 byafunzwe habura iminsi 2 ngo amatora abe

Ubwanditsi 28 Dec 2018
INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA
KWAMAMAZA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

Ubwanditsi 09 Jan 2023
FESPAD : Zao Zoba yerekanye ubuhanga mu gitaramo gifungura, Sauti Sol irinubirwa
SHOWBIZ

FESPAD : Zao Zoba yerekanye ubuhanga mu gitaramo gifungura, Sauti Sol irinubirwa

Ubwanditsi 30 Jul 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru