• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Ese koko birakwiyo ko Umugore cyangwa Umugabo baganiriza abana ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina?

Ese koko birakwiyo ko Umugore cyangwa Umugabo baganiriza abana ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina?

Ubwanditsi 08 Mar 2017 HIRYA NO HINO

Ni kenshi iki kibazo kigenda kigarukwaho mu n’abantu batandukanye baba abafite uburezi, uburenganzira bw’abana n’ibindi bitandukanye mu nshingano zabo, gusa iki kibazo ntibyoroshye kukibonera igisubizo.

Iyo uganiriye na bamwe mu bantu bakuru bakubwira ko mu muco nyarwanda bitemewe kuvuga ibintu bijyanye n’imibonano mpuzabitsina bavuga ko ari ukubashora mu ngeso mbi n’ibindi.

Mu gihe abandi bavuga ko ari byiza kubibaganirizaho bakiri bato kugita ngo bakure babizi bityo nihagira n’abahura n’ingaruka ku myitwarire idahwitse bazabe bazi uko byagenze.

Kuri ubu kandi usanga abana benshi bafite amatsiko yo kumenya ibintu byinshi ku bijyanye n’imyororokere ndetse n’imibonano mpuzabitsina ariko ikibazo kikaba aho bakura igisubizo kuri ibyo bibazo mu gihe ababyeyi b abo cyangwa ababareera batabibafashijemo.

Imamvu ari ngombwa.

Mu gihe ibihugu byinshi birimo n’u Rwanda, biri mu iterambere ryihuta cyane, abana benshi bahura n’ibibarangaza ndetse n’ababashuka benshi. Ibi bituma abana bato barushaho kugira imitekerereze itandukanye n’iy’abo mu bihe byashize bitewe ahanini n’ikoranabuhanga ryateye imbere, abantu bakuru batakigira isoni zo kuryamana n’abana bato n’ibindi.

Bitewe no kuba abana benshi batabasha guhangana n’ibyo byose bibugarije bibashukashuka, ni ngombwa ko abana bigishwa ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere ndetse n’ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina hakiri kare kugira ngo nubwo bagwa mu mutego babe babasha kwikingira.

Hari abavuga ko ari ukubashora mu busambanyi.

-6056.jpg

Nubwo kwisgisha no gusobanurira abana bishobora gutuma bagira amatsiko yo kumenya uko bikorwa bakaba babyishoramo, uburyo umubyeyi azabyigisha umwana nibwo azabifatamo. Ikibazo ni ukumwereka uko bikorwa ntumwereke uko byirindwa.

Ingaruka zagera ku mwana utarabyigishijwe zitandukanye cyane n’izagera ku mwana utarabisobanuriwe. Ni ngombwa ko umwana ahabwa uburere buhwanye n’ikigero cye kuko agenda akura gahoro gahoro ahindura n’imyitwarire kandi abamurera niko baba bamureba kuko bahorana na we.

2017-03-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

CAF yaciye Ishyirahamwe rya ruhago mu Burundi ibihumbi 10$

CAF yaciye Ishyirahamwe rya ruhago mu Burundi ibihumbi 10$

Ubwanditsi 02 Apr 2019
Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Ubwanditsi 20 Jan 2018
Dore Urutonde rw’ Abagore Muri Afurika Bafite Amafaranga Menshi Kurusha Abandi

Dore Urutonde rw’ Abagore Muri Afurika Bafite Amafaranga Menshi Kurusha Abandi

Ubwanditsi 15 Jan 2018
Imbonerakure n’abasirikare bavuye muri Congo basubira i Burundi

Imbonerakure n’abasirikare bavuye muri Congo basubira i Burundi

Ubwanditsi 14 Nov 2018

Igitekerezo kimwe

  1. Mugabe Gerard
    January 24, 20198:30 am -

    Jyewe mbona bikwiye kukwigisha umwana imyororokere ariko na none bigaterwa ningano y’umwana kuko kuko hari uwo wabyigisha kuberako atarakura mu mutwe akumva afite amatsiko yo kubona aho babikora.

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuntu Ntaba Igihangange Gutyo Gusa Abigiramo Uruhare – Perezida Kagame
IMIKINO

Umuntu Ntaba Igihangange Gutyo Gusa Abigiramo Uruhare – Perezida Kagame

Ubwanditsi 07 Aug 2018
Sebutege Ange atorewe kuyobora Akarere ka Huye
POLITIKI

Sebutege Ange atorewe kuyobora Akarere ka Huye

Ubwanditsi 29 Jun 2018
Pascal Nyamurinda wayoboraga Umujyi wa Kigali yeguye ku mirimo ye
INKURU NYAMUKURU

Pascal Nyamurinda wayoboraga Umujyi wa Kigali yeguye ku mirimo ye

Ubwanditsi 11 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru