• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Ese koko birakwiyo ko Umugore cyangwa Umugabo baganiriza abana ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina?

Ese koko birakwiyo ko Umugore cyangwa Umugabo baganiriza abana ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina?

Ubwanditsi 08 Mar 2017 HIRYA NO HINO

Ni kenshi iki kibazo kigenda kigarukwaho mu n’abantu batandukanye baba abafite uburezi, uburenganzira bw’abana n’ibindi bitandukanye mu nshingano zabo, gusa iki kibazo ntibyoroshye kukibonera igisubizo.

Iyo uganiriye na bamwe mu bantu bakuru bakubwira ko mu muco nyarwanda bitemewe kuvuga ibintu bijyanye n’imibonano mpuzabitsina bavuga ko ari ukubashora mu ngeso mbi n’ibindi.

Mu gihe abandi bavuga ko ari byiza kubibaganirizaho bakiri bato kugita ngo bakure babizi bityo nihagira n’abahura n’ingaruka ku myitwarire idahwitse bazabe bazi uko byagenze.

Kuri ubu kandi usanga abana benshi bafite amatsiko yo kumenya ibintu byinshi ku bijyanye n’imyororokere ndetse n’imibonano mpuzabitsina ariko ikibazo kikaba aho bakura igisubizo kuri ibyo bibazo mu gihe ababyeyi b abo cyangwa ababareera batabibafashijemo.

Imamvu ari ngombwa.

Mu gihe ibihugu byinshi birimo n’u Rwanda, biri mu iterambere ryihuta cyane, abana benshi bahura n’ibibarangaza ndetse n’ababashuka benshi. Ibi bituma abana bato barushaho kugira imitekerereze itandukanye n’iy’abo mu bihe byashize bitewe ahanini n’ikoranabuhanga ryateye imbere, abantu bakuru batakigira isoni zo kuryamana n’abana bato n’ibindi.

Bitewe no kuba abana benshi batabasha guhangana n’ibyo byose bibugarije bibashukashuka, ni ngombwa ko abana bigishwa ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere ndetse n’ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina hakiri kare kugira ngo nubwo bagwa mu mutego babe babasha kwikingira.

Hari abavuga ko ari ukubashora mu busambanyi.

-6056.jpg

Nubwo kwisgisha no gusobanurira abana bishobora gutuma bagira amatsiko yo kumenya uko bikorwa bakaba babyishoramo, uburyo umubyeyi azabyigisha umwana nibwo azabifatamo. Ikibazo ni ukumwereka uko bikorwa ntumwereke uko byirindwa.

Ingaruka zagera ku mwana utarabyigishijwe zitandukanye cyane n’izagera ku mwana utarabisobanuriwe. Ni ngombwa ko umwana ahabwa uburere buhwanye n’ikigero cye kuko agenda akura gahoro gahoro ahindura n’imyitwarire kandi abamurera niko baba bamureba kuko bahorana na we.

2017-03-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Urugo rwa Gen Masunzu rwagabweho igitero

Urugo rwa Gen Masunzu rwagabweho igitero

Ubwanditsi 27 Jan 2018
Magaly Pearl, Umuhanzikazi ukomoka mu Rwanda yambitswe impeta n’umunyamerika

Magaly Pearl, Umuhanzikazi ukomoka mu Rwanda yambitswe impeta n’umunyamerika

Ubwanditsi 22 Dec 2018
Umugabo yamenyesheje polisi ko agiye kwica Perezida Trump ntakabuza

Umugabo yamenyesheje polisi ko agiye kwica Perezida Trump ntakabuza

Ubwanditsi 06 Jan 2018
Umunyarwanda yiciwe muri Uganda hafi y’umupaka n’u Rwanda

Umunyarwanda yiciwe muri Uganda hafi y’umupaka n’u Rwanda

Ubwanditsi 08 Aug 2019

Igitekerezo kimwe

  1. Mugabe Gerard
    January 24, 20198:30 am -

    Jyewe mbona bikwiye kukwigisha umwana imyororokere ariko na none bigaterwa ningano y’umwana kuko kuko hari uwo wabyigisha kuberako atarakura mu mutwe akumva afite amatsiko yo kubona aho babikora.

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ibigo by’itumanaho byongereye imbaraga mu gukwirakwiza internet ya 4G muri Afurika
IKORANABUHANGA

Ibigo by’itumanaho byongereye imbaraga mu gukwirakwiza internet ya 4G muri Afurika

Ubwanditsi 26 Sep 2018
Abanyarwanda hirya no hino  bitabiriye amatora
Mu Rwanda

Abanyarwanda hirya no hino bitabiriye amatora

Ubwanditsi 04 Aug 2017
Nyamagabe:abayobozi b’amadini n’amatorero barasabwa kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana n’abagore
Amakuru

Nyamagabe:abayobozi b’amadini n’amatorero barasabwa kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana n’abagore

Ubwanditsi 07 Jun 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru