Kubera ko hari abasomyi benshi bakomeje kutwandikira . Urugero ni urwa Rucogoza ati : Burasa njyewe ndakwemera cyane kubera ko iki kinyamakuru kitugezaho amakuru acukumbuye, yaba ari ayabiyita ko barwanya ibyiza tumaze kugeraho .
Ariko ndagusaba ikintu kimwe umuntu ashaka kujya abagezaho amakuru yizewe dore ko aho ntuye aruzuye twayabagezaho gute ? ubutaha uzadushakire amakuru ya Nkusi joseph kuko yasaritswe n’urwango bigaragarira buri wese. Murakoze
Ubuyobozi bw’Ikinyamakuru Rushyashya.net, buramenyesha abasomyi bacu bari hirya no hino ku isi ko bashobora gukoresha E-mail : rushyashya@gmail.com cyangwa telefone +250788350655, Iri kuri whatsapp cyangwa Facebook ya Burasajean Mukatugezaho amakuru yose mwifuza ndetse narebana n’akarengane turayakira tukayacukumbura, tukayageza kubanyarwanda badusoma. Murakoze. Ubuyobozi bw’Ikinyamakuru Rushyashya.net



![[AMAFOTO]: Polisi y’u Rwanda yatashye imirongo ibiri mishya izajya isuzuma ubuziranenge bw’imodoka [AMAFOTO]: Polisi y’u Rwanda yatashye imirongo ibiri mishya izajya isuzuma ubuziranenge bw’imodoka](https://rushyashya.net/wp-content/uploads/2016/10/arton7148-360x240.jpg)
