• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Ikipe y’igihugu ya Mexique yakiriye igikombe cy’Isi 2026 na Koreya y’Epfo zatangiye zitsinda imikino yayo   |   12 Jun 2026

  • Nyuma y’imyaka 12 y’ubufatanye, Amasezerano ya Rayon Sports na SKOL yageze ku musozo   |   09 Jun 2026

  • Bombori bombori muri RNC: Serge Ndayizeye nawe yeretswe umuryango   |   08 Jun 2026

  • Ku bw’impamvu z’umutekano, umwiherero w’ikipe y’igihugu, Amavubi wari kubera muri Morocco wimuriwe mu Misiri   |   03 Jun 2026

  • APR FC yatangaje ko itazakomezanya n’abakinnyi batatu barimo Aliou Souané, Mamadou Sy na Mahamadou Lamine Bah   |   03 Jun 2026

  • Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze   |   03 Jun 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Inama ya RNC igice cya Kayumba mu kiriyo cy’umugore wa Rusagara

Inama ya RNC igice cya Kayumba mu kiriyo cy’umugore wa Rusagara

Ubwanditsi 29 Aug 2016 ITOHOZA

Umugore wa Rtd Brig Gen Frank Rusagara, Christine Rusagara, yitabye Imana kuwa kane tariki 18 Kanama 2016 azize uburwayi mu bitaro byo mu Bwongereza.

Amakuru agera kuri Rushyashya avuga ko Christine yari amaze igihe kinini yivuriza indwara ya kanseri mu Bwongereza, ariko abaganga bakaba batashoboye kurokora ubuzima bwe.

Yari umubyeyi w’abana batanu barimo abahungu batatu n’abakobwa babiri.

Amakuru ava mu Bwongereza akavuga ko mukiriyo cye haje abanyarwanda benshi gufata mu mugongo umuryango wa Rusagara Frank ufungiye mu Rwanda ku Mulindi, muri icyo kiriyo umukuru w’umuryango yari David Himbara usanzwe uba muri Canada, akaba ariwe wari uhagarariye umuryango wa Byabagamba ubyara David Himbara, Col. Tom Byabagamba na Nyakwigendera Christine Rusagara, maze ibyari ikiriyo Himbara abihinduramo inama ya rwishwa ya RNC igice aherereyemo cya Kayumba Nyamwasa, aha ngo hakaba haravugiwe amagambo atari meza k’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda ndetse no kwamagana madaye ya gatatu.

Amakuru twahawe n’umuntu wari hafi aho utifuje ko twatangaza izina rye ngo muri iyo nama yo mu kiriyo ngo hafatiwemo ingamba zikaze zo gutangira gukoresha itangazamakuru ryo mu Rwanda nabamwe mubanyamakuru bakorera mu Rwanda gutangira ibiganiro kuma radio na Television byigenga kwamagana manda ya gatatu ya Perezida Kagame.

Mugusoza inama Himbara yabasomeye ubutumwa bwoherejwe na Gen. Kayumba Nyamwasa bwo kwihanganisha umuryango wa Rtd Brig Gen Frank Rusagara.

Amakuru akavuga ko Christine Rusagara kugeza n’ubu atarashyingurwa, kubera ibibazo biri mu muryango. Ariko itangazo ryumvikaniye kuma radio yo mu Rwanda riravuga ko Christine Rusagara azashyingurwa ejo kuwa Gatandatu tariki ya 27 Kanama 2016, mu Bwongereza. Misa yo kumusabira irabera i Nyarutarama kuri CLA ( Christian Life Assembly kuri uyu mugoroba w’uwa gatanu.

-3841.jpg

Abavandimwe batatu, David Himbara, Col. Tom Byabagamba na Nyakwigendera Christine Rusagara

-3840.jpg

Umuryango wa Rtd Brig Gen Frank Rusagara, Christine yari umubyeyi w’abana batanu barimo abahungu batatu n’abakobwa babiri.

Umugabo we Rtd Brig Gen Frank Rusagara yahoze ari umusirikare mukuru mu ngabo z’u Rwanda aza kujya mu kiruhuko cy’izabukuru; nyuma yaho ubutabera bwatangiye kumukurikiranaho ibyaha birimo gusebya leta biza no kumuhama ahanishwa gufungwa imyaka 20.

Cyiza Davidson

2016-08-29
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Amwe mu mazina y’Abafaransa ashyirwa mu majwi mu guhanura Indege ya Habyarimana

Amwe mu mazina y’Abafaransa ashyirwa mu majwi mu guhanura Indege ya Habyarimana

Ubwanditsi 17 Oct 2017
Ubutekamutwe bwa Mugenzi bumukozeho

Ubutekamutwe bwa Mugenzi bumukozeho

Ubwanditsi 07 Nov 2016
Malawi igiye kujuririra icyemezo cyo kutohereza mu Rwanda Murekezi ukekwaho Jenoside

Malawi igiye kujuririra icyemezo cyo kutohereza mu Rwanda Murekezi ukekwaho Jenoside

Ubwanditsi 10 Jan 2018
Urwikekwe mu ishyaka Ishakwe-RNC, Ngarambe Joseph arahinjwa ubugambanyi

Urwikekwe mu ishyaka Ishakwe-RNC, Ngarambe Joseph arahinjwa ubugambanyi

Ubwanditsi 10 May 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Diamond Wagaragaye Agiye Gusomana na Wema Sepetu yavuze ku mubano bafitanye
SHOWBIZ

Diamond Wagaragaye Agiye Gusomana na Wema Sepetu yavuze ku mubano bafitanye

Ubwanditsi 30 Jan 2018
Inama ya ba Minisitiri ba EAPCCO yasoje ifashe ingamba zikomeye zo kurwanya ibyaha ndengamipaka
Mu Mahanga

Inama ya ba Minisitiri ba EAPCCO yasoje ifashe ingamba zikomeye zo kurwanya ibyaha ndengamipaka

Ubwanditsi 02 Sep 2016
Malawi: Vincent Murekezi afite ubwoba bwo koherezwa mu Rwanda
ITOHOZA

Malawi: Vincent Murekezi afite ubwoba bwo koherezwa mu Rwanda

Ubwanditsi 27 Jun 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru