Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 6 Ukuboza 2016, mu Kagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza,i Musanze ahitwa Nyamuremure, hagaragaye imirambo ...
Soma »
Perezida Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016 arataha ku mugaragaro inyubako ya CHIC Complex yuzuye itwaye miliyari 19 na miliyoni 800 ...
Soma »
Perezida Paul Kagame, yahawe igihembo gikomeye cyatanzwe n’Umuryango w’Abibumbye kubera uruhare imiyoborere ye igira mu kurengera ibidukikije, nka kimwe mu bihembo byatangiwe mu nama yiga ...
Soma »
Perezida Paul Kagame, yahawe igihembo gikomeye cyatanzwe n’Umuryango w’Abibumbye kubera uruhare imiyoborere ye igira mu kurengera ibidukikije, nka kimwe mu bihembo byatangiwe mu nama yiga ...
Soma »
Ubutegetsi muri Amerika ejo bwiyemereye yuko mu gihugu cya Ghana hari ikintu kiyitaga ambasade ya Amerika kigatanga serivisi zose zitangwa na za ambasade, harimo VISA ...
Soma »
Ubushinjacyaha kuri uyu wa mbere bwabajije umunyamakuru Eminente ku byaba akekwaho. Umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda, Nkusi Faustin avuga ko dosiye ikiri mu iperereza, ariko ko ...
Soma »
Abaturage bo mu murenge wa Gatunda mu karere ka Nyagatare basabwe kugira uruhare mu kubungabunga umutekano bakora amarondo neza ndetse n’ibindi bikorwa bigamije kuwusigasira. Ubu ...
Soma »