Abari abayobozi ba ADEPR bitabye Urukiko Rukuru bajuririra gufungwa by’agateganyo
Abari abayobozi b’Umuryango w’amatorera ya Pentekositi mu Rwanda, ADEPR, kuri uyu wa Kane bitabye Urukiko Rukuru, aho ruri kumva ubujurire bwabo ku mwanzuro baheruka gufatirwa ... Soma »










