Umushoferi wa Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine mu buhanzi, yarashwe ahita yitaba Imana ku mugoroba wo ku wa 13 Kanama 2018. Bobi Wine ...
Soma »
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 8 Kanama 2018, ishyaka riri ku butegetsi muri Congo Kinshasa ryatangaje umukandida waryo mu matora y’umukuru w’igihugu azaba mu ...
Soma »
Umuyobozi w’Ishyaka UDPS ritavuga rumwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, ari mu bashyikirije Komisiyo y’amatora kandidatire yo guhatanira kuyobora ...
Soma »
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemeye ko umuhungu we yahuye n’intumwa y’u Burusiya kandi yari yamwemereye kumuha amakuru kuri Hillary Clinton ...
Soma »
Bwana Katumbi yari yizeye gusubira muri Kongo nyuma yo kumara imyaka ibiri mu buhungiro, ariko abategetsi bamwangiye inshuro ebyiri kwinjira muri iki gihugu, bituma kuri ...
Soma »
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere mu Mujyi wa Lubumbashi, mu Ntara ya Haut-Katanga zahinduye imirishyo, aho humvikanye urusaku rw’amasasu mu duce tumwe twabyukiyemo ...
Soma »
Urujijo ni rwose ku hazaza ha Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, mu gihe hasigaye iminsi itatu ngo igihe cyo gutanga kandidatire ...
Soma »
Jean Pierre Bemba, Umunyapolitiki uherutse kugirwa umwere n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), yasesekaye i Kinshasa muri Repubulika iharanira Demikarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu, aho ...
Soma »