• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ku mvururu zatumye umukino wa Bugesera na Rayon Sports uhagararira ku munota wa 52   |   17 May 2025

  • Rwanda Premier league igiye guhemba abahize abandi Muri shampiyona y’u Rwanda 2024-2025   |   16 May 2025

  • Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho   |   14 May 2025

  • Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda   |   13 May 2025

  • Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC   |   12 May 2025

  • Amakipe ya Police WVC na APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda muri Volleyball 2024-2025   |   12 May 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Hamidou Omar wigeze kuba Depite yitabye Imana(yavuguruwe)

Hamidou Omar wigeze kuba Depite yitabye Imana(yavuguruwe)

Editorial 14 Nov 2018 Mu Rwanda

Depite Hamidou Omar wahoze ari umudepite mu nteko ishinga amategeko yitabye Imana kuri wa kabiri.

Hamidu Omar yabaye intumwa ya rubanda muri leta y’inzibacyubo kuva mu mwaka w’1994 kugeza mu mwaka wa 2007. Yaje gusubira mu nteko mu mwaka 2003 kugeza mu mwaka wa 2013.

Hamidou omar yakorewe isengesho ku musigiti wa Al Fat’ha uzwi nka Onatracom

Hamidou Omar Kiyogoma yavukiye mu mugi wa Kigali, mu karere ka nyarugenge, mu mwaka w’1957. Yize amashuri ye abanza ku ishuri ribanza Intwali, akomereza amashuri yisumbuye muri Group Scolaire Byimana aho yize umwaka umwe, akomereza muri Group scolaire sainte Andre I Nyamirambo,aho yarangije afite amanota meza akomereza muri kaminuza y’u Rwanda (UNR) aho yize Ubutabire.

Yabaye Secretaire Depite muri biro y’inteko ishinga amategeko ubwo Joseph Sebarenzi yari Perezida wayo

Yabaye umukomiseri muri komisiyo y’ivugurura ry’itegekonshinga kuva mu mwaka 2001 kugeza 2002.

Akirangiza kwiga Kaminuza i Butare, Hamidou Omar yabaye umuyobozi w’uruganda rwitwaga SOMIRWA rwacukuraga amabuye yagaciro i Rutongo.

Yabaye kandi umukozi w’icyahoze ari Electrogaz ku Gihira ku Gisenyi.

Ni umwe mu bashinze ishyaka ntangarugero muri Demokarasi PDI mu mwaka w’1991.

Hakizimana Tchale Abdallah mukuru wa Hamidou Omar yabwiye  Itangazamakuru  ko Hamidou Omar yakuze ari umunyabwenge ku buryo aho yize hose yagiye yitwara neza, avuga ko yavuye mu nteko afata ikiruhuko cy’izabukuru, akomeza guhangana n’uburwayiindwara yari amaranye igihe kinini.

Nyuma y’isengesho yashyizwe mu modoka ijyanwamo abitabye Imana

Hamidou Omar yitabye Imana aguye mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu mu bitaro bya Kibagabaga, ari naho yari atuye, azize indwara zirimo umutima na Diyabete, yari afite imyaka 61,asize umugore n’abana 5.

Yashyinguwe kuri uyu wa gatatu mu irimbi ry’I Nyamirambo, ahari na bamwe mu barwandashyaka ba PDI brangajwe imbere na Perezida w’iri shyaka akaba na Visi perezida w’inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite Sheikh Mussa Fazil Harelimana na Visi perezida waryo Mukama Abbas.

Yasengewe ku musigiti wa Al fat’ha uzwi ku izina rya Onatracom

Sheikh Mussa Fazil Harelimana Visi perezida w’inteko ishinga amategeko hamwe na Mukama Abbas bombi b’abayobozi ba PDI

Yururutswa mu mva

Ubusabe bwa nyuma, Hamidou Omar yasabiwe ku irimbi ry’i Nyamirambo

2018-11-14
Editorial

IZINDI NKURU

Perezida Kagame yafunguje Se w’umwana yateruye  i Nyamirambo  mu gihe cyo kwiyamamaza

Perezida Kagame yafunguje Se w’umwana yateruye i Nyamirambo mu gihe cyo kwiyamamaza

Editorial 17 Sep 2017
General de Brigade Ezéchiel Gakwerere n’izindi nterahamwe bagejejwe mu Rwanda nyuma y’Imyaka 30 bica banasahura

General de Brigade Ezéchiel Gakwerere n’izindi nterahamwe bagejejwe mu Rwanda nyuma y’Imyaka 30 bica banasahura

Editorial 01 Mar 2025
Ibuka  irasaba  LONI kwiga ku ruhare rw’u Bufaransa kuri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ibuka irasaba LONI kwiga ku ruhare rw’u Bufaransa kuri Jenoside yakorewe Abatutsi

Editorial 01 Jul 2017
Muri DRC hashyizweho undi Minisitiri w’Intebe utemewe na Opozisiyo yakabaye ahagarariye

Muri DRC hashyizweho undi Minisitiri w’Intebe utemewe na Opozisiyo yakabaye ahagarariye

Editorial 14 Apr 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024
Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

18 Jun 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru