Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, nibwo hatangijwe ibikorwa byo kwakira Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare izabera i Kigali mu mwaka wa 2025. ...
Soma »
Perezida Paul Kagame yatangarije Jeune Afrique ko nta bisobanuro bifatika u Bubiligi bwigeze buha u Rwanda nyuma yo kwanga kwakira Ambasaderi Vincent Karega woherejweyo, bityo ...
Soma »
Mu kiganiro Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yagiranye na Jeune Afrique aho yashimangiye ko ari umukandida mu matora ataha y’Umukuru w’Igihugu ndetse ashima icyizere Abanyarwanda bakomeje ...
Soma »
Kuri uyu wa Kabiri, Pariki y’Igihugu ya Nyungwe yanditswe mu murage w’Isi wa UNESCO, ibi bikaba byemerejwe i Riad muri Arabiya Saudite ahateraniye komite ishinzwe ...
Soma »
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Nzeri 2023 nibwo haninwe imikino ibanza y’ijonjora rya kabiri ry’imikino Nyafurika, CAF Champions League na Confederation Cup, ikipe ...
Soma »
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu bagabo ya Volleyball yaraye igeze i Kigali aho yari ivuye mu gihugu cya Misiri mu mikino y’igikombe cya Afurika aho ...
Soma »
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yitabiriye inama y’Abakuru b’ ibihugu na za guverinoma z’ ibihugu bigize Umuryango wa G77 hamwe n’u Bushinwa. Ni inama yiga ...
Soma »