• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abahanzi bโ€™indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba โ€œumugatiโ€ wโ€™ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

  • AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uwโ€™Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon   |   13 Jun 2026

  • AMAFOTO – Ikipe yโ€™igihugu ya Mexique yakiriye igikombe cyโ€™Isi 2026 na Koreya yโ€™Epfo zatangiye zitsinda imikino yayo   |   12 Jun 2026

  • Nyuma y’imyaka 12 y’ubufatanye, Amasezerano ya Rayon Sports na SKOL yageze ku musozo   |   09 Jun 2026

 
You are at :Home»Amakuru»U ๐—ฅ๐˜„๐—ฎ๐—ป๐—ฑ๐—ฎ ๐—ฟ๐˜‚๐—ด๐—ถ๐˜†๐—ฒ ๐—ธ๐˜„๐—ฎ๐—ธ๐—ถ๐—ฟ๐—ฎ ๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐—ฟ๐˜‚๐˜€๐—ต๐—ฎ๐—ป๐˜„๐—ฎ ๐—ฎ๐—ป๐—ฒ ๐˜†๐—ฎ ๐—–๐—˜๐—–๐—”๐—™๐—” ๐—ฎ๐—ฟ๐—ถ๐—บ๐—ผ ๐—ป๐—ฎ ๐—ž๐—ฎ๐—ด๐—ฎ๐—บ๐—ฒ ๐—–๐˜‚๐—ฝ

U ๐—ฅ๐˜„๐—ฎ๐—ป๐—ฑ๐—ฎ ๐—ฟ๐˜‚๐—ด๐—ถ๐˜†๐—ฒ ๐—ธ๐˜„๐—ฎ๐—ธ๐—ถ๐—ฟ๐—ฎ ๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐—ฟ๐˜‚๐˜€๐—ต๐—ฎ๐—ป๐˜„๐—ฎ ๐—ฎ๐—ป๐—ฒ ๐˜†๐—ฎ ๐—–๐—˜๐—–๐—”๐—™๐—” ๐—ฎ๐—ฟ๐—ถ๐—บ๐—ผ ๐—ป๐—ฎ ๐—ž๐—ฎ๐—ด๐—ฎ๐—บ๐—ฒ ๐—–๐˜‚๐—ฝ

RUSHYASHYA 10 Mar 2026 Amakuru, IMIKINO

U Rwanda rwatoranyijwe kwakira amarushanwa ane ategurwa nโ€™Impuzamashyirahamwe yโ€™Umupira wโ€™Amaguru mu Karere ka Afurika yโ€™Iburasirazuba no Hagati (CECAFA), azabera i Kigali mu bihe bitandukanye muri uyu mwaka wa 2026.

Muri ayo marushanwa harimo irizwi cyane rya CECAFA Kagame Cup, riteganyijwe kubera i Kigali kuva tariki ya 18 Nyakanga kugeza ku ya 9 Kanama 2026, rikaba rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bihugu binyamuryango bya CECAFA.

Uretse iri rushanwa, u Rwanda ruzanakira andi marushanwa atatu arimo irushanwa ryโ€™ibigo byโ€™amashuri byo mu karere, irushanwa ryo guhatanira itike yo kuzakina CAF Womenโ€™s Champions League, ndetse nโ€™irushanwa ryo gushaka itike yo kuzakina imikino ya nyuma yโ€™Igikombe cya Afurika cyโ€™Ibihugu mu batarengeje imyaka 17 (U-17 AFCON).

Ibihugu bigize CECAFA birimo u Rwanda, u Burundi, Djibouti, Eritrea, Ethiopia, Kenya, Somalia, Sudani yโ€™Epfo, Sudani, Tanzania, Uganda na Zanzibar.

Aya marushanwa ategerejweho guteza imbere umupira wโ€™amaguru mu karere ndetse no gukomeza kugaragaza ubushobozi bwโ€™u Rwanda mu kwakira amarushanwa mpuzamahanga.

2026-03-10
RUSHYASHYA

IZINDI NKURU

Umutwe wโ€™iterabwoba wa RNC urasaba Perezida wโ€™u Burundi kuba umuhuza hagati yawo nโ€™u Rwanda. Ese u Rwanda rwakwemera gushyikirana nโ€™ibyihebe?

Umutwe wโ€™iterabwoba wa RNC urasaba Perezida wโ€™u Burundi kuba umuhuza hagati yawo nโ€™u Rwanda. Ese u Rwanda rwakwemera gushyikirana nโ€™ibyihebe?

Ubwanditsi 23 Mar 2022
Areruya Joseph na Team Rwanda bongeye kwakirwa nkโ€™intwari nyuma yo kwegukana Tour de lโ€™Espoir

Areruya Joseph na Team Rwanda bongeye kwakirwa nkโ€™intwari nyuma yo kwegukana Tour de lโ€™Espoir

Ubwanditsi 06 Feb 2018
Afrobasketball: Mu mukino wakurikiwe na Perezida Paul Kagame, u Rwanda rwabonye itike ya 1/4

Afrobasketball: Mu mukino wakurikiwe na Perezida Paul Kagame, u Rwanda rwabonye itike ya 1/4

Ubwanditsi 31 Jul 2023
AMAFOTO- Mu rwego rwo kwitegura isubukurwa rya shampiyona Rayon Sports yasinyishije Muhire Kevin na Hรฉritier Nzinga Luvumbu.

AMAFOTO- Mu rwego rwo kwitegura isubukurwa rya shampiyona Rayon Sports yasinyishije Muhire Kevin na Hรฉritier Nzinga Luvumbu.

Ubwanditsi 24 Apr 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Hatangajwe amatsinda y’uko amakipe azahura mu mikino y’irushanwa ritegura shampiyona y’u Rwanda y’umukino w’intoki wa Basket ball
Amakuru

Hatangajwe amatsinda y’uko amakipe azahura mu mikino y’irushanwa ritegura shampiyona y’u Rwanda y’umukino w’intoki wa Basket ball

Ubwanditsi 18 Apr 2021
Barack Obama niwe mugabo wishimirwa nโ€™Abanyamerika
Mu Mahanga

Barack Obama niwe mugabo wishimirwa nโ€™Abanyamerika

Ubwanditsi 28 Dec 2017
FDU-Inkingi yashimangiye ko INGABIRE Victoire akiri umuyoboke wโ€™iryo shyaka rikorana na FDLR mu bikorwa byโ€™iterabwoba
Amakuru

FDU-Inkingi yashimangiye ko INGABIRE Victoire akiri umuyoboke wโ€™iryo shyaka rikorana na FDLR mu bikorwa byโ€™iterabwoba

Ubwanditsi 02 Nov 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uwโ€™Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uwโ€™Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

ยฉ Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru