• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

  • Rayon Sports izabanza kwakira APR FC muri shampiyona y’u Rwanda, Ingengabihe ya BK Pro League 2026/27   |   17 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Komisiyo ishinzwe gutegura amarushanwa muri FERWAFA, yanzuye ko shampiyona y’u Rwanda mu gice cyo kwishyura ikinwa muri Mutarama, igikombe cy’Amahoro gikinwe muri Gashyantare

Komisiyo ishinzwe gutegura amarushanwa muri FERWAFA, yanzuye ko shampiyona y’u Rwanda mu gice cyo kwishyura ikinwa muri Mutarama, igikombe cy’Amahoro gikinwe muri Gashyantare

Ubwanditsi 27 Dec 2022 Amakuru, IMIKINO

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryatangaje ko shampiyona y’ikiciro cya mbere mu mikino yo kwishyura izakinwa guhera ku itariki ya 20 Mutarama aho kuba ku itariki ya 4 Gashyantare 2023, ibi bikaba bivuze ko amakipe amwe n’amwe azatangira imyitozo hakiri kare.

Ibi bibaye nyuma yaho hagati muri iyi minsiy’ikiruhuko hari hateganyijwemo imikino y’igikombe cy’Amahoro nayo yagombaga gukinwa muri uku kwezi kwa Mutarama 2023.

Ibi bigaragara mu ibaruwa FERWAFA yandikiye abayobozi b’Amakipe ko habayeho impinduka kuri shampiyona y’u Rwanda ku mukino yo kwishyura, iyo baruwa itangira igira iti “Dushingiye ku ngengabihe z’amarushanwa yose ategurwa na FERWAFA twabagejejeho mu bihe byashize ; Tunejejwe no kubandikira tugira ngo tubagezeho ingengabihe igaragaza igihe imikino yo kwishyura (phase retour) izatangirira ku itariki ya 20 Mutarama 2023″.

Uko amakipe azahura (fixtures list) tuzabibagezaho mu gihe cya vuba. Icyakora, ku makipe akina ‘’PRIMUS NATIONAL LEAGUE’’ hazahinduka gusa igihe cyo gutangira imikino yo kwishyura n’amatariki y’imikino kuko uko amakipe azahura byari byatangajwe mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2022/2023 utangira”.

FERWAFA kandi ikaba yaboneyeho umwanya wo gutangaza ingengabihe y’Igikombe cy’Amahoro cya 2023 :

• Amajonjora y’ibanze: 07-08/02/2023 & 14-15/02/2023
• Imikino ya 1/8: 21-22/Gashyantare/2023 & 28-29/Gashyantare/2023
• Imikino ya 1⁄4: 07-08/Werurwe/2023 & 14-15/Werurwe/2023
• Imikino ya 1⁄2 : 22-23/Mata/2023 & 29-30/Mata/2023
• Umikino wa nyuma 14 Gicurasi 2023

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kandi batangaje ko igihe cya kabiri cyo kwandikisha abakinnyi (Second registration period) giteganyijwe mu buryo bukurikira nk’uko bigaragara muri FIFA TMS/DTMS:

• Kwandikisha abakinnyi babigize umwuga mu Bagabo ni ukuva tariki 01/01/2023 kugeza tariki 27/01/2023
• Kwandikisha abakinnyi babigize umwuga mu Bagore ni ukuva tariki 09/01/2023 kugeza tariki 27/01/2023
• Kwandikisha abakinnyi batabigize umwuga(Amateur) ni ukuva tariki 01/01/2023 kugeza tariki 27/01/2023

Kugeza ubu buri kipe yemerewe kwandikisha umubare ntarengwa w’abakinnyi 30 mu mwaka w’imikino nk’uko biteganywa n’ingingo ya 34 y’Amategeko agenga amarushanwa muri FERWAFA, bityo, muri icyo gihe cya kabiri cyo kwandikisha abakinnyi cyavuzwe haruguru buri kipe izandikisha abakinnyi bitewe n’imyanya isigaranye ku bakinnyi 30 buri kipe yemerewe.

2022-12-27
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Imwe mu mikino ndetse n’amarushanwa byari biteganyijwe mu mikino y’amaboko ya Volleyball na Basketball yasubitswe by’agateganyo.

Imwe mu mikino ndetse n’amarushanwa byari biteganyijwe mu mikino y’amaboko ya Volleyball na Basketball yasubitswe by’agateganyo.

Ubwanditsi 30 Jun 2021
Rayon Sports yatsindiye Gor Mahia muri Kenya, yigarurira icyizere cyo kurenga amatsinda

Rayon Sports yatsindiye Gor Mahia muri Kenya, yigarurira icyizere cyo kurenga amatsinda

Ubwanditsi 20 Aug 2018
Amafoto – Ikipe y’igihugu U19 muri Handball yerekeje muri Croatie gukina imikino y’igikombe cy’Isi

Amafoto – Ikipe y’igihugu U19 muri Handball yerekeje muri Croatie gukina imikino y’igikombe cy’Isi

Ubwanditsi 20 Jul 2023
Nyuma y’imvune yagiriye muri CHAN, Tuyisenge Jacques yavuze ko ubu ameze neza, ngo yiteguye gutanga umusanzu we mu ikipe ya APR FC.

Nyuma y’imvune yagiriye muri CHAN, Tuyisenge Jacques yavuze ko ubu ameze neza, ngo yiteguye gutanga umusanzu we mu ikipe ya APR FC.

Ubwanditsi 10 May 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Gor Mahia yageze i Kigali, umutoza avuga ko yimwe amakuru na Mamelodi Sundowns
IMIKINO

Gor Mahia yageze i Kigali, umutoza avuga ko yimwe amakuru na Mamelodi Sundowns

Ubwanditsi 05 May 2018
Perezida wa “CAF”Ahmad Ahmad yavuze ko ntacyo yaganira na Perezida wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle
IMIKINO

Perezida wa “CAF”Ahmad Ahmad yavuze ko ntacyo yaganira na Perezida wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle

Ubwanditsi 13 Mar 2018
Ubuyobozi bwa APR. FC bwahakanye  kuza k’umutoza mushya
IMIKINO

Ubuyobozi bwa APR. FC bwahakanye kuza k’umutoza mushya

Ubwanditsi 02 Mar 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru