• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Habura iminsi 3 ngo shampiyona irangire, Al Hilal yegukanye igikombe cy’icyubahiro cya BK Pro League 2025-2026   |   13 May 2026

  • Rwanda Premier League yemeje ko hazatangwa ibikombe bibiri bya shampiyona, bitandukanye n’ibyo FERWAFA yari yatangaje   |   12 May 2026

  • Itangazamakuru si inzira yo gushakiramo amaronko binyuze mu gukora ibyaha, ubutabera bugomba gukora akazi kabwo   |   11 May 2026

  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Karamaga wahishe umurambo wa Uwiringiyimana Agathe yatangiye kurindirwa umutekano

Karamaga wahishe umurambo wa Uwiringiyimana Agathe yatangiye kurindirwa umutekano

Ubwanditsi 21 Apr 2017 ITOHOZA

Karamaga Thadee, wahoze mu ngabo za kera (EX –FAR) yatangiye kurindirwa umutekano nyuma y’iminsi mike atangaje ko hari abantu bamuhamagara kuri telefone bakamutera ubwoba.

Ubwo Jenoside yatangiraga, Karamaga yari afite ipeti rya Kaporali , ashinzwe uburuhukiro bw’ibitaro bya gisirikare i Kanombe.

Avuga ko tariki 7 Mata ubwo Uwiringiyimana Agathe wari Minisitiri w’Intebe yari amaze kwicwa, yazaniwe umurambo we ategekwa kuwushyingura.

Karamaga ntabwo yawushyinguye nkuko yari abisabwe n’uwari umukuriye, ahubwo yahishe uwo murambo kugeza igihe ingabo za FPR Inkotanyi zibohoreje igihugu arawuziha ngo ziwushyingure mu cyubahiro.

Mu cyumweru gishize ubwo hibukwaga abanyapolitiki bashyinguye i Nyanza ya Kicukiro bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, Karamaga yatangaje ko amaze iminsi aterwa ubwoba n’abantu bamuhamagara kuri telefone. Inshuro yahamagawe byagaragaye ko yahamagawe n’abantu bari mu Budage, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ndetse no muri Pakistani.

Yavuze ko a amaze guhamagarwa inshuro eshatu harimo n’abamubwira ko bazamwica kuko ngo yabagambaniye.

Perezida wa Sena Bernard Makuza yamwijeje ko ntacyo abo bantu bazamutwara
KTPress dukesha iyi nkuru yanditse ko kuri ubu Karamaga ubu yahawe abashinzwe kumurindira umutekano, bakunze kuba hafi y’iwe.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Theos Badege, yabwiye Ktpress ko bishimiye ko noneho Karamaga afite umutekano.

Yavuze ko umutangabuhamya wese ugaragaje impungenge z’umutekano we bafite inshingano zo kumurinda byihariye, nubwo bashinzwe no kurinda abanyarwanda bose muri rusange.

Uretse guhisha umurambo wa Uwiringiyimana, Karamaga yanahishe bamwe mu batutsi bahigwaga muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

-6362.jpg
Karamaga Thadee

Karamaga Thadee anavuga ko mu gihe cy’Inkiko Gacaca yatanze amakuru ku bari abayobozi bakuru b’interahamwe, yerekanye ibyobo 3 byari mu Kigo cya Gisirikare i Kanombe, byarashyinguwemo imirambo y’Abatutsi bicwaga, yanatanze kandi urutonde rw’abasirikare bakuru bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi kandi abenshi barafashwe.

Nyuma ya Jenoside kandi, Karamaga Thadee yafatanyije n’Inkotanyi kurwanya abacengenzi ndetse yabashije no kwivugana umwe ubwo bari baturutse mu cyahoze ari komini ya Kigombe bagana muri komini ya Nkumba, ubu ni mu ntara y’Amajyaruguru, bahacika ubwo.

2017-04-21
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Inzego z’ubutasi za Uganda [ CMI ] zubuye ibikorwa byo gushimuta  Abanyarwanda

Inzego z’ubutasi za Uganda [ CMI ] zubuye ibikorwa byo gushimuta Abanyarwanda

Ubwanditsi 29 Mar 2018
Jean Paul Turayishimiye ariyemerera ko yishe umukecuru w’imyaka 70  

Jean Paul Turayishimiye ariyemerera ko yishe umukecuru w’imyaka 70  

Ubwanditsi 12 Jul 2019
U Rwanda rwamaganye ubusabe bwo gufungura Ngeze na bagenzi be bahamijwe Jenoside

U Rwanda rwamaganye ubusabe bwo gufungura Ngeze na bagenzi be bahamijwe Jenoside

Ubwanditsi 14 May 2018
Biracyekwa ko Urupfu rwa Padiri Evariste Nambaje rwaba rufitanye isano no kwiyamamaza kwa Nahimana

Biracyekwa ko Urupfu rwa Padiri Evariste Nambaje rwaba rufitanye isano no kwiyamamaza kwa Nahimana

Ubwanditsi 24 Nov 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

U Butaliyani bwashyizeho agahigo ko kuba ikipe ya mbere itsinze ibitego byinshi mu mukino ufungura irushanwa rya EURO.
Amakuru

U Butaliyani bwashyizeho agahigo ko kuba ikipe ya mbere itsinze ibitego byinshi mu mukino ufungura irushanwa rya EURO.

Ubwanditsi 12 Jun 2021
Teta Diana yageze i Dakar aho agiye gususurutsa abazitabira ‘Next Einstein Forum, NEF’
IMIKINO

Teta Diana yageze i Dakar aho agiye gususurutsa abazitabira ‘Next Einstein Forum, NEF’

Ubwanditsi 08 Mar 2016
Abarundi basubiye Arusha mu mishyikirano igomba kutazagira icyo igeraho
INKURU NYAMUKURU

Abarundi basubiye Arusha mu mishyikirano igomba kutazagira icyo igeraho

Ubwanditsi 27 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru