• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Gakenke: Turimubenshi yatunguwe n’ubuhanga yari yibitsemo ‘‘Tora Kagame Paul’’

Gakenke: Turimubenshi yatunguwe n’ubuhanga yari yibitsemo ‘‘Tora Kagame Paul’’

Ubwanditsi 07 Aug 2017 Mu Rwanda

Umwarimu wigisha mu ishuri ryisumbuye rya Saint Joseph/Karuganda akaba yararangije mu ishuri rikuru rya KIST, yagaragaje ubuhanga afite mu gihe we yari azi ko ibyo yize ari ukwigisha abanyeshuri amasomo gusa, ubwo buhanga yabwerekanye mu gihe cyo gushyira ibirango by’umukandida wa PFR/Inkotanyi akoresheje ibitambaro ku inkuta z’imihanda no ku impinga z’imisozi.

Turimubenshi Onesphore washushanyije n’inguti nini yanditse ngo ‘‘Tora Kagame Paul’’ mu gihe umuntu uri mu biromtero kure yabonagana ibyanditse kuri urwo rukuta rw’umuhanda ruherereye muri santere ya Gakenke ndetse ndetse ni aho Nyakubahwa Paul Kagame Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu gihe yiyamamarizaga mu Murenge wa Nemba hakurya kure aho izo nyuguti zagaragaraga uri ku ibirometero kure cyane wabashaga kubisoma nta nkomyi.

Turimubenshi avugana n’ikinyamakuru Imvaho Nshya yagize ati ‘‘Ni bwo bwa mbere nakora biriya bishushanyo ubundi njyewe nize Imibare (Mathematique) na Géometrie, mu buryo nabanzaga gushushanya neza nifashishije ibyo nize muri Géometrie n’imibare nkamenya ngo uburebure (longueur) y’inguti iraba (2m) ireshya gutya naho ku impande (extremite) iraba ifite metero zingana gutya metero 2’’.

Uwo musore yavuze ko mu gihe yaragiriwe icyizere n’Abanyamuryango ba FPR/Inkotanyi mu Karere ka Gakenke ari ni ako ke, bakamubwira ko yatanga umusanze we mu gushushanya ibyo birango ngo na we yaratunguwe abonye umusaruro uvuyemo, Turimubenshi yagize ati ‘‘Ubundi byukuri ntabwo nize ibya design (gushushunya) ariko nabonye mbikora havamo umusaruro mu buryo abantu benshi kandi batandukanye babishimye kandi barabinshimira’’.

-7495.jpg

Yakomeje agira ati ‘‘kugira ngo nanjye mbikore ni uko nanjye nabonye banyizeye, bampa ibitambaro ndashushanya mbona birakunze, nanditse mu mutwe wanjye harimo ‘‘Géometrie’’ kurusha kwifashisha ‘‘design’’, mbikoze nabonye ari byiza’’.

Uwo musore yatanze inama kuri bagenzi be kutitinya no kwisuzugura kuko buri wese afite impano imurimo, ariko mu gihe ubashije gutinyuka ushobora gukora ibintu na we utatekerezaga ko byashoboka ukabona birabishotse.

-7494.jpg

Turimubenshi Onesphore

Turimubenshi atuye mu Mudugudu wa Gahondo Akagari ka Nyange Umurenge wa Gakenke Akarere ka Gakenke.

Triphonie Uwamahoro umunyamuryango wa FPR/Inkotanyi akaba n’umukozi ku Karere ka Gakenke, wakurikiranye icyo gikorwa by’umwihariko, kuko byari mu inshingano ze yavuze ko na we yatunguwe no kubona uburyo uwo musore abikoze neza kandi mu gihe gito cyane yagize ati ‘‘Twamubwiye tuzi ko yize iby’imibare na Géometrie, icyo yabashije ntibyakwandikwa na buri wese ni ubumenyi bwihariye’’.

Yakomeje avuga ko na we yabikoze nk’umunyamuryango abikora neza, buri wese yabikoraga nk’umunyamuryango kandi bikarangira neza.

Basanda Ns Oswald

2017-08-07
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Myugariro wa APR FC, Fitina Ombolenga azamara hanze y’ikibuga ibyumweru bine adakina kubera imvune yagiriye mu mukino w’Amavubi

Myugariro wa APR FC, Fitina Ombolenga azamara hanze y’ikibuga ibyumweru bine adakina kubera imvune yagiriye mu mukino w’Amavubi

Ubwanditsi 15 Oct 2021
Incamake y’ibyo Polisi y’u Rwanda yakoze mu Kwezi kwayo mu 2017

Incamake y’ibyo Polisi y’u Rwanda yakoze mu Kwezi kwayo mu 2017

Ubwanditsi 20 Jun 2017
Kigali :Abanyeshuri  basanga 826 barangije muri kaminuza ya UTB

Kigali :Abanyeshuri basanga 826 barangije muri kaminuza ya UTB

Ubwanditsi 10 Mar 2017
Kiyovu SC yatakaje, Police yihaniza Etincelles, Musanze ntiyaguwe neza na AS Kigali yayisanze iwayo – Uko imwe mu mikino y’umunsi wa mbere wa shampiyona wagenze.

Kiyovu SC yatakaje, Police yihaniza Etincelles, Musanze ntiyaguwe neza na AS Kigali yayisanze iwayo – Uko imwe mu mikino y’umunsi wa mbere wa shampiyona wagenze.

Ubwanditsi 01 May 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Mu mafoto: Abahanzi baba mu mazu meza kandi ahenze ku isi
IMIKINO

Mu mafoto: Abahanzi baba mu mazu meza kandi ahenze ku isi

Ubwanditsi 16 Feb 2016
Umukinnyi Wa Filimi Z’ubusambanyi Uherutse Gutangaza Ko Yaryamanye Na Perezida Trump Yatawe Muri Yombi
Mu Mahanga

Umukinnyi Wa Filimi Z’ubusambanyi Uherutse Gutangaza Ko Yaryamanye Na Perezida Trump Yatawe Muri Yombi

Ubwanditsi 12 Jul 2018
Interahamwe n’ibigarasha byabaga muri Zambiya byatangiye gukwira imishwaro nyuma y’aho polisi y’icyo gihugu n’iy’u Rwanda ziyemereje gufatanya mu guhashya abanyabyaha
Amakuru

Interahamwe n’ibigarasha byabaga muri Zambiya byatangiye gukwira imishwaro nyuma y’aho polisi y’icyo gihugu n’iy’u Rwanda ziyemereje gufatanya mu guhashya abanyabyaha

Ubwanditsi 21 Dec 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru