• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Gakenke: Turimubenshi yatunguwe n’ubuhanga yari yibitsemo ‘‘Tora Kagame Paul’’

Gakenke: Turimubenshi yatunguwe n’ubuhanga yari yibitsemo ‘‘Tora Kagame Paul’’

Ubwanditsi 07 Aug 2017 Mu Rwanda

Umwarimu wigisha mu ishuri ryisumbuye rya Saint Joseph/Karuganda akaba yararangije mu ishuri rikuru rya KIST, yagaragaje ubuhanga afite mu gihe we yari azi ko ibyo yize ari ukwigisha abanyeshuri amasomo gusa, ubwo buhanga yabwerekanye mu gihe cyo gushyira ibirango by’umukandida wa PFR/Inkotanyi akoresheje ibitambaro ku inkuta z’imihanda no ku impinga z’imisozi.

Turimubenshi Onesphore washushanyije n’inguti nini yanditse ngo ‘‘Tora Kagame Paul’’ mu gihe umuntu uri mu biromtero kure yabonagana ibyanditse kuri urwo rukuta rw’umuhanda ruherereye muri santere ya Gakenke ndetse ndetse ni aho Nyakubahwa Paul Kagame Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu gihe yiyamamarizaga mu Murenge wa Nemba hakurya kure aho izo nyuguti zagaragaraga uri ku ibirometero kure cyane wabashaga kubisoma nta nkomyi.

Turimubenshi avugana n’ikinyamakuru Imvaho Nshya yagize ati ‘‘Ni bwo bwa mbere nakora biriya bishushanyo ubundi njyewe nize Imibare (Mathematique) na Géometrie, mu buryo nabanzaga gushushanya neza nifashishije ibyo nize muri Géometrie n’imibare nkamenya ngo uburebure (longueur) y’inguti iraba (2m) ireshya gutya naho ku impande (extremite) iraba ifite metero zingana gutya metero 2’’.

Uwo musore yavuze ko mu gihe yaragiriwe icyizere n’Abanyamuryango ba FPR/Inkotanyi mu Karere ka Gakenke ari ni ako ke, bakamubwira ko yatanga umusanze we mu gushushanya ibyo birango ngo na we yaratunguwe abonye umusaruro uvuyemo, Turimubenshi yagize ati ‘‘Ubundi byukuri ntabwo nize ibya design (gushushunya) ariko nabonye mbikora havamo umusaruro mu buryo abantu benshi kandi batandukanye babishimye kandi barabinshimira’’.

-7495.jpg

Yakomeje agira ati ‘‘kugira ngo nanjye mbikore ni uko nanjye nabonye banyizeye, bampa ibitambaro ndashushanya mbona birakunze, nanditse mu mutwe wanjye harimo ‘‘Géometrie’’ kurusha kwifashisha ‘‘design’’, mbikoze nabonye ari byiza’’.

Uwo musore yatanze inama kuri bagenzi be kutitinya no kwisuzugura kuko buri wese afite impano imurimo, ariko mu gihe ubashije gutinyuka ushobora gukora ibintu na we utatekerezaga ko byashoboka ukabona birabishotse.

-7494.jpg

Turimubenshi Onesphore

Turimubenshi atuye mu Mudugudu wa Gahondo Akagari ka Nyange Umurenge wa Gakenke Akarere ka Gakenke.

Triphonie Uwamahoro umunyamuryango wa FPR/Inkotanyi akaba n’umukozi ku Karere ka Gakenke, wakurikiranye icyo gikorwa by’umwihariko, kuko byari mu inshingano ze yavuze ko na we yatunguwe no kubona uburyo uwo musore abikoze neza kandi mu gihe gito cyane yagize ati ‘‘Twamubwiye tuzi ko yize iby’imibare na Géometrie, icyo yabashije ntibyakwandikwa na buri wese ni ubumenyi bwihariye’’.

Yakomeje avuga ko na we yabikoze nk’umunyamuryango abikora neza, buri wese yabikoraga nk’umunyamuryango kandi bikarangira neza.

Basanda Ns Oswald

2017-08-07
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Bamporiki Edouard yashimye inganzo ya Niyo Bosco wasohoye indirimbo nshya yitwa ‘Piyapuresha’

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Bamporiki Edouard yashimye inganzo ya Niyo Bosco wasohoye indirimbo nshya yitwa ‘Piyapuresha’

Ubwanditsi 14 Jul 2021
Gukura no Kubaho kwanjye byose bishingiye ku cyerekezo cya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame – Knowless

Gukura no Kubaho kwanjye byose bishingiye ku cyerekezo cya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame – Knowless

Ubwanditsi 08 May 2025
Burundi: Hagabwe igitero abantu 8 barapfa abandi 50 barakomereka

Burundi: Hagabwe igitero abantu 8 barapfa abandi 50 barakomereka

Ubwanditsi 10 Jul 2017
APR FC yujuje umubare w’amakipe 8 azakina ikimino ya 1/4 cy’Imikino y’igikombe cy’Amahoro, iyi kipe ibigezeho nyuma yo gusezerera Amagaju

APR FC yujuje umubare w’amakipe 8 azakina ikimino ya 1/4 cy’Imikino y’igikombe cy’Amahoro, iyi kipe ibigezeho nyuma yo gusezerera Amagaju

Ubwanditsi 22 Apr 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nyamagabe : Abayobozi 4 batawe muri yombi bazira  kunyereza umutungo wa rubanda muri gahunda ya Gir’inka
Mu Mahanga

Nyamagabe : Abayobozi 4 batawe muri yombi bazira kunyereza umutungo wa rubanda muri gahunda ya Gir’inka

Ubwanditsi 14 Sep 2016
” Ubushotoranyi bw’u Burundi, Uganda na Congo ku Rwanda: Ibisinde bizahitana uwabirimye “-Marc
INKURU NYAMUKURU

” Ubushotoranyi bw’u Burundi, Uganda na Congo ku Rwanda: Ibisinde bizahitana uwabirimye “-Marc

Ubwanditsi 19 Dec 2018
Miss Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond yapfushije impanga yari atwite
IMIKINO

Miss Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond yapfushije impanga yari atwite

Ubwanditsi 19 Feb 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru