• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Hon. Havugimana Emmanuel yatwibukije Inkomoko ya Masudi na Giraso yiturwa indi Ikinani cyamugereyemo   |   11 Sep 2026

  • Abana b’abagize uruhare muri Jenoside bongeye kwibutsa imigambi yapfubye y’ababyeyi babo   |   11 Sep 2026

  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

 
You are at :Home»POLITIKI»Museveni yatsinze amatora Mbabazi atsindwa cyane

Museveni yatsinze amatora Mbabazi atsindwa cyane

Ubwanditsi 25 Feb 2016 POLITIKI

Ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu nay’abadepite muri Uganda byamenyekanye uyu munsi aho Perezida usanzweho yatsinze n’amajwi 60.75 %.

Perezida Yoweri Kaguta Museveni watsinze n’ayo majwi asaga 60 % yakurikiwe na Kizza Besigye wabonye amajwi angana na 35.37 % n’ undi mukandida wabonaga afite imbaraga muri kampanye, Amama Mbabazi, atsindwa cyane kuko yabonye amajwi angana 1.43 % gusa !

Abiyamamarizaga umwanya w’umukuru w’igihugu bari umunani, harimo umugore umwe. Uretse Museveni, Besigye na Mbabazi ntawundi muri abo bakandida bandi wabonye amajwi agera kuri 1%.

Muri rusange amatora yagenze neza uretse gusa yuko mu kwiyamamaza hari aho polisi yahanganaga n’abayoboke b’ishyaka FDC ndetse n’umuyobozi waryo, Kizza Besigye agatabwa muri yombi nk’uko n’ubu amajwi yatangajwe afungiwe iwe murugo.

Ibi ariko ntabwo byagize icyo bibangamiraho amatora nk’uko byemezwa na benshi mu ndorerezi z’amatora zibarirwa ku 5000.

Ku myanya y’abadepite amashyaka yose yagiye agabagabana aho abaminisitiri ba NRM bagera kuri 20 batakaje imyanya yabo y’ubudepite. Muri Uganda ntabwo ushobora kuba minisitiri utari umudepite.

-77.png

Perezida Yoweli Museveni na Amama Mbabazi

-2196.jpg

Museveni ari ku butegetsi kuva mu 1986, nyuma y’iyi manda atorewe y’imyaka itanu azaba abumazeho imyaka 35, akaba azaba agiye mu mubare w’abakuru b’ibihugu bamaze igihe kirekire ku butegetsi.

-2195.jpg

Kizza Besigye amajwi yatangajwe afungiwe iwe murugo.

Muri 2006 muri icyo gihugu cya Uganda bakuyeho ibya manda ntarengwa umukuru w’igihugu agomba kumara ku butegetsi ariko hari ingingo ivuga yuko Perezida wa Uganda adashobora kuba arengeje imyaka 75 y’amavuko kandi Museveni yarangije gutangaza yuko azubahiriza iyo ngingo ntazongere kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu.

Amama Mbabazi yigeze kuba umunyamabanga mukuru w’iryo shyaka rya Museveni riri ku butefetsi, NRM, aza no kuba Minisitiri w’intebe muri leta ya Museveni. Besigye we yari Umuganga wa Museveni NRM ikiri mu ishyamba.

Kayumba Casmiry

2016-02-25
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Amashyaka PL na PSD mu nzira yo gutangaza abakandida babo ku mwanya wa Perezida wa Repubulika?

Amashyaka PL na PSD mu nzira yo gutangaza abakandida babo ku mwanya wa Perezida wa Repubulika?

Ubwanditsi 31 May 2017
Twibeshye kuri Dr Christian  MARARA

Twibeshye kuri Dr Christian MARARA

Ubwanditsi 21 Apr 2016
Perezida Mnangagwa yashinje inkoramutima za Grace Mugabe gutera igisasu aho yiyamamarizaga

Perezida Mnangagwa yashinje inkoramutima za Grace Mugabe gutera igisasu aho yiyamamarizaga

Ubwanditsi 27 Jun 2018
Sena yatangaje ibyavuye mu bushakashatsi ku ihakana n’ipfobya bya jenoside bibera mu mahanga n’ingamba zo kubirwanya

Sena yatangaje ibyavuye mu bushakashatsi ku ihakana n’ipfobya bya jenoside bibera mu mahanga n’ingamba zo kubirwanya

Ubwanditsi 04 Oct 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuntu wese winjiye mu rubanza rw’abo kwa Rwigara yasatswe
ITOHOZA

Umuntu wese winjiye mu rubanza rw’abo kwa Rwigara yasatswe

Ubwanditsi 11 Oct 2017
Bobi Wine yakubitiwe mu ngobyi y’abarwayi
HIRYA NO HINO

Bobi Wine yakubitiwe mu ngobyi y’abarwayi

Ubwanditsi 31 Aug 2018
Kayiranga Baptiste  yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’abari munsi y’imyaka 18
Amakuru

Kayiranga Baptiste yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’abari munsi y’imyaka 18

Ubwanditsi 17 Nov 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru